{"id":2920,"date":"2025-09-11T08:50:38","date_gmt":"2025-09-11T08:50:38","guid":{"rendered":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=2920"},"modified":"2025-09-11T08:50:38","modified_gmt":"2025-09-11T08:50:38","slug":"ross-kana-yahishuye-ko-afata-155am-nkumuryango-we-wa-kabiri","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=2920","title":{"rendered":"Ross Kana yahishuye ko afata 1:55Am nk\u2019umuryango we wa Kabiri"},"content":{"rendered":"<p><em>Ross Kana, Umuhanzi uri mu bakunzwe mu Rwanda, yahishuye uko umubano we n\u2019inzu ifasha abahanzi ya 1:55 A.M umeze nyuma yo kuyisohokamo, avuga ko icyahagaze ar\u2019imikoranire ariko nta rwango ruhari.<\/em><\/p>\n<p>Ross Kana abigarutseho nyuma y\u2019uko aherutse gusohora indirimbo nshya yise Molela ikamenyekanishwa n\u2019abarimo Keny Mugarura usanzwe ayobora 1:55 AM, ibyo bamwe bishimiye abandi bakabyita uburyarya.<\/p>\n<p>Ubwo yari mu kiganiro n\u2019itangazamakuru, Ross Kana yabajijwe uko afata 1: 55 AM ndetse niba ashobora kubagana igihe yifuza ko bamutera inkunga asobanura ko bishoboka cyane.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201cYego nabagana nkabasaba ubufasha, kuko kuri njyewe mbona ko tudafitanye urwango kandi ni nako niyumva. Ubushize haba igitaramo cya Jose Chameleone nagiyeyo banyakira neza nk\u2019uko byari bisanzwe.<\/p>\n<p>Baracyari umuryango wanjye, ni abantu nkunda, kandi numva ko byanze bikunze hari ukuntu inzira zacu zigomba kuzahura kuko abo bari bo ndabazi kandi na njye uwo ndiwe baramuzi, nshobora no kuzabaegera vuba aha nzanye ibindi bintu byiza tuzakorana kandi bikagenda neza.\u201d<\/p>\n<p>Ross Kana avuga ko yizerera mu gukora cyane anagira akandi kazi akora hirya y\u2019umuziki gusa nanone anyurwa kandi agaha agaciro abantu bizerera mu mpano ye bagahitamo kuyishyigikira, ibyo ahamya ko abifata nk\u2019impano yo gukundwa Imana yamwihereye atapfusha ubusa.<\/p>\n<p>Ross Kana yayatangaje ko asezeye muri 1:55 AM, ku wa 03 Gicurasi 2025, abinyujije mu itangazo yasangije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga avuga ko asezeye mu bahanzi babarizwaga muri iyo nzu.<\/p>\n<p>Imikoranire hagati ya Ross Kana na 1:55AM yahagaritswe imaze imyaka 2 kuko yari yaratangiye mu 2023, icyo gihe yatangaje ko impamvu y\u2019isezera rye yatewe n\u2019uko iyo sosiyete yari imaze kunanirwa kubahiriza ibyari bikubiye mu masezerano bari barasinye tariki 1 Ukuboza 2023.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ross Kana, Umuhanzi uri mu bakunzwe mu Rwanda, yahishuye uko umubano we n\u2019inzu ifasha abahanzi ya 1:55 A.M umeze nyuma yo kuyisohokamo, avuga ko icyahagaze ar\u2019imikoranire ariko nta rwango ruhari. Ross Kana abigarutseho nyuma y\u2019uko aherutse gusohora indirimbo nshya yise Molela ikamenyekanishwa n\u2019abarimo Keny Mugarura usanzwe ayobora 1:55 AM, ibyo bamwe bishimiye abandi bakabyita uburyarya.<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":2924,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"pagelayer_contact_templates":[],"_pagelayer_content":"","_monsterinsights_skip_tracking":false,"footnotes":""},"categories":[54],"tags":[],"class_list":["post-2920","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-imyidagaduro"],"aioseo_notices":[],"aioseo_head":"\n\t\t<!-- All in One SEO 5.0.1 - aioseo.com -->\n\t<meta name=\"description\" content=\"Ross Kana, Umuhanzi uri mu bakunzwe mu Rwanda, yahishuye uko umubano we n\u2019inzu ifasha abahanzi ya 1:55 A.M umeze nyuma yo kuyisohokamo, avuga ko icyahagaze ar\u2019imikoranire ariko nta rwango ruhari. Ross Kana abigarutseho nyuma y\u2019uko aherutse gusohora indirimbo nshya yise Molela ikamenyekanishwa n\u2019abarimo Keny Mugarura usanzwe ayobora 1:55 AM, ibyo bamwe bishimiye abandi bakabyita uburyarya.\" \/>\n\t<meta name=\"robots\" content=\"max-image-preview:large\" \/>\n\t<meta name=\"author\" content=\"Sean P\"\/>\n\t<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=2920\" \/>\n\t<meta name=\"generator\" content=\"All in One SEO (AIOSEO) 5.0.1\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:site_name\" content=\"Ikaze kuri Kigalihit.rw - Kigalihit.rw\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:title\" content=\"Ross Kana yahishuye ko afata 1:55Am nk\u2019umuryango we wa Kabiri - Ikaze kuri Kigalihit.rw\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:description\" content=\"Ross Kana, Umuhanzi uri mu bakunzwe mu Rwanda, yahishuye uko umubano we n\u2019inzu ifasha abahanzi ya 1:55 A.M umeze nyuma yo kuyisohokamo, avuga ko icyahagaze ar\u2019imikoranire ariko nta rwango ruhari. Ross Kana abigarutseho nyuma y\u2019uko aherutse gusohora indirimbo nshya yise Molela ikamenyekanishwa n\u2019abarimo Keny Mugarura usanzwe ayobora 1:55 AM, ibyo bamwe bishimiye abandi bakabyita uburyarya.\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=2920\" \/>\n\t\t<meta property=\"article:published_time\" content=\"2025-09-11T08:50:38+00:00\" \/>\n\t\t<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-09-11T08:50:38+00:00\" \/>\n\t\t<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n\t\t<meta name=\"twitter:title\" content=\"Ross Kana yahishuye ko afata 1:55Am nk\u2019umuryango we wa Kabiri - Ikaze kuri Kigalihit.rw\" \/>\n\t\t<meta name=\"twitter:description\" content=\"Ross Kana, Umuhanzi uri mu bakunzwe mu Rwanda, yahishuye uko umubano we n\u2019inzu ifasha abahanzi ya 1:55 A.M umeze nyuma yo kuyisohokamo, avuga ko icyahagaze ar\u2019imikoranire ariko nta rwango ruhari. Ross Kana abigarutseho nyuma y\u2019uko aherutse gusohora indirimbo nshya yise Molela ikamenyekanishwa n\u2019abarimo Keny Mugarura usanzwe ayobora 1:55 AM, ibyo bamwe bishimiye abandi bakabyita uburyarya.\" \/>\n\t\t<script type=\"application\/ld+json\" class=\"aioseo-schema\">\n\t\t\t{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"BlogPosting\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=2920#blogposting\",\"name\":\"Ross Kana yahishuye ko afata 1:55Am nk\\u2019umuryango we wa Kabiri - Ikaze kuri Kigalihit.rw\",\"headline\":\"Ross Kana yahishuye ko afata 1:55Am nk\\u2019umuryango we wa Kabiri\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?author=2#author\"},\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/#organization\"},\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2025\\\/09\\\/image_750x_6767ee8be2123.jpg\",\"width\":750,\"height\":500},\"datePublished\":\"2025-09-11T08:50:38+00:00\",\"dateModified\":\"2025-09-11T08:50:38+00:00\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=2920#webpage\"},\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=2920#webpage\"},\"articleSection\":\"Imyidagaduro\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=2920#breadcrumblist\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw#listItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\",\"nextItem\":{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?cat=54#listItem\",\"name\":\"Imyidagaduro\"}},{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?cat=54#listItem\",\"position\":2,\"name\":\"Imyidagaduro\",\"item\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?cat=54\",\"nextItem\":{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=2920#listItem\",\"name\":\"Ross Kana yahishuye ko afata 1:55Am nk\\u2019umuryango we wa Kabiri\"},\"previousItem\":{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw#listItem\",\"name\":\"Home\"}},{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=2920#listItem\",\"position\":3,\"name\":\"Ross Kana yahishuye ko afata 1:55Am nk\\u2019umuryango we wa Kabiri\",\"previousItem\":{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?cat=54#listItem\",\"name\":\"Imyidagaduro\"}}]},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/#organization\",\"name\":\"Ikaze kuri Kigalihit.rw\",\"description\":\"Kigalihit.rw\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?author=2#author\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?author=2\",\"name\":\"Sean P\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=2920#authorImage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2025\\\/09\\\/516660811_10162286580433300_4319557065086265650_n-150x150.jpeg\",\"width\":96,\"height\":96,\"caption\":\"Sean P\"}},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=2920#webpage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=2920\",\"name\":\"Ross Kana yahishuye ko afata 1:55Am nk\\u2019umuryango we wa Kabiri - Ikaze kuri Kigalihit.rw\",\"description\":\"Ross Kana, Umuhanzi uri mu bakunzwe mu Rwanda, yahishuye uko umubano we n\\u2019inzu ifasha abahanzi ya 1:55 A.M umeze nyuma yo kuyisohokamo, avuga ko icyahagaze ar\\u2019imikoranire ariko nta rwango ruhari. Ross Kana abigarutseho nyuma y\\u2019uko aherutse gusohora indirimbo nshya yise Molela ikamenyekanishwa n\\u2019abarimo Keny Mugarura usanzwe ayobora 1:55 AM, ibyo bamwe bishimiye abandi bakabyita uburyarya.\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/#website\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=2920#breadcrumblist\"},\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?author=2#author\"},\"creator\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?author=2#author\"},\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2025\\\/09\\\/image_750x_6767ee8be2123.jpg\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=2920\\\/#mainImage\",\"width\":750,\"height\":500},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=2920#mainImage\"},\"datePublished\":\"2025-09-11T08:50:38+00:00\",\"dateModified\":\"2025-09-11T08:50:38+00:00\"},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/\",\"name\":\"Ikaze kuri Kigalihit.rw\",\"description\":\"Kigalihit.rw\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/#organization\"}}]}\n\t\t<\/script>\n\t\t<!-- All in One SEO -->\n\n","aioseo_head_json":{"title":"Ross Kana yahishuye ko afata 1:55Am nk\u2019umuryango we wa Kabiri - Ikaze kuri Kigalihit.rw","description":"Ross Kana, Umuhanzi uri mu bakunzwe mu Rwanda, yahishuye uko umubano we n\u2019inzu ifasha abahanzi ya 1:55 A.M umeze nyuma yo kuyisohokamo, avuga ko icyahagaze ar\u2019imikoranire ariko nta rwango ruhari. Ross Kana abigarutseho nyuma y\u2019uko aherutse gusohora indirimbo nshya yise Molela ikamenyekanishwa n\u2019abarimo Keny Mugarura usanzwe ayobora 1:55 AM, ibyo bamwe bishimiye abandi bakabyita uburyarya.","canonical_url":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=2920","robots":"max-image-preview:large","keywords":"","webmasterTools":{"miscellaneous":""},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"BlogPosting","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=2920#blogposting","name":"Ross Kana yahishuye ko afata 1:55Am nk\u2019umuryango we wa Kabiri - Ikaze kuri Kigalihit.rw","headline":"Ross Kana yahishuye ko afata 1:55Am nk\u2019umuryango we wa Kabiri","author":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?author=2#author"},"publisher":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/#organization"},"image":{"@type":"ImageObject","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/09\/image_750x_6767ee8be2123.jpg","width":750,"height":500},"datePublished":"2025-09-11T08:50:38+00:00","dateModified":"2025-09-11T08:50:38+00:00","inLanguage":"en-US","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=2920#webpage"},"isPartOf":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=2920#webpage"},"articleSection":"Imyidagaduro"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=2920#breadcrumblist","itemListElement":[{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw#listItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/kigalihit.rw","nextItem":{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=54#listItem","name":"Imyidagaduro"}},{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=54#listItem","position":2,"name":"Imyidagaduro","item":"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=54","nextItem":{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=2920#listItem","name":"Ross Kana yahishuye ko afata 1:55Am nk\u2019umuryango we wa Kabiri"},"previousItem":{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw#listItem","name":"Home"}},{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=2920#listItem","position":3,"name":"Ross