Ifoto y’umukobwa wabaye nyampinga yambaye ubusa buri buri yagiye kuyoherereza umugabo we irayoba none bimukozeho (Amafoto)

Uwabaye Miss Miss Kentucky muri Leta zunze ubumwe za Amerika, yakatiwe igifungo cy’imyaka 2 azira koherereza, amafoto y’ubwambure umwana utarageza imyaka y’ubukure.

NIBA URENGEJE IMYAKA 18 KANDA HANO UREBE

Ramsey Bearse w’imyaka 29 yashinjwaga kohereza amafoto yambaye ubusa ku munyeshuri w’imyaka 15 hagati ya Kanama na Ukwakira 2018 ubwo yigishaga mu ishuri ryisumbuye rya Andrew Jackson muri Virijiniya y’Uburengerazuba.

Ramsey Bearse yemeye mu rukiko ko yohereje byibuze amafoto ane yambaye ubusa ariko akemeza ko yagaragaraga igice cyo hejuru.

Yagize ati “Kubera ko ndi mukuru kandi ari ingimbi , byanze bikunze ni amakosa yanjye kandi nemera amakosa nakoze.”

Bearse wambaye ikamba rya Miss Kentucky mu 2014, yabwiye umucamanza ko imwe mu mafoto ashobora guteza akaga yari igenewe umugabo we.

Uyu Miss avugako mukoherereza amafoto uyu mwana w’imyaka 15 habayemo kwibeshya kuko izina rye ryari rikurikiranye n’iry’umukunzi we, nuko mugihe uyu mwana yamusabaga amafoto, amwoherereza amafoto menshi harimo niyarigenewe umukunzi we, iyi foto akaba yari yambaye ubusa buri buri ari nayo yatumye bamujyana mu nkiko kuko bitari bikwiye ko ayereka umwana utaruzuza imyaka y’ubukure.

Bearse yakatiwe igifungo cy’imyaka ibiri kubera kohereza ibintu biteye isoni ku mwana muto.

auto ads

Recommended For You

About the Author: kalisa john

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *