{"id":5875,"date":"2026-04-03T06:47:35","date_gmt":"2026-04-03T06:47:35","guid":{"rendered":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=5875"},"modified":"2026-04-03T06:53:43","modified_gmt":"2026-04-03T06:53:43","slug":"rusizi-umugabo-yatwikiye-umugore-we-mu-nzu-bitewe-nuko-yanze-ko-bagabana-80-000-frw","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=5875","title":{"rendered":"RUSIZI: Umugabo yatwikiye umugore we mu nzu bitewe nuko yanze ko bagabana 80.000 Frw"},"content":{"rendered":"<div class=\"ukz-4130833415 featuredContent\">\n<div class=\"ukz-4130833415 body\">\n<blockquote>\n<h3 class=\"ukz-4130833415\"><strong style=\"font-size: 16px\"><em>Kwizera Eric w\u2019imyaka 29 yatawe muri yombi akekwaho gutwika inzu ngo umugore we n\u2019abana bahiremo, nyuma y\u2019uko uyu mugore yanze ko bagabana amafaranga y\u2019u Rwanda 80.000 yakuye mu itsinda.<\/em><\/strong><\/h3>\n<\/blockquote>\n<\/div>\n<\/div>\n<div class=\"ukz-2452190661\">\n<div class=\"ukz-3550324751 content-container\">\n<p>Ku bw\u2019amahirwe, uwo mugore yagundaguranye n\u2019umugabo we asohoka atabaza, arokokana n\u2019abana be ariko ya mafaranga barwaniraga ahira mu cyumba araranamo n\u2019umugabo.<\/p>\n<p>Uyu muryango utuye mu Mudugudu wa Cyamura, Akagari ka Mashyuza, Umurenge wa Nyakabuye, Akarere ka Rusizi, wakimbiranye mugitondo cyo ku wa Kane tariki ya 2 Mata 2026.<\/p>\n<p>Umuturanyi wabo yabwiye Imvaho Nshya ko Kwizera usanzwe avugwaho urugomo ruturuka ku businzi bukabije, yari amaze igihe gito avuye mu kigo ngororamuco n\u2019ubundi yari yahohoteye umugore we.<\/p>\n<p>Ati: \u201cUmugore we yari yaraye avanye amafaranga 80.000 mu itsinda, umugabo ashaka ko bayagabana ngo 40.000 Frw ajye kuyanywera inzoga. Umugore yabyanze umugabo afata umwanzuro wo kumutwikira mu nzu n\u2019abana bose.\u201d<\/p>\n<p>Yakomeje agira ati: \u201cBaryamye, bujya gucya umugabo arabyuka afata ikibiriti atwika matora bari baryamyeho. Ku bw\u2019amahirwe umugore utari usinziriye nk\u2019uko yabitubwiye, yahise abyuka bagundaguranira mu cyumba n\u2019inzu iri gushya, arusha umugabo ingufu akubita urugi arashoka, akingura urwo ku muryango agera hanze avuza induru.\u201d<\/p>\n<p>Muri uko kuvuza induru ni bwo n\u2019abandi bari mu nzu basohotse n\u2019uwo mugabo arasohola bayizimya hamaze gushya icyumba bararamo cyarimo imyambaro, ibiryamirwa na ya mafaranga yose uko ari ibihumbi 80.<\/p>\n<p>Uwo mugabo yahise afatwa ashyikirizwa Urwego rw\u2019Ubugenzacyaha (RIB) rwa Nyakabuye mu gihe iperereza rikomeje.<\/p>\n<p>Abaturanyi b\u2019uyu muryango bose bemeza ko amakimbirane y\u2019umugore n\u2019umugabo abadindiza mu iterambere, ndetse ngo umugabo ahohohotera umugore we kando ari na we ugerageza uko ashoboye agashakisha ibitunga umuryango.<\/p>\n<p>Umugabo ngo yajyanywe mu kigo ngororamuco mu minsi ishize, kubera urugomo no guhohotera abo mu rugo rwe.<\/p>\n<p>Umunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019Umurenge wa Nyakabuye, Kimonyo Kamali, avuga ko bari basanzwe bazi ko uyu mugabo ahohotera bikabije umugore we, kandi ari n\u2019umunyamahane, ariko batazi ko yagera ku rwego rwo kwitwikira ngo ashaka gutwikiramo umuryango.<\/p>\n<p>Ati: \u201cYatawe muri yombi,afungiye kuri sitasiyo ya RIB \u00a0ya Nyakabuye. Ni umugore we basezeranye, babana byemewe n\u2019amategeko yashakaga gutwika ngo n\u2019umuryango wose uhiremo, ku bw\u2019amahirwe basohoka inzu yatangiye gushya, umuriro ntiwabafata.\u201d<\/p>\n<p>Avuga ko agitabwa muri yombi umugore yasabwe gutanga ikirego kugira ngo umugabo aryozwe ubu bugizi bwa nabi.<\/p>\n<p>Yaboneyeho gusaba imiryango kwirinda amakimbirane n\u2019ubusinzi bukabije bwo ntandaro y\u2019ubukene mu ngo, ahabonetse ibibazo nk\u2019ibyo amakuru agatangirwa igihe ngo bikumirwe bitaragira ubuzima bitwara.<\/p>\n<p>Ubuyobozi buvuga ko mu Murenge wa Nyakabuye hari n\u2019indi miryango 22 ibana mu makimbirane, hakaba hari gahunda yo kwigisha abayigize aho hari igaragaza ko ishaka kugaruka mu nzira y\u2019imibanire myiza<\/p>\n<\/div>\n<\/div>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kwizera Eric w\u2019imyaka 29 yatawe muri yombi akekwaho gutwika inzu ngo umugore we n\u2019abana bahiremo, nyuma y\u2019uko uyu mugore yanze ko bagabana amafaranga y\u2019u Rwanda 80.000 yakuye mu itsinda. Ku bw\u2019amahirwe, uwo mugore yagundaguranye n\u2019umugabo we asohoka atabaza, arokokana n\u2019abana be ariko ya mafaranga barwaniraga ahira mu cyumba araranamo n\u2019umugabo. Uyu muryango utuye mu Mudugudu<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":5886,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"pagelayer_contact_templates":[],"_pagelayer_content":"","_monsterinsights_skip_tracking":false,"footnotes":""},"categories":[116,53],"tags":[],"class_list":["post-5875","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-kh","category-mu-rwanda"],"aioseo_notices":[],"aioseo_head":"\n\t\t<!-- All in One SEO 5.0.1 - aioseo.com -->\n\t<meta name=\"description\" content=\"Kwizera Eric w\u2019imyaka 29 yatawe muri yombi akekwaho gutwika inzu ngo umugore we n\u2019abana bahiremo, nyuma y\u2019uko uyu mugore yanze ko bagabana amafaranga y\u2019u Rwanda 80.000 yakuye mu itsinda. Ku bw\u2019amahirwe, uwo mugore yagundaguranye n\u2019umugabo we asohoka atabaza, arokokana n\u2019abana be ariko ya mafaranga barwaniraga ahira mu cyumba araranamo n\u2019umugabo. Uyu muryango utuye mu Mudugudu\" \/>\n\t<meta name=\"robots\" content=\"max-image-preview:large\" \/>\n\t<meta name=\"author\" content=\"FRATERNE MUDATINYA\"\/>\n\t<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=5875\" \/>\n\t<meta name=\"generator\" content=\"All in One SEO (AIOSEO) 5.0.1\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:site_name\" content=\"Ikaze kuri Kigalihit.rw - Kigalihit.rw\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:title\" content=\"RUSIZI: Umugabo yatwikiye umugore we mu nzu bitewe nuko yanze ko bagabana 80.000 Frw - Ikaze kuri Kigalihit.rw\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:description\" content=\"Kwizera Eric w\u2019imyaka 29 yatawe muri yombi akekwaho gutwika inzu ngo umugore we n\u2019abana bahiremo, nyuma y\u2019uko uyu mugore yanze ko bagabana amafaranga y\u2019u Rwanda 80.000 yakuye mu itsinda. Ku bw\u2019amahirwe, uwo mugore yagundaguranye n\u2019umugabo we asohoka atabaza, arokokana n\u2019abana be ariko ya mafaranga barwaniraga ahira mu cyumba araranamo n\u2019umugabo. Uyu muryango utuye mu Mudugudu\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=5875\" \/>\n\t\t<meta property=\"article:published_time\" content=\"2026-04-03T06:47:35+00:00\" \/>\n\t\t<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2026-04-03T06:53:43+00:00\" \/>\n\t\t<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n\t\t<meta name=\"twitter:title\" content=\"RUSIZI: Umugabo yatwikiye umugore we mu nzu bitewe nuko yanze ko bagabana 80.000 Frw - Ikaze kuri Kigalihit.rw\" \/>\n\t\t<meta name=\"twitter:description\" content=\"Kwizera Eric w\u2019imyaka 29 yatawe muri yombi akekwaho gutwika inzu ngo umugore we n\u2019abana bahiremo, nyuma y\u2019uko uyu mugore yanze ko bagabana amafaranga y\u2019u Rwanda 80.000 yakuye mu itsinda. Ku bw\u2019amahirwe, uwo mugore yagundaguranye n\u2019umugabo we asohoka atabaza, arokokana n\u2019abana be ariko ya mafaranga barwaniraga ahira mu cyumba araranamo n\u2019umugabo. Uyu muryango utuye mu Mudugudu\" \/>\n\t\t<script type=\"application\/ld+json\" class=\"aioseo-schema\">\n\t\t\t{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"BlogPosting\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=5875#blogposting\",\"name\":\"RUSIZI: Umugabo yatwikiye umugore we mu nzu bitewe nuko yanze ko bagabana 80.000 Frw - Ikaze kuri Kigalihit.rw\",\"headline\":\"RUSIZI: Umugabo yatwikiye umugore we mu nzu bitewe nuko yanze ko bagabana 80.000 Frw\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?author=4#author\"},\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/#organization\"},\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/04\\\/images.png\",\"width\":586,\"height\":341},\"datePublished\":\"2026-04-03T06:47:35+00:00\",\"dateModified\":\"2026-04-03T06:53:43+00:00\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=5875#webpage\"},\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=5875#webpage\"},\"articleSection\":\"Kh, Mu Rwanda\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=5875#breadcrumblist\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw#listItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\",\"nextItem\":{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?cat=53#listItem\",\"name\":\"Mu Rwanda\"}},{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?cat=53#listItem\",\"position\":2,\"name\":\"Mu Rwanda\",\"item\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?cat=53\",\"nextItem\":{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=5875#listItem\",\"name\":\"RUSIZI: Umugabo yatwikiye umugore we mu nzu bitewe nuko yanze ko bagabana 80.000 Frw\"},\"previousItem\":{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw#listItem\",\"name\":\"Home\"}},{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=5875#listItem\",\"position\":3,\"name\":\"RUSIZI: Umugabo yatwikiye umugore we mu nzu bitewe nuko yanze ko bagabana 80.000 Frw\",\"previousItem\":{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?cat=53#listItem\",\"name\":\"Mu Rwanda\"}}]},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/#organization\",\"name\":\"Ikaze kuri Kigalihit.rw\",\"description\":\"Kigalihit.rw\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?author=4#author\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?author=4\",\"name\":\"FRATERNE MUDATINYA\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=5875#authorImage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/5faeff5fd8feb3d9b401bcb07834ae1fe8a4d747fa835e61078af853d9fa4e42?s=96&d=mm&r=g\",\"width\":96,\"height\":96,\"caption\":\"FRATERNE MUDATINYA\"}},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=5875#webpage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=5875\",\"name\":\"RUSIZI: Umugabo yatwikiye umugore we mu nzu bitewe nuko yanze ko bagabana 80.000 Frw - Ikaze kuri Kigalihit.rw\",\"description\":\"Kwizera Eric w\\u2019imyaka 29 yatawe muri yombi akekwaho gutwika inzu ngo umugore we n\\u2019abana bahiremo, nyuma y\\u2019uko uyu mugore yanze ko bagabana amafaranga y\\u2019u Rwanda 80.000 yakuye mu itsinda. Ku bw\\u2019amahirwe, uwo mugore yagundaguranye n\\u2019umugabo we asohoka atabaza, arokokana n\\u2019abana be ariko ya mafaranga barwaniraga ahira mu cyumba araranamo n\\u2019umugabo. Uyu muryango utuye mu Mudugudu\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/#website\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=5875#breadcrumblist\"},\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?author=4#author\"},\"creator\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?author=4#author\"},\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/04\\\/images.png\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=5875\\\/#mainImage\",\"width\":586,\"height\":341},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=5875#mainImage\"},\"datePublished\":\"2026-04-03T06:47:35+00:00\",\"dateModified\":\"2026-04-03T06:53:43+00:00\"},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/\",\"name\":\"Ikaze kuri Kigalihit.rw\",\"description\":\"Kigalihit.rw\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/#organization\"}}]}\n\t\t<\/script>\n\t\t<!-- All in One SEO -->\n\n","aioseo_head_json":{"title":"RUSIZI: Umugabo yatwikiye umugore we mu nzu bitewe nuko yanze ko bagabana 80.000 Frw - Ikaze kuri Kigalihit.rw","description":"Kwizera Eric w\u2019imyaka 29 yatawe muri yombi akekwaho gutwika inzu ngo umugore we n\u2019abana bahiremo, nyuma y\u2019uko uyu mugore yanze ko bagabana amafaranga y\u2019u Rwanda 80.000 yakuye mu itsinda. Ku bw\u2019amahirwe, uwo mugore yagundaguranye n\u2019umugabo we asohoka atabaza, arokokana n\u2019abana be ariko ya mafaranga barwaniraga ahira mu cyumba araranamo n\u2019umugabo. Uyu muryango utuye mu Mudugudu","canonical_url":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=5875","robots":"max-image-preview:large","keywords":"","webmasterTools":{"miscellaneous":""},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"BlogPosting","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=5875#blogposting","name":"RUSIZI: Umugabo yatwikiye umugore we mu nzu bitewe nuko yanze ko bagabana 80.000 Frw - Ikaze kuri Kigalihit.rw","headline":"RUSIZI: Umugabo yatwikiye umugore we mu nzu bitewe nuko yanze ko bagabana 80.000 Frw","author":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?author=4#author"},"publisher":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/#organization"},"image":{"@type":"ImageObject","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/04\/images.png","width":586,"height":341},"datePublished":"2026-04-03T06:47:35+00:00","dateModified":"2026-04-03T06:53:43+00:00","inLanguage":"en-US","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=5875#webpage"},"isPartOf":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=5875#webpage"},"articleSection":"Kh, Mu Rwanda"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=5875#breadcrumblist","itemListElement":[{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw#listItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/kigalihit.rw","nextItem":{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=53#listItem","name":"Mu Rwanda"}},{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=53#listItem","position":2,"name":"Mu Rwanda","item":"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=53","nextItem":{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=5875#listItem","name":"RUSIZI: Umugabo yatwikiye umugore we mu nzu bitewe nuko yanze ko bagabana 80.000 Frw"},"previousItem":{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw#listItem","name":"Home"}},{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=5875#listItem","position":3,"name":"RUSIZI: Umugabo yatwikiye umugore we mu nzu bitewe nuko yanze ko bagabana 80.000 Frw","previousItem":{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=53#listItem","name":"Mu Rwanda"}}]},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/#organization","name":"Ikaze kuri Kigalihit.rw","description":"Kigalihit.rw","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?author=4#author","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/?author=4","name":"FRATERNE MUDATINYA","image":{"@type":"ImageObject","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=5875#authorImage","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/5faeff5fd8feb3d9b401bcb07834ae1fe8a4d747fa835e61078af853d9fa4e42?s=96&d=mm&r=g","width":96,"height":96,"caption":"FRATERNE MUDATINYA"}},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=5875#webpage","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=5875","name":"RUSIZI: Umugabo yatwikiye umugore we mu nzu bitewe nuko yanze ko bagabana 80.000 Frw - Ikaze kuri Kigalihit.rw","description":"Kwizera Eric w\u2019imyaka 29 yatawe muri yombi akekwaho gutwika inzu ngo umugore we n\u2019abana bahiremo, nyuma y\u2019uko uyu mugore yanze ko bagabana amafaranga y\u2019u Rwanda 80.000 yakuye mu itsinda. Ku bw\u2019amahirwe, uwo mugore yagundaguranye n\u2019umugabo we asohoka atabaza, arokokana n\u2019abana be ariko ya mafaranga barwaniraga ahira mu cyumba araranamo n\u2019umugabo. Uyu muryango utuye mu Mudugudu","inLanguage":"en-US","isPartOf":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/#website"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=5875#breadcrumblist"},"author":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?author=4#author"},"creator":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?author=4#author"},"image":{"@type":"ImageObject","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/04\/images.png","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=5875\/#mainImage","width":586,"height":341},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=5875#mainImage"},"datePublished":"2026-04-03T06:47:35+00:00","dateModified":"2026-04-03T06:53:43+00:00"},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/#website","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/","name":"Ikaze kuri Kigalihit.rw","description":"Kigalihit.rw","inLanguage":"en-US","publisher":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/#organization"}}]},"og:locale":"en_US","og:site_name":"Ikaze kuri Kigalihit.rw - Kigalihit.rw","og:type":"article","og:title":"RUSIZI: Umugabo yatwikiye umugore we mu nzu bitewe nuko yanze ko bagabana 80.000 Frw - Ikaze kuri Kigalihit.rw","og:description":"Kwizera Eric w\u2019imyaka 29 yatawe muri yombi akekwaho gutwika inzu ngo umugore we n\u2019abana bahiremo, nyuma y\u2019uko uyu mugore yanze ko bagabana amafaranga y\u2019u Rwanda 80.000 yakuye mu itsinda. Ku bw\u2019amahirwe, uwo mugore yagundaguranye n\u2019umugabo we asohoka atabaza, arokokana n\u2019abana be ariko ya mafaranga barwaniraga ahira mu cyumba araranamo n\u2019umugabo. Uyu muryango utuye mu Mudugudu","og:url":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=5875","article:published_time":"2026-04-03T06:47:35+00:00","article:modified_time":"2026-04-03T06:53:43+00:00","twitter:card":"summary_large_image","twitter:title":"RUSIZI: Umugabo yatwikiye umugore we mu nzu bitewe nuko yanze ko bagabana 80.000 Frw - Ikaze kuri Kigalihit.rw","twitter:description":"Kwizera Eric w\u2019imyaka 29 yatawe muri yombi akekwaho gutwika inzu ngo umugore we n\u2019abana bahiremo, nyuma y\u2019uko uyu mugore yanze ko bagabana amafaranga y\u2019u Rwanda 80.000 yakuye mu itsinda. Ku bw\u2019amahirwe, uwo mugore yagundaguranye n\u2019umugabo we asohoka atabaza, arokokana n\u2019abana be ariko ya mafaranga barwaniraga ahira mu cyumba araranamo n\u2019umugabo. Uyu muryango utuye mu