Charity Pierce upima ibiro 346 arifuza kutazasezeranira Iwabo mu nzu

Charity Pierce  ni umukobwa  ukomoka muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika w’imyaka 38 ariko ibiro 346 akaba agiye gukora ubukwe n’umukunzi we Tony Sauer w’imyaka 22 wemeza ko umubyibuho ukabije ku mukunzi we ntacyo umutwaye.

Icyatumye Tony yemeza ko umubyibuho atari ikibazo kuri we, ni uko umukunzi we abashagukora imibonano mpuzabitsina.na  Charity Pierce utuye muri Leta ya Iowa ashobora kwicwa n’uburwayi bw’umutima isaha iyo ariyo yose nk’uko bitangazwa n’urubuga parismatch.com.

Afite umubyibuho utuma adashobora kugira aho ajya cyangwa kubaho ubuzima busanzwe, akaba amaze imyaka itatu abayeho muri ubwo buzima, adasohoka mu rugo keretse rimwe na rimwe iyo atwawen’uwo mukunzi we.

Parismatch ivuga ko nubwo ubuzima Charityabayemo butamworoheye, yifuza gusezerana n’umukunzi we Tony akaba yanafashe icyemezo cyo  kugerageza kugabanya umubyibuho.

Charity we avuga ko adashaka kuzasezeranira mu rugo. Ati « Sinshakakuzasezeranira mu rugo, ndashaka kugira ubushobozi bwo kugenda. »Kimwe n’abandi bose bitegura gukora ubukwe, nawe afite imishinga ateganya ; avuga ko we n’umukunzi we bakunda ’’country musique ’’akaba yiteguye kuzambara ikanzu y’abageni, hamwe n’ingofero yabugenewe

Bivugwa ko Tony, umukunzi wa Charity, ari n’umuvandimwe w’uwo bahoze bakundana banafitanye umwana w’imyaka 18, uretse kowe avuga ko ahangayikishijwe n’umubyihuho

Facebook Comments
Share Button

auto ads

Recommended For You

About the Author: Nsanzabera Jean Paul

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *