{"id":5149,"date":"2026-01-29T13:51:18","date_gmt":"2026-01-29T13:51:18","guid":{"rendered":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=5149"},"modified":"2026-01-29T14:33:10","modified_gmt":"2026-01-29T14:33:10","slug":"kevin-montana-yateguje-imishinga-myinshi-muri-uyu-mwaka-2026","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=5149","title":{"rendered":"Kevin Montana yateguje imishinga myinshi muri uyu mwaka 2026"},"content":{"rendered":"<p>Umuhanzi Kevin Montana ukunze uzwi nka King Of Amapianno ukomeje\u00a0 kwigaragaza cyane mu gihe gito\u00a0 atangiye umuziki we nyuma yo gukora zimwe\u00a0 mu ndirimbo ze zakunzwe na benshi yahishuye\u00a0 ko\u00a0 uyu mwaka\u00a0 wa 2026 yahinduye imikorere kandi afite\u00a0 imishinga myinshi agiye gukora .<\/p>\n<p>Mu kiganiro n\u2019Umunyamakuru wa KIGALIHIT\u00a0 Kevin Montana yamutangarije ko umwaka ushize yakoze indirimbo nyinshi cyane hano mu gihugu hagati ariko ubu\u00a0 yatangiye imishinga mishya harimo iyo agoimba gukorera hanze y\u2019Igihugu harimo iyo azakorana n\u2019abahanzi\u00a0 bo muri Tanzania ndetse nabo mu Rwanda kugira\u00a0 ngo umuziki nyarwanda kumeze kwaguka hano\u00a0 mu karere<\/p>\n<p>Yakomje agira ati \u201cUyu mwaka ni umwaka wo gukora\u00a0 cyane kuko\u00a0 ubu natangiye umushinga w\u2019indirimbo nyinshi zirimo abahanzi bashya ndetse\u00a0 n\u2019abandi muzi nka Urban Boys dufitanye\u00a0 indirimbo nshya\u00a0 izajya hanze mu minsi ndetse\u00a0 nabo muri\u00a0 Tanzania .<\/p>\n<p>Yagize ati: &#8220;Hari n&#8217;ibitaramo mfite nzakorera muri Tanzania muri uku kwezi kwa Gashyantare. Nzataramira Dar es Salaam ndetse na Arusha, ariko amatariki nyayo azatangazwa vuba.&#8221;<\/p>\n<p>Uyu muhanzi kandi yavuze ko yifuza gukorana n\u2019umuhanzi Ali Kiba, aho afite gahunda yo gukorana indirimbo mu minsi iri imbere. Kevin Montana yavuze ko ibijyanye n\u2019iyi ndirimbo bagiye gukora bazabitangaza igihe bibaye byizewe.<\/p>\n<p>Kevin Montana yashinze izina rye mu njyana ya Amapiano mu Rwanda, aho abona ko ari we \u201cmwami w\u2019iyi njyana\u201d bitewe n\u2019indirimbo zifatika yasohoye ndetse n\u2019uburyo yahuza abahanzi batandukanye.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Nkunda gukora indirimbo zihuza abahanzi b\u2019injyana zitandukanye. Ibi bituma indirimbo zanjye zigira umwihariko kandi zikumvikana neza ku bantu bose.&#8221;<\/p>\n<p>Mu mwaka ushize, Kevin Montana yatanze umusanzu ukomeye mu muziki nyarwanda, asohora indirimbo zifite ibihangano bitandukanye, zirimo: Sava Tresbien yakoranye na Social Mula, Zamuka, Abanzi yahuriyemo na Ish Kevin, Ndi hano, \u2018Twendeleye\u2019 yakoranye na Green P, Khalfan, Bull Dogg n\u2019abandi<\/p>\n<p>Kevin Montana kandi yatangaje ko muri Werurwe 2026, azasohora Album ye ya mbere, izaba ikubiyemo indirimbo zinyuranye yasohoye mu bihe bitandukanye ndetse n\u2019izindi nshya.<\/p>\n<p>Iyi Album izaba ari intambwe ikomeye mu rugendo rwe mu muziki, aho azaba ari kwerekana ubushobozi bwe bwo guhanga no guhuza abahanzi batandukanye.<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-5153\" src=\"https:\/\/kigalihit.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/01\/518113255_18468871771077243_673987960593649897_n.jpg\" alt=\"\" width=\"1080\" height=\"1440\" \/><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuhanzi Kevin Montana ukunze uzwi nka King Of Amapianno ukomeje\u00a0 kwigaragaza cyane mu gihe gito\u00a0 atangiye umuziki we nyuma yo gukora zimwe\u00a0 mu ndirimbo ze zakunzwe na benshi yahishuye\u00a0 ko\u00a0 uyu mwaka\u00a0 wa 2026 yahinduye imikorere kandi afite\u00a0 imishinga myinshi agiye gukora . Mu kiganiro n\u2019Umunyamakuru wa KIGALIHIT\u00a0 Kevin Montana yamutangarije ko umwaka ushize yakoze<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":5153,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"pagelayer_contact_templates":[],"_pagelayer_content":"","_monsterinsights_skip_tracking":false,"footnotes":""},"categories":[54,116],"tags":[],"class_list":["post-5149","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-imyidagaduro","category-kh"],"aioseo_notices":[],"aioseo_head":"\n\t\t<!-- All in One SEO 5.0.1 - aioseo.com -->\n\t<meta name=\"description\" content=\"Umuhanzi Kevin Montana ukunze uzwi nka King Of Amapianno ukomeje kwigaragaza cyane mu gihe gito atangiye umuziki we nyuma yo gukora zimwe mu ndirimbo ze zakunzwe na benshi yahishuye ko uyu mwaka wa 2026 yahinduye imikorere kandi afite imishinga myinshi agiye gukora . Mu kiganiro n\u2019Umunyamakuru wa KIGALIHIT Kevin Montana yamutangarije ko umwaka ushize yakoze\" \/>\n\t<meta name=\"robots\" content=\"max-image-preview:large\" \/>\n\t<meta name=\"author\" content=\"Sean P\"\/>\n\t<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=5149\" \/>\n\t<meta name=\"generator\" content=\"All in One SEO (AIOSEO) 5.0.1\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:site_name\" content=\"Ikaze kuri Kigalihit.rw - Kigalihit.rw\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:title\" content=\"Kevin Montana yateguje imishinga myinshi muri uyu mwaka 2026 - Ikaze kuri Kigalihit.rw\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:description\" content=\"Umuhanzi Kevin Montana ukunze uzwi nka King Of Amapianno ukomeje kwigaragaza cyane mu gihe gito atangiye umuziki we nyuma yo gukora zimwe mu ndirimbo ze zakunzwe na benshi yahishuye ko uyu mwaka wa 2026 yahinduye imikorere kandi afite imishinga myinshi agiye gukora . Mu kiganiro n\u2019Umunyamakuru wa KIGALIHIT Kevin Montana yamutangarije ko umwaka ushize yakoze\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=5149\" \/>\n\t\t<meta property=\"article:published_time\" content=\"2026-01-29T13:51:18+00:00\" \/>\n\t\t<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2026-01-29T14:33:10+00:00\" \/>\n\t\t<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n\t\t<meta name=\"twitter:title\" content=\"Kevin Montana yateguje imishinga myinshi muri uyu mwaka 2026 - Ikaze kuri Kigalihit.rw\" \/>\n\t\t<meta name=\"twitter:description\" content=\"Umuhanzi Kevin Montana ukunze uzwi nka King Of Amapianno ukomeje kwigaragaza cyane mu gihe gito atangiye umuziki we nyuma yo gukora zimwe mu ndirimbo ze zakunzwe na benshi yahishuye ko uyu mwaka wa 2026 yahinduye imikorere kandi afite imishinga myinshi agiye gukora . Mu kiganiro n\u2019Umunyamakuru wa KIGALIHIT Kevin Montana yamutangarije ko umwaka ushize yakoze\" \/>\n\t\t<script type=\"application\/ld+json\" class=\"aioseo-schema\">\n\t\t\t{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"BlogPosting\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=5149#blogposting\",\"name\":\"Kevin Montana yateguje imishinga myinshi muri uyu mwaka 2026 - Ikaze kuri Kigalihit.rw\",\"headline\":\"Kevin Montana yateguje imishinga myinshi muri uyu mwaka 2026\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?author=2#author\"},\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/#organization\"},\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/01\\\/518113255_18468871771077243_673987960593649897_n-e1769694661674.jpg\",\"width\":1080,\"height\":630},\"datePublished\":\"2026-01-29T13:51:18+00:00\",\"dateModified\":\"2026-01-29T14:33:10+00:00\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=5149#webpage\"},\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=5149#webpage\"},\"articleSection\":\"Imyidagaduro, Kh\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=5149#breadcrumblist\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw#listItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\",\"nextItem\":{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?cat=54#listItem\",\"name\":\"Imyidagaduro\"}},{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?cat=54#listItem\",\"position\":2,\"name\":\"Imyidagaduro\",\"item\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?cat=54\",\"nextItem\":{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=5149#listItem\",\"name\":\"Kevin Montana yateguje imishinga myinshi muri uyu mwaka 2026\"},\"previousItem\":{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw#listItem\",\"name\":\"Home\"}},{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=5149#listItem\",\"position\":3,\"name\":\"Kevin Montana yateguje imishinga myinshi muri uyu mwaka 2026\",\"previousItem\":{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?cat=54#listItem\",\"name\":\"Imyidagaduro\"}}]},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/#organization\",\"name\":\"Ikaze kuri Kigalihit.rw\",\"description\":\"Kigalihit.rw\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?author=2#author\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?author=2\",\"name\":\"Sean P\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=5149#authorImage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2025\\\/09\\\/516660811_10162286580433300_4319557065086265650_n-150x150.jpeg\",\"width\":96,\"height\":96,\"caption\":\"Sean P\"}},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=5149#webpage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=5149\",\"name\":\"Kevin Montana yateguje imishinga myinshi muri uyu mwaka 2026 - Ikaze kuri Kigalihit.rw\",\"description\":\"Umuhanzi Kevin Montana ukunze uzwi nka King Of Amapianno ukomeje kwigaragaza cyane mu gihe gito atangiye umuziki we nyuma yo gukora zimwe mu ndirimbo ze zakunzwe na benshi yahishuye ko uyu mwaka wa 2026 yahinduye imikorere kandi afite imishinga myinshi agiye gukora . Mu kiganiro n\\u2019Umunyamakuru wa KIGALIHIT Kevin Montana yamutangarije ko umwaka ushize yakoze\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/#website\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=5149#breadcrumblist\"},\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?author=2#author\"},\"creator\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?author=2#author\"},\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/01\\\/518113255_18468871771077243_673987960593649897_n-e1769694661674.jpg\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=5149\\\/#mainImage\",\"width\":1080,\"height\":630},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=5149#mainImage\"},\"datePublished\":\"2026-01-29T13:51:18+00:00\",\"dateModified\":\"2026-01-29T14:33:10+00:00\"},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/\",\"name\":\"Ikaze kuri Kigalihit.rw\",\"description\":\"Kigalihit.rw\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/#organization\"}}]}\n\t\t<\/script>\n\t\t<!-- All in One SEO -->\n\n","aioseo_head_json":{"title":"Kevin Montana yateguje imishinga myinshi muri uyu mwaka 2026 - Ikaze kuri Kigalihit.rw","description":"Umuhanzi Kevin Montana ukunze uzwi nka King Of Amapianno ukomeje kwigaragaza cyane mu gihe gito atangiye umuziki we nyuma yo gukora zimwe mu ndirimbo ze zakunzwe na benshi yahishuye ko uyu mwaka wa 2026 yahinduye imikorere kandi afite imishinga myinshi agiye gukora . Mu kiganiro n\u2019Umunyamakuru wa KIGALIHIT Kevin Montana yamutangarije ko umwaka ushize yakoze","canonical_url":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=5149","robots":"max-image-preview:large","keywords":"","webmasterTools":{"miscellaneous":""},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"BlogPosting","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=5149#blogposting","name":"Kevin Montana yateguje imishinga myinshi muri uyu mwaka 2026 - Ikaze kuri Kigalihit.rw","headline":"Kevin Montana yateguje imishinga myinshi muri uyu mwaka 2026","author":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?author=2#author"},"publisher":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/#organization"},"image":{"@type":"ImageObject","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/01\/518113255_18468871771077243_673987960593649897_n-e1769694661674.jpg","width":1080,"height":630},"datePublished":"2026-01-29T13:51:18+00:00","dateModified":"2026-01-29T14:33:10+00:00","inLanguage":"en-US","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=5149#webpage"},"isPartOf":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=5149#webpage"},"articleSection":"Imyidagaduro, Kh"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=5149#breadcrumblist","itemListElement":[{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw#listItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/kigalihit.rw","nextItem":{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=54#listItem","name":"Imyidagaduro"}},{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=54#listItem","position":2,"name":"Imyidagaduro","item":"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=54","nextItem":{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=5149#listItem","name":"Kevin Montana yateguje imishinga myinshi muri uyu mwaka 2026"},"previousItem":{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw#listItem","name":"Home"}},{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=5149#listItem","position":3,"name":"Kevin Montana yateguje imishinga myinshi muri uyu mwaka 2026","previousItem":{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=54#listItem","name":"Imyidagaduro"}}]},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/#organization","name":"Ikaze kuri Kigalihit.rw","description":"Kigalihit.rw","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?author=2#author","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/?author=2","name":"Sean P","image":{"@type":"ImageObject","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=5149#authorImage","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/09\/516660811_10162286580433300_4319557065086265650_n-150x150.jpeg","width":96,"height":96,"caption":"Sean P"}},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=5149#webpage","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=5149","name":"Kevin Montana yateguje imishinga myinshi muri uyu mwaka 2026 - Ikaze kuri Kigalihit.rw","description":"Umuhanzi Kevin Montana ukunze uzwi nka King Of Amapianno ukomeje kwigaragaza cyane mu gihe gito atangiye umuziki we nyuma yo gukora zimwe mu ndirimbo ze zakunzwe na benshi yahishuye ko uyu mwaka wa 2026 yahinduye imikorere kandi afite imishinga myinshi agiye gukora . Mu kiganiro n\u2019Umunyamakuru wa KIGALIHIT Kevin Montana yamutangarije ko umwaka ushize yakoze","inLanguage":"en-US","isPartOf":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/#website"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=5149#breadcrumblist"},"author":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?author=2#author"},"creator":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?author=2#author"},"image":{"@type":"ImageObject","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/01\/518113255_18468871771077243_673987960593649897_n-e1769694661674.jpg","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=5149\/#mainImage","width":1080,"height":630},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=5149#mainImage"},"datePublished":"2026-01-29T13:51:18+00:00","dateModified":"2026-01-29T14:33:10+00:00"},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/#website","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/","name":"Ikaze kuri Kigalihit.rw","description":"Kigalihit.rw","inLanguage":"en-US","publisher":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/#organization"}}]},"og:locale":"en_US","og:site_name":"Ikaze kuri Kigalihit.rw - Kigalihit.rw","og:type":"article","og:title":"Kevin Montana yateguje imishinga myinshi muri uyu mwaka 2026 - Ikaze kuri Kigalihit.rw","og:description":"Umuhanzi Kevin Montana ukunze uzwi nka King Of Amapianno ukomeje kwigaragaza cyane mu gihe gito atangiye umuziki we nyuma yo gukora zimwe mu ndirimbo ze zakunzwe na benshi yahishuye ko uyu mwaka wa 2026 yahinduye imikorere kandi afite imishinga myinshi agiye gukora . Mu kiganiro n\u2019Umunyamakuru wa KIGALIHIT Kevin Montana yamutangarije ko umwaka ushize yakoze","og:url":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=5149","article:published_time":"2026-01-29T13:51:18+00:00","article:modified_time":"2026-01-29T14:33:10+00:00","twitter:card":"summary_large_image","twitter:title":"Kevin Montana yateguje imishinga myinshi muri uyu mwaka 2026 - Ikaze kuri Kigalihit.rw","twitter:description":"Umuhanzi Kevin Montana ukunze uzwi nka King Of Amapianno ukomeje kwigaragaza cyane mu gihe gito atangiye umuziki we nyuma yo gukora zimwe mu ndirimbo ze zakunzwe na benshi yahishuye ko uyu mwaka wa 2026 yahinduye imikorere kandi afite imishinga myinshi agiye gukora . Mu kiganiro n\u2019Umunyamakuru wa KIGALIHIT Kevin Montana yamutangarije ko umwaka ushize yakoze"},"aioseo_meta_data":{"post_id":"5149","title":null,"description":null,"keywords":null,"keyphrases":{"focus":{"keyphrase":"","score":0,"analysis":{"keyphraseInTitle":{"score":0,"maxScore":9,"error":1}}},"additional":[]},"primary_term":null,"canonical_url":null,"og_title":null,"og_description":null,"og_object_type":"default","og_image_type":"default","og_image_url":null,"og_image_width":null,"og_image_height":null,"og_image_custom_url":null,"og_image_custom_fields":null,"og_video":"","og_custom_url":null,"og_article_section":null,"og_article_tags":null,"twitter_use_og":false,"twitter_card":"default","twitter_image_type":"default","twitter_image_url":null,"twitter_image_custom_url":null,"twitter_image_custom_fields":null,"twitter_title":null,"twitter_description":null,"schema":{"blockGraphs":[],"customGraphs":[],"default":{"data":{"Article":[],"Course":[],"Dataset":[],"FAQPage":[],"Movie":[],"Person":[],"Product":[],"ProductReview":[],"Car":[],"Recipe":[],"Service":[],"SoftwareApplication":[],"WebPage":[]},"graphName":"BlogPosting","isEnabled":true},"graphs":[]},"schema_type":"default","schema_type_options":null,"pillar_content":false,"robots_default":true,"robots_noindex":false,"robots_noarchive":false,"robots_nosnippet":false,"robots_nofollow":false,"robots_noimageindex":false,"robots_noodp":false,"robots_notranslate":false,"robots_max_snippet":"-1","robots_max_videopreview":"-1","robots_max_imagepreview":"large","priority":null,"frequency":"default","local_seo":null,"breadcrumb_settings":null,"limit_modified_date":false,"ai":{"faqs":[],"keyPoints":[],"titles":[],"descriptions":[],"socialPosts":{"email":[],"linkedin":[],"twitter":[],"facebook":[],"instagram":[]}},"created":"2026-01-29 13:51:18","updated":"2026-01-29 14:45:18","focus_keyword":null,"additional_keywords":null,"truseo_locale":null,"seo_analyzer_scan_date":null},"aioseo_breadcrumb":"<div class=\"aioseo-breadcrumbs\"><span class=\"aioseo-breadcrumb\">\n\t\t\t<a href=\"https:\/\/kigalihit.rw\" title=\"Home\">Home<\/a>\n\t\t<\/span><span class=\"aioseo-breadcrumb-separator\">&raquo;<\/span><span class=\"aioseo-breadcrumb\">\n\t\t\t<a href=\"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=54\" title=\"Imyidagaduro\">Imyidagaduro<\/a>\n\t\t<\/span><span class=\"aioseo-breadcrumb-separator\">&raquo;<\/span><span class=\"aioseo-breadcrumb\">\n\t\t\tKevin Montana yateguje imishinga myinshi muri uyu mwaka 2026\n\t\t<\/span><\/div>","aioseo_breadcrumb_json":[{"label":"Home","link":"https:\/\/kigalihit.rw"},{"label":"Imyidagaduro","link":"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=54"},{"label":"Kevin Montana yateguje imishinga myinshi muri uyu mwaka 2026","link":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=5149"}],"_format-video":{"_siteseo_readibility_data":["a:1:{s:16:\"paragraph_length\";i:0;}"],"_edit_lock":["1770624816:2"],"_edit_last":["2"],"_thumbnail_id":["5153"],"_wp_page_template":["default"],"xyz_fbap":["1"],"_aioseo_title":[null],"_aioseo_description":[null],"_aioseo_keywords":["a:0:{}"],"_aioseo_og_title":[""],"_aioseo_og_description":[""],"_aioseo_og_article_section":[""],"_aioseo_og_article_tags":["a:0:{}"],"_aioseo_twitter_title":[""],"_aioseo_twitter_description":[""],"mashsb_timestamp":["1770807124"],"_monsterinsights_sitenote_active":["0"],"_siteseo_robots_primary_cat":["64"],"_siteseo_redirections_type":["301"],"_siteseo_redirections_logged_status":["both"],"_post_template_options":["a:1:{s:17:\"single_post_style\";s:0:\"\";}"],"_format_video":["a:1:{s:13:\"embedded_link\";s:0:\"\";}"],"_wpas_done_all":["1"],"post_views_count":["438"],"mashsb_shares":["0"],"mashsb_jsonshares":["{\"total\":0}"],"_publicize_shares":["a:1:{i:0;a:10:{s:6:\"status\";s:7:\"success\";s:7:\"message\";s:53:\"https:\/\/facebook.com\/501864193215593_1550656873163066\";s:9:\"timestamp\";i:1769694700;s:7:\"service\";s:8:\"facebook\";s:13:\"connection_id\";i:25737017;s:11:\"external_id\";s:15:\"501864193215593\";s:13:\"external_name\";s:13:\"kigalihits.rw\";s:15:\"profile_picture\";s:519:\"https:\/\/scontent-dfw6-1.xx.fbcdn.net\/v\/t39.30808-1\/304874218_611178307110932_6491930694523393984_n.jpg?stp=c0.0.477.477a_cp0_dst-jpg_s50x50_tt6&_nc_cat=101&ccb=1-7&_nc_sid=f907e8&_nc_ohc=aAaaGw-qctIQ7kNvwEVfmDV&_nc_oc=AdmI6ReTk0N1SPvyoBW7NOubBSZY29X1XvkbmGo8XPaX6MJrNvpFKZXygItGMVpzxlg&_nc_zt=24&_nc_ht=scontent-dfw6-1.xx&edm=AGaHXAAEAAAA&_nc_gid=ET8rMyrbL4ZzRxKQ-m76pQ&_nc_tpa=Q5bMBQHkLudh-39Ft_Sfoo-9dhwsctERAZtRezyfHynXpALJywdqBNiyMZ8rVhXWeqfqVZTciVy1&oh=00_AfqKe4E33I2KWkR0xm7Ey_vFA3wXzg8jT_tPSq8fLBoo6w&oe=697E54B7\";s:12:\"profile_link\";s:40:\"https:\/\/www.facebook.com\/501864193215593\";s:13:\"wpcom_user_id\";i:0;}}"],"_wp_old_slug":["kevin-montana-yatgeguje-imishinga-myinshi-muri-uyu-mwaka-2026","kevin-montana-yategeguje-imishinga-myinshi-muri-uyu-mwaka-2026"],"_wpas_skip_publicize_25737017":["1"],"wp_review_positive_count":["0"],"wp_review_negative_count":["0"]},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5149","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5149"}],"version-history":[{"count":6,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5149\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":5159,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5149\/revisions\/5159"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/5153"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5149"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5149"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5149"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}