{"id":2422,"date":"2025-09-08T12:33:18","date_gmt":"2025-09-08T12:33:18","guid":{"rendered":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=2422"},"modified":"2025-09-08T12:33:18","modified_gmt":"2025-09-08T12:33:18","slug":"minisitiri-wuburezi-yasabye-ababyeyi-kunganira-abarimu-mu-burezi-bwabana","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=2422","title":{"rendered":"Minisitiri w\u2019Uburezi yasabye ababyeyi kunganira abarimu mu burezi bw\u2019abana"},"content":{"rendered":"<p><strong>Minisitiri w\u2019Uburezi, Nsengimana Joseph, yasabye ababyeyi kudaterera iyo ngo bumve ko imyigire y\u2019umwana ireba umwarimu gusa ahubwo ko na bo bakwiye gukurikirana uko umwana yiga bakamenya uko bamufasha ageze mu rugo.<\/strong><\/p>\n<div class=\"google-auto-placed ap_container\">\n<p>Ibi yabitangaje ubwo ku wa 8 Nzeri 2025, ubwo hatangizwaga umwaka w\u2019amashuri wa 2025\/2026 ku rwego rw\u2019igihugu, watangirijwe ku Rwunge rw\u2019Amashuri rwa Kicukiro.<\/p>\n<p>Nsengimana yavuze ko hari ababyeyi birara bakumva ko kuba umwana yagiye ku ishuri bihagije, ntibakurikirane ngo bamenye niba umwana yiga neza, atsinda cyangwa hari ikindi kibazo afite, bigatuma umwana ashobora kudidindira mu ishuri ntibamenye icyabiteye.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201cAbabyeyi dusangiye kurerera igihugu ndetse amashuri yiteguye gufasha abana ariko amashuri ntabwo ahagije ngo abana bige, n\u2019ababyeyi bafite uruhare kugira ngo bamenye uko abana bifashe ku mashuri.\u201d<\/p>\n<p>Akomeza ati \u201cUbwo rero twasaba ababyeyi ko bajya begera amashuri bakabaza uko imyigire y\u2019abana ihagaze, icyo bakora kugira ngo babafashe kwiga neza, ntibarebere gusa ahubwo tugafashanya kugira ngo abana batsinde.\u201d<\/p>\n<p>Umuyobozi wungirije w\u2019Umujyi wa Kigali ushinzwe Imibereho Myiza y\u2019Abaturage, Urejeni Martine, yavuze ko hakiri ikibazo cy\u2019uruhare rw\u2019ababyeyi mu kwishyura ifunguro ry\u2019umwana ku ishuri bityo bagiye gushyira imbaraga mu kwibutsa ababyeyi kwishyura ifunguro ry\u2019umwana ku ishuri.<\/p>\n<p>Ati \u201cTwakoze ubukangurambaga bwo kugira ngo ababyeyi bishyure kandi bishyure hakiri kare uruhare rwabo ku ifunguro ry\u2019abana. Ni ikibazo cyagaragaye ndetse dukomeje ubukangurambaga kugira ngo ababyeyi bose bumve icyo kintu.\u201d<\/p>\n<p>Nshimiyimana Jesca utangiye umwaka wa gatanu w\u2019amashuri yisumbuye, yavuze ko mu biruhuko bafashije ababyeyi imirimo ariko batibagiwe no kongera kwiyibutsa ibyo bize.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201cTwafashe umwanya wo kuruhuka, dufasha ababyeyi imirimo ariko tugafata n\u2019umwanya wo gusubiramo amasomo kugira ngo tuzagaruka ku ishuri hari ibyo twibagiwe.\u201d<\/p>\n<p>Ibyishaka Fabrice uri mu mwaka wa gatandatu w\u2019amashuri yisumbuye yavuze ko uyu mwaka azanye ingamba nshya ndetse no gufatira urugero rwiza kuri bakuru be batsinze kugira ngo nawe azabashe gutsinda.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201cTwagerageje kurebera ku bakoze umwaka ushize bidutera imbaraga zo kuba natwe twakora kugira ngo tugire ibyo duhindura mu myigire yacu natwe tuzatsinze nkabo cyangwa na neza kubarusha.\u201d<\/p>\n<p>Urwunge rw\u2019Amashuri rwa Kicukiro ni ishuri ryubatswe mu 1964, kuri ubu ryakira abanyeshuri 2.708 barimo abakobwa 1.346 n\u2019abahungu 1.362.<\/p>\n<p>Mu mujyi wa Kigali hateganyijwe gutangira abanyeshuri ibihumbi 430, batangirira mu mashuri 669 awugize.<\/p>\n<p><span class=\"spip_document_128030 spip_documents spip_documents_center\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" src=\"https:\/\/umuryango.rw\/IMG\/jpg\/ababyeyi_bibukijwe_kwishyurira_ku_gihe_uruhare_rwabo_ku_ifunguro_ry_umwana_ku_ishuri-9408e.jpg\" alt=\"\" width=\"900\" height=\"601\" \/><\/span>Abanyeshuri batangiye amasomo bafite imbaraga<br class=\"autobr\" \/><span class=\"spip_document_128031 spip_documents spip_documents_center\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" src=\"https:\/\/umuryango.rw\/IMG\/jpg\/abanyeshuri_basabwe_gukora_cyane_mu_mwaka_w_amashuri_wa_2025-2026_kugira_ngo_bazatsinze_neza-97a13.jpg\" alt=\"\" width=\"900\" height=\"601\" \/><\/span>Abanyeshuri basabwe gukora cyane mu mwaka w\u2019amashuri wa 2025\/2026 kugira ngo bazatsinde neza<\/p>\n<\/div>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Minisitiri w\u2019Uburezi, Nsengimana Joseph, yasabye ababyeyi kudaterera iyo ngo bumve ko imyigire y\u2019umwana ireba umwarimu gusa ahubwo ko na bo bakwiye gukurikirana uko umwana yiga bakamenya uko bamufasha ageze mu rugo. Ibi yabitangaje ubwo ku wa 8 Nzeri 2025, ubwo hatangizwaga umwaka w\u2019amashuri wa 2025\/2026 ku rwego rw\u2019igihugu, watangirijwe ku Rwunge rw\u2019Amashuri rwa Kicukiro. Nsengimana<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":2429,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"pagelayer_contact_templates":[],"_pagelayer_content":"","_monsterinsights_skip_tracking":false,"footnotes":""},"categories":[53,114],"tags":[],"class_list":["post-2422","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-mu-rwanda","category-uburezi"],"aioseo_notices":[],"aioseo_head":"\n\t\t<!-- All in One SEO 5.0.1 - aioseo.com -->\n\t<meta name=\"description\" content=\"Minisitiri w\u2019Uburezi, Nsengimana Joseph, yasabye ababyeyi kudaterera iyo ngo bumve ko imyigire y\u2019umwana ireba umwarimu gusa ahubwo ko na bo bakwiye gukurikirana uko umwana yiga bakamenya uko bamufasha ageze mu rugo. Ibi yabitangaje ubwo ku wa 8 Nzeri 2025, ubwo hatangizwaga umwaka w\u2019amashuri wa 2025\/2026 ku rwego rw\u2019igihugu, watangirijwe ku Rwunge rw\u2019Amashuri rwa Kicukiro. Nsengimana\" \/>\n\t<meta name=\"robots\" content=\"max-image-preview:large\" \/>\n\t<meta name=\"author\" content=\"admin\"\/>\n\t<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=2422\" \/>\n\t<meta name=\"generator\" content=\"All in One SEO (AIOSEO) 5.0.1\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:site_name\" content=\"Ikaze kuri Kigalihit.rw - Kigalihit.rw\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:title\" content=\"Minisitiri w\u2019Uburezi yasabye ababyeyi kunganira abarimu mu burezi bw\u2019abana - Ikaze kuri Kigalihit.rw\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:description\" content=\"Minisitiri w\u2019Uburezi, Nsengimana Joseph, yasabye ababyeyi kudaterera iyo ngo bumve ko imyigire y\u2019umwana ireba umwarimu gusa ahubwo ko na bo bakwiye gukurikirana uko umwana yiga bakamenya uko bamufasha ageze mu rugo. Ibi yabitangaje ubwo ku wa 8 Nzeri 2025, ubwo hatangizwaga umwaka w\u2019amashuri wa 2025\/2026 ku rwego rw\u2019igihugu, watangirijwe ku Rwunge rw\u2019Amashuri rwa Kicukiro. Nsengimana\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=2422\" \/>\n\t\t<meta property=\"article:published_time\" content=\"2025-09-08T12:33:18+00:00\" \/>\n\t\t<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-09-08T12:33:18+00:00\" \/>\n\t\t<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n\t\t<meta name=\"twitter:title\" content=\"Minisitiri w\u2019Uburezi yasabye ababyeyi kunganira abarimu mu burezi bw\u2019abana - Ikaze kuri Kigalihit.rw\" \/>\n\t\t<meta name=\"twitter:description\" content=\"Minisitiri w\u2019Uburezi, Nsengimana Joseph, yasabye ababyeyi kudaterera iyo ngo bumve ko imyigire y\u2019umwana ireba umwarimu gusa ahubwo ko na bo bakwiye gukurikirana uko umwana yiga bakamenya uko bamufasha ageze mu rugo. Ibi yabitangaje ubwo ku wa 8 Nzeri 2025, ubwo hatangizwaga umwaka w\u2019amashuri wa 2025\/2026 ku rwego rw\u2019igihugu, watangirijwe ku Rwunge rw\u2019Amashuri rwa Kicukiro. Nsengimana\" \/>\n\t\t<script type=\"application\/ld+json\" class=\"aioseo-schema\">\n\t\t\t{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"BlogPosting\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=2422#blogposting\",\"name\":\"Minisitiri w\\u2019Uburezi yasabye ababyeyi kunganira abarimu mu burezi bw\\u2019abana - Ikaze kuri Kigalihit.rw\",\"headline\":\"Minisitiri w\\u2019Uburezi yasabye ababyeyi kunganira abarimu mu burezi bw\\u2019abana\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?author=1#author\"},\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/#organization\"},\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2025\\\/09\\\/arton87932-8b83b.jpeg\",\"width\":800,\"height\":640},\"datePublished\":\"2025-09-08T12:33:18+00:00\",\"dateModified\":\"2025-09-08T12:33:18+00:00\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=2422#webpage\"},\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=2422#webpage\"},\"articleSection\":\"Mu Rwanda, Uburezi\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=2422#breadcrumblist\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw#listItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\",\"nextItem\":{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?cat=53#listItem\",\"name\":\"Mu Rwanda\"}},{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?cat=53#listItem\",\"position\":2,\"name\":\"Mu Rwanda\",\"item\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?cat=53\",\"nextItem\":{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=2422#listItem\",\"name\":\"Minisitiri w\\u2019Uburezi yasabye ababyeyi kunganira abarimu mu burezi bw\\u2019abana\"},\"previousItem\":{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw#listItem\",\"name\":\"Home\"}},{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=2422#listItem\",\"position\":3,\"name\":\"Minisitiri w\\u2019Uburezi yasabye ababyeyi kunganira abarimu mu burezi bw\\u2019abana\",\"previousItem\":{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?cat=53#listItem\",\"name\":\"Mu Rwanda\"}}]},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/#organization\",\"name\":\"Ikaze kuri Kigalihit.rw\",\"description\":\"Kigalihit.rw\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?author=1#author\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?author=1\",\"name\":\"admin\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=2422#authorImage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/f359dc394d156f302cb68720606d914f7cb486d3641deede66e9d3e5191a8a1f?s=96&d=mm&r=g\",\"width\":96,\"height\":96,\"caption\":\"admin\"}},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=2422#webpage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=2422\",\"name\":\"Minisitiri w\\u2019Uburezi yasabye ababyeyi kunganira abarimu mu burezi bw\\u2019abana - Ikaze kuri Kigalihit.rw\",\"description\":\"Minisitiri w\\u2019Uburezi, Nsengimana Joseph, yasabye ababyeyi kudaterera iyo ngo bumve ko imyigire y\\u2019umwana ireba umwarimu gusa ahubwo ko na bo bakwiye gukurikirana uko umwana yiga bakamenya uko bamufasha ageze mu rugo. Ibi yabitangaje ubwo ku wa 8 Nzeri 2025, ubwo hatangizwaga umwaka w\\u2019amashuri wa 2025\\\/2026 ku rwego rw\\u2019igihugu, watangirijwe ku Rwunge rw\\u2019Amashuri rwa Kicukiro. Nsengimana\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/#website\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=2422#breadcrumblist\"},\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?author=1#author\"},\"creator\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?author=1#author\"},\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2025\\\/09\\\/arton87932-8b83b.jpeg\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=2422\\\/#mainImage\",\"width\":800,\"height\":640},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=2422#mainImage\"},\"datePublished\":\"2025-09-08T12:33:18+00:00\",\"dateModified\":\"2025-09-08T12:33:18+00:00\"},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/\",\"name\":\"Ikaze kuri Kigalihit.rw\",\"description\":\"Kigalihit.rw\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/#organization\"}}]}\n\t\t<\/script>\n\t\t<!-- All in One SEO -->\n\n","aioseo_head_json":{"title":"Minisitiri w\u2019Uburezi yasabye ababyeyi kunganira abarimu mu burezi bw\u2019abana - Ikaze kuri Kigalihit.rw","description":"Minisitiri w\u2019Uburezi, Nsengimana Joseph, yasabye ababyeyi kudaterera iyo ngo bumve ko imyigire y\u2019umwana ireba umwarimu gusa ahubwo ko na bo bakwiye gukurikirana uko umwana yiga bakamenya uko bamufasha ageze mu rugo. Ibi yabitangaje ubwo ku wa 8 Nzeri 2025, ubwo hatangizwaga umwaka w\u2019amashuri wa 2025\/2026 ku rwego rw\u2019igihugu, watangirijwe ku Rwunge rw\u2019Amashuri rwa Kicukiro. Nsengimana","canonical_url":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=2422","robots":"max-image-preview:large","keywords":"","webmasterTools":{"miscellaneous":""},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"BlogPosting","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=2422#blogposting","name":"Minisitiri w\u2019Uburezi yasabye ababyeyi kunganira abarimu mu burezi bw\u2019abana - Ikaze kuri Kigalihit.rw","headline":"Minisitiri w\u2019Uburezi yasabye ababyeyi kunganira abarimu mu burezi bw\u2019abana","author":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?author=1#author"},"publisher":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/#organization"},"image":{"@type":"ImageObject","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/09\/arton87932-8b83b.jpeg","width":800,"height":640},"datePublished":"2025-09-08T12:33:18+00:00","dateModified":"2025-09-08T12:33:18+00:00","inLanguage":"en-US","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=2422#webpage"},"isPartOf":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=2422#webpage"},"articleSection":"Mu Rwanda, Uburezi"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=2422#breadcrumblist","itemListElement":[{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw#listItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/kigalihit.rw","nextItem":{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=53#listItem","name":"Mu Rwanda"}},{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=53#listItem","position":2,"name":"Mu Rwanda","item":"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=53","nextItem":{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=2422#listItem","name":"Minisitiri w\u2019Uburezi yasabye ababyeyi kunganira abarimu mu burezi bw\u2019abana"},"previousItem":{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw#listItem","name":"Home"}},{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=2422#listItem","position":3,"name":"Minisitiri w\u2019Uburezi yasabye ababyeyi kunganira abarimu mu burezi bw\u2019abana","previousItem":{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=53#listItem","name":"Mu Rwanda"}}]},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/#organization","name":"Ikaze kuri Kigalihit.rw","description":"Kigalihit.rw","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?author=1#author","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/?author=1","name":"admin","image":{"@type":"ImageObject","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=2422#authorImage","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/f359dc394d156f302cb68720606d914f7cb486d3641deede66e9d3e5191a8a1f?s=96&d=mm&r=g","width":96,"height":96,"caption":"admin"}},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=2422#webpage","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=2422","name":"Minisitiri w\u2019Uburezi yasabye ababyeyi kunganira abarimu mu burezi bw\u2019abana - Ikaze kuri Kigalihit.rw","description":"Minisitiri w\u2019Uburezi, Nsengimana Joseph, yasabye ababyeyi kudaterera iyo ngo bumve ko imyigire y\u2019umwana ireba umwarimu gusa ahubwo ko na bo bakwiye gukurikirana uko umwana yiga bakamenya uko bamufasha ageze mu rugo. Ibi yabitangaje ubwo ku wa 8 Nzeri 2025, ubwo hatangizwaga umwaka w\u2019amashuri wa 2025\/2026 ku rwego rw\u2019igihugu, watangirijwe ku Rwunge rw\u2019Amashuri rwa Kicukiro. Nsengimana","inLanguage":"en-US","isPartOf":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/#website"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=2422#breadcrumblist"},"author":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?author=1#author"},"creator":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?author=1#author"},"image":{"@type":"ImageObject","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/09\/arton87932-8b83b.jpeg","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=2422\/#mainImage","width":800,"height":640},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=2422#mainImage"},"datePublished":"2025-09-08T12:33:18+00:00","dateModified":"2025-09-08T12:33:18+00:00"},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/#website","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/","name":"Ikaze kuri Kigalihit.rw","description":"Kigalihit.rw","inLanguage":"en-US","publisher":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/#organization"}}]},"og:locale":"en_US","og:site_name":"Ikaze kuri Kigalihit.rw - Kigalihit.rw","og:type":"article","og:title":"Minisitiri w\u2019Uburezi yasabye ababyeyi kunganira abarimu mu burezi bw\u2019abana - Ikaze kuri Kigalihit.rw","og:description":"Minisitiri w\u2019Uburezi, Nsengimana Joseph, yasabye ababyeyi kudaterera iyo ngo bumve ko imyigire y\u2019umwana ireba umwarimu gusa ahubwo ko na bo bakwiye gukurikirana uko umwana yiga bakamenya uko bamufasha ageze mu rugo. Ibi yabitangaje ubwo ku wa 8 Nzeri 2025, ubwo hatangizwaga umwaka w\u2019amashuri wa 2025\/2026 ku rwego rw\u2019igihugu, watangirijwe ku Rwunge rw\u2019Amashuri rwa Kicukiro. Nsengimana","og:url":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=2422","article:published_time":"2025-09-08T12:33:18+00:00","article:modified_time":"2025-09-08T12:33:18+00:00","twitter:card":"summary_large_image","twitter:title":"Minisitiri w\u2019Uburezi yasabye ababyeyi kunganira abarimu mu burezi bw\u2019abana - Ikaze kuri Kigalihit.rw","twitter:description":"Minisitiri w\u2019Uburezi, Nsengimana Joseph, yasabye ababyeyi kudaterera iyo ngo bumve ko imyigire y\u2019umwana ireba umwarimu gusa ahubwo ko na bo bakwiye gukurikirana uko umwana yiga bakamenya uko bamufasha ageze mu rugo. Ibi yabitangaje ubwo ku wa 8 Nzeri 2025, ubwo hatangizwaga umwaka w\u2019amashuri wa 2025\/2026 ku rwego rw\u2019igihugu, watangirijwe ku Rwunge rw\u2019Amashuri rwa