
Amakipe y’ibihugu 16 y’abakinnyi bakina imbere mu gihugu azitabira igikombe cya CHAN kizabera muri Cameroon umwaka utaha yamaze kumenyekana.
Ni nyuma yuko amajonjora yo gushaka itike y’iyi mikino ya CHAN yamaze kurangira aho harimo ibihugu 16 n’u Rwanda bigomba guhurira muri cameroon bahatanira igikombe cy’abakinyi bakina imbere mu gihugu.
Iyi CHAN yagombaga kubera muri Ethiopia mu gihugu gituwe n’abaturajye barenga miliyoni 90, ntibayakira bitewe n’imitegurire itarabaye myiza.
Kuva igikombe cya CHAN cyatangira, u Rwanda
rugiye kwitabira aya marushanwa inshuro ya 3 mu nshuro enye iri rushanwa ribaye.
Ibihugu 16 bizakina CHAN 2020
1 Cameroon
2 Tanzania
3 Uganda
4 Zambia
5 Rwanda
6 Namibia
7 Togo
8 Marocoo
9 Zimbabwe
10 DRC congo
11 congo
12 Tunisia
13 Burkina faso
14 Guinea
15 Niger
16 Mali
Tombola yo gushyira amakipe mu matsinda iteganyijwe mu kwezi gutaha I Yaounde muri camerron.