Kana yahishuye ko afata 1:55Am nk\u2019umuryango we wa Kabiri","previousItem":{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=54#listItem","name":"Imyidagaduro"}}]},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/#organization","name":"Ikaze kuri Kigalihit.rw","description":"Kigalihit.rw","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?author=2#author","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/?author=2","name":"Sean P","image":{"@type":"ImageObject","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=2920#authorImage","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/09\/516660811_10162286580433300_4319557065086265650_n-150x150.jpeg","width":96,"height":96,"caption":"Sean P"}},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=2920#webpage","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=2920","name":"Ross Kana yahishuye ko afata 1:55Am nk\u2019umuryango we wa Kabiri - Ikaze kuri Kigalihit.rw","description":"Ross Kana, Umuhanzi uri mu bakunzwe mu Rwanda, yahishuye uko umubano we n\u2019inzu ifasha abahanzi ya 1:55 A.M umeze nyuma yo kuyisohokamo, avuga ko icyahagaze ar\u2019imikoranire ariko nta rwango ruhari. Ross Kana abigarutseho nyuma y\u2019uko aherutse gusohora indirimbo nshya yise Molela ikamenyekanishwa n\u2019abarimo Keny Mugarura usanzwe ayobora 1:55 AM, ibyo bamwe bishimiye abandi bakabyita uburyarya.","inLanguage":"en-US","isPartOf":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/#website"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=2920#breadcrumblist"},"author":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?author=2#author"},"creator":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?author=2#author"},"image":{"@type":"ImageObject","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/09\/image_750x_6767ee8be2123.jpg","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=2920\/#mainImage","width":750,"height":500},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=2920#mainImage"},"datePublished":"2025-09-11T08:50:38+00:00","dateModified":"2025-09-11T08:50:38+00:00"},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/#website","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/","name":"Ikaze kuri Kigalihit.rw","description":"Kigalihit.rw","inLanguage":"en-US","publisher":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/#organization"}}]},"og:locale":"en_US","og:site_name":"Ikaze kuri Kigalihit.rw - Kigalihit.rw","og:type":"article","og:title":"Ross Kana yahishuye ko afata 1:55Am nk\u2019umuryango we wa Kabiri - Ikaze kuri Kigalihit.rw","og:description":"Ross Kana, Umuhanzi uri mu bakunzwe mu Rwanda, yahishuye uko umubano we n\u2019inzu ifasha abahanzi ya 1:55 A.M umeze nyuma yo kuyisohokamo, avuga ko icyahagaze ar\u2019imikoranire ariko nta rwango ruhari. Ross Kana abigarutseho nyuma y\u2019uko aherutse gusohora indirimbo nshya yise Molela ikamenyekanishwa n\u2019abarimo Keny Mugarura usanzwe ayobora 1:55 AM, ibyo bamwe bishimiye abandi bakabyita uburyarya.","og:url":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=2920","article:published_time":"2025-09-11T08:50:38+00:00","article:modified_time":"2025-09-11T08:50:38+00:00","twitter:card":"summary_large_image","twitter:title":"Ross Kana yahishuye ko afata 1:55Am nk\u2019umuryango we wa Kabiri - Ikaze kuri Kigalihit.rw","twitter:description":"Ross Kana, Umuhanzi uri mu bakunzwe mu Rwanda, yahishuye uko umubano we n\u2019inzu ifasha abahanzi ya 1:55 A.M umeze nyuma yo kuyisohokamo, avuga ko icyahagaze ar\u2019imikoranire ariko nta rwango ruhari. Ross Kana abigarutseho nyuma y\u2019uko aherutse gusohora indirimbo nshya yise Molela ikamenyekanishwa n\u2019abarimo Keny Mugarura usanzwe ayobora 1:55 AM, ibyo bamwe bishimiye abandi bakabyita uburyarya."