Kicukiro. Nsengimana"},"aioseo_meta_data":{"post_id":"2422","title":null,"description":null,"keywords":null,"keyphrases":{"focus":{"keyphrase":"","score":0,"analysis":{"keyphraseInTitle":{"score":0,"maxScore":9,"error":1}}},"additional":[]},"primary_term":null,"canonical_url":null,"og_title":null,"og_description":null,"og_object_type":"default","og_image_type":"default","og_image_url":null,"og_image_width":null,"og_image_height":null,"og_image_custom_url":null,"og_image_custom_fields":null,"og_video":"","og_custom_url":null,"og_article_section":null,"og_article_tags":null,"twitter_use_og":false,"twitter_card":"default","twitter_image_type":"default","twitter_image_url":null,"twitter_image_custom_url":null,"twitter_image_custom_fields":null,"twitter_title":null,"twitter_description":null,"schema":{"blockGraphs":[],"customGraphs":[],"default":{"data":{"Article":[],"Course":[],"Dataset":[],"FAQPage":[],"Movie":[],"Person":[],"Product":[],"ProductReview":[],"Car":[],"Recipe":[],"Service":[],"SoftwareApplication":[],"WebPage":[]},"graphName":"BlogPosting","isEnabled":true},"graphs":[]},"schema_type":"default","schema_type_options":null,"pillar_content":false,"robots_default":true,"robots_noindex":false,"robots_noarchive":false,"robots_nosnippet":false,"robots_nofollow":false,"robots_noimageindex":false,"robots_noodp":false,"robots_notranslate":false,"robots_max_snippet":"-1","robots_max_videopreview":"-1","robots_max_imagepreview":"large","priority":null,"frequency":"default","local_seo":null,"breadcrumb_settings":null,"limit_modified_date":false,"ai":{"faqs":[],"keyPoints":[],"titles":[],"descriptions":[],"socialPosts":{"email":[],"linkedin":[],"twitter":[],"facebook":[],"instagram":[]}},"created":"2025-09-08 12:33:18","updated":"2025-09-08 12:46:01","focus_keyword":null,"additional_keywords":null,"truseo_locale":null,"seo_analyzer_scan_date":null},"aioseo_breadcrumb":"<div class=\"aioseo-breadcrumbs\"><span class=\"aioseo-breadcrumb\">\n\t\t\t<a href=\"https:\/\/kigalihit.rw\" title=\"Home\">Home<\/a>\n\t\t<\/span><span class=\"aioseo-breadcrumb-separator\">&raquo;<\/span><span class=\"aioseo-breadcrumb\">\n\t\t\t<a href=\"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=53\" title=\"Mu Rwanda\">Mu Rwanda<\/a>\n\t\t<\/span><span class=\"aioseo-breadcrumb-separator\">&raquo;<\/span><span class=\"aioseo-breadcrumb\">\n\t\t\tMinisitiri w\u2019Uburezi yasabye ababyeyi kunganira abarimu mu burezi bw\u2019abana\n\t\t<\/span><\/div>","aioseo_breadcrumb_json":[{"label":"Home","link":"https:\/\/kigalihit.rw"},{"label":"Mu Rwanda","link":"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=53"},{"label":"Minisitiri w\u2019Uburezi yasabye ababyeyi kunganira abarimu mu burezi bw\u2019abana","link":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=2422"}],"_format-video":{"_siteseo_readibility_data":["a:1:{s:16:\"paragraph_length\";i:0;}"],"_edit_lock":["1757335162:1"],"_edit_last":["1"],"_thumbnail_id":["2429"],"_wp_page_template":["default"],"_aioseo_title":[null],"_aioseo_description":[null],"_aioseo_keywords":["a:0:{}"],"_aioseo_og_title":[""],"_aioseo_og_description":[""],"_aioseo_og_article_section":[""],"_aioseo_og_article_tags":["a:0:{}"],"_aioseo_twitter_title":[""],"_aioseo_twitter_description":[""],"mashsb_timestamp":["1757335274"],"wp_review_type":["none"],"_monsterinsights_sitenote_active":["0"],"_siteseo_redirections_type":["301"],"_siteseo_redirections_logged_status":["both"],"_post_template_options":["a:1:{s:17:\"single_post_style\";s:0:\"\";}"],"_format_video":["a:1:{s:13:\"embedded_link\";s:0:\"\";}"],"mashsb_shares":["0"],"mashsb_jsonshares":["{\"total\":0}"],"post_views_count":["410"]},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2422","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=2422"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2422\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":2430,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2422\/revisions\/2430"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/2429"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=2422"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=2422"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=2422"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}