},"aioseo_meta_data":{"post_id":"2920","title":null,"description":null,"keywords":null,"keyphrases":{"focus":{"keyphrase":"","score":0,"analysis":{"keyphraseInTitle":{"score":0,"maxScore":9,"error":1}}},"additional":[]},"primary_term":null,"canonical_url":null,"og_title":null,"og_description":null,"og_object_type":"default","og_image_type":"default","og_image_url":null,"og_image_width":null,"og_image_height":null,"og_image_custom_url":null,"og_image_custom_fields":null,"og_video":"","og_custom_url":null,"og_article_section":null,"og_article_tags":null,"twitter_use_og":false,"twitter_card":"default","twitter_image_type":"default","twitter_image_url":null,"twitter_image_custom_url":null,"twitter_image_custom_fields":null,"twitter_title":null,"twitter_description":null,"schema":{"blockGraphs":[],"customGraphs":[],"default":{"data":{"Article":[],"Course":[],"Dataset":[],"FAQPage":[],"Movie":[],"Person":[],"Product":[],"ProductReview":[],"Car":[],"Recipe":[],"Service":[],"SoftwareApplication":[],"WebPage":[]},"graphName":"BlogPosting","isEnabled":true},"graphs":[]},"schema_type":"default","schema_type_options":null,"pillar_content":false,"robots_default":true,"robots_noindex":false,"robots_noarchive":false,"robots_nosnippet":false,"robots_nofollow":false,"robots_noimageindex":false,"robots_noodp":false,"robots_notranslate":false,"robots_max_snippet":"-1","robots_max_videopreview":"-1","robots_max_imagepreview":"large","priority":null,"frequency":"default","local_seo":null,"breadcrumb_settings":null,"limit_modified_date":false,"ai":{"faqs":[],"keyPoints":[],"titles":[],"descriptions":[],"socialPosts":{"email":[],"linkedin":[],"twitter":[],"facebook":[],"instagram":[]}},"created":"2025-09-11 08:50:38","updated":"2025-09-11 08:53:44","focus_keyword":null,"additional_keywords":null,"truseo_locale":null,"seo_analyzer_scan_date":null},"aioseo_breadcrumb":"<div class=\"aioseo-breadcrumbs\"><span class=\"aioseo-breadcrumb\">\n\t\t\t<a href=\"https:\/\/kigalihit.rw\" title=\"Home\">Home<\/a>\n\t\t<\/span><span class=\"aioseo-breadcrumb-separator\">&raquo;<\/span><span class=\"aioseo-breadcrumb\">\n\t\t\t<a href=\"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=54\" title=\"Imyidagaduro\">Imyidagaduro<\/a>\n\t\t<\/span><span class=\"aioseo-breadcrumb-separator\">&raquo;<\/span><span class=\"aioseo-breadcrumb\">\n\t\t\tRoss Kana yahishuye ko afata 1:55Am nk\u2019umuryango we wa Kabiri\n\t\t<\/span><\/div>","aioseo_breadcrumb_json":[{"label":"Home","link":"https:\/\/kigalihit.rw"},{"label":"Imyidagaduro","link":"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=54"},{"label":"Ross Kana yahishuye ko afata 1:55Am nk\u2019umuryango we wa Kabiri","link":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=2920"}],"_format-video":{"_siteseo_readibility_data":["a:1:{s:16:\"paragraph_length\";i:0;}"],"_edit_lock":["1757580669:2"],"_edit_last":["2"],"_thumbnail_id":["2924"],"_wp_page_template":["default"],"xyz_fbap":["1"],"_aioseo_title":[null],"_aioseo_description":[null],"_aioseo_keywords":["a:0:{}"],"_aioseo_og_title":[""],"_aioseo_og_description":[""],"_aioseo_og_article_section":[""],"_aioseo_og_article_tags":["a:0:{}"],"_aioseo_twitter_title":[""],"_aioseo_twitter_description":[""],"mashsb_timestamp":[""],"_monsterinsights_sitenote_active":["0"],"_siteseo_robots_primary_cat":["64"],"_siteseo_redirections_type":["301"],"_siteseo_redirections_logged_status":["both"],"_post_template_options":["a:1:{s:17:\"single_post_style\";s:0:\"\";}"],"_format_video":["a:1:{s:13:\"embedded_link\";s:0:\"\";}"],"_wpas_done_all":["1"],"post_views_count":["130"],"_publicize_shares":["a:0:{}"],"wp_review_positive_count":["0"],"wp_review_negative_count":["0"]},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2920","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=2920"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2920\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":2925,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2920\/revisions\/2925"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/2924"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=2920"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=2920"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=2920"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}