Mudugudu"},"aioseo_meta_data":{"post_id":"5875","title":null,"description":null,"keywords":null,"keyphrases":{"focus":{"keyphrase":"","score":0,"analysis":{"keyphraseInTitle":{"score":0,"maxScore":9,"error":1}}},"additional":[]},"primary_term":null,"canonical_url":null,"og_title":null,"og_description":null,"og_object_type":"default","og_image_type":"default","og_image_url":null,"og_image_width":null,"og_image_height":null,"og_image_custom_url":null,"og_image_custom_fields":null,"og_video":"","og_custom_url":null,"og_article_section":null,"og_article_tags":null,"twitter_use_og":false,"twitter_card":"default","twitter_image_type":"default","twitter_image_url":null,"twitter_image_custom_url":null,"twitter_image_custom_fields":null,"twitter_title":null,"twitter_description":null,"schema":{"blockGraphs":[],"customGraphs":[],"default":{"data":{"Article":[],"Course":[],"Dataset":[],"FAQPage":[],"Movie":[],"Person":[],"Product":[],"ProductReview":[],"Car":[],"Recipe":[],"Service":[],"SoftwareApplication":[],"WebPage":[]},"graphName":"BlogPosting","isEnabled":true},"graphs":[]},"schema_type":"default","schema_type_options":null,"pillar_content":false,"robots_default":true,"robots_noindex":false,"robots_noarchive":false,"robots_nosnippet":false,"robots_nofollow":false,"robots_noimageindex":false,"robots_noodp":false,"robots_notranslate":false,"robots_max_snippet":"-1","robots_max_videopreview":"-1","robots_max_imagepreview":"large","priority":null,"frequency":"default","local_seo":null,"breadcrumb_settings":null,"limit_modified_date":false,"ai":{"faqs":[],"keyPoints":[],"titles":[],"descriptions":[],"socialPosts":{"email":[],"linkedin":[],"twitter":[],"facebook":[],"instagram":[]}},"created":"2026-04-03 06:47:35","updated":"2026-04-03 06:54:13","focus_keyword":null,"additional_keywords":null,"truseo_locale":null,"seo_analyzer_scan_date":null},"aioseo_breadcrumb":"<div class=\"aioseo-breadcrumbs\"><span class=\"aioseo-breadcrumb\">\n\t\t\t<a href=\"https:\/\/kigalihit.rw\" title=\"Home\">Home<\/a>\n\t\t<\/span><span class=\"aioseo-breadcrumb-separator\">&raquo;<\/span><span class=\"aioseo-breadcrumb\">\n\t\t\t<a href=\"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=53\" title=\"Mu Rwanda\">Mu Rwanda<\/a>\n\t\t<\/span><span class=\"aioseo-breadcrumb-separator\">&raquo;<\/span><span class=\"aioseo-breadcrumb\">\n\t\t\tRUSIZI: Umugabo yatwikiye umugore we mu nzu bitewe nuko yanze ko bagabana 80.000 Frw\n\t\t<\/span><\/div>","aioseo_breadcrumb_json":[{"label":"Home","link":"https:\/\/kigalihit.rw"},{"label":"Mu Rwanda","link":"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=53"},{"label":"RUSIZI: Umugabo yatwikiye umugore we mu nzu bitewe nuko yanze ko bagabana 80.000 Frw","link":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=5875"}],"_format-video":{"_siteseo_readibility_data":["a:2:{s:12:\"number_found\";s:4:\"000 \";s:16:\"paragraph_length\";i:0;}"],"_edit_lock":["1775199263:4"],"_edit_last":["4"],"_wp_page_template":["default"],"xyz_fbap":["1"],"_aioseo_title":[null],"_aioseo_description":[null],"_aioseo_keywords":["a:0:{}"],"_aioseo_og_title":[""],"_aioseo_og_description":[""],"_aioseo_og_article_section":[""],"_aioseo_og_article_tags":["a:0:{}"],"_aioseo_twitter_title":[""],"_aioseo_twitter_description":[""],"mashsb_timestamp":["1775293546"],"_monsterinsights_sitenote_active":["0"],"_siteseo_robots_primary_cat":["119"],"_siteseo_redirections_type":["301"],"_siteseo_redirections_logged_status":["both"],"_post_template_options":["a:1:{s:17:\"single_post_style\";s:0:\"\";}"],"_format_video":["a:1:{s:13:\"embedded_link\";s:0:\"\";}"],"_wpas_done_all":["1"],"post_views_count":["344"],"_publicize_shares":["a:1:{i:0;a:10:{s:6:\"status\";s:7:\"success\";s:7:\"message\";s:53:\"https:\/\/facebook.com\/501864193215593_1607208727507880\";s:9:\"timestamp\";i:1775198866;s:7:\"service\";s:8:\"facebook\";s:13:\"connection_id\";i:25737017;s:11:\"external_id\";s:15:\"501864193215593\";s:13:\"external_name\";s:13:\"kigalihits.rw\";s:15:\"profile_picture\";s:519:\"https:\/\/scontent-dfw5-3.xx.fbcdn.net\/v\/t39.30808-1\/304874218_611178307110932_6491930694523393984_n.jpg?stp=c0.0.477.477a_cp0_dst-jpg_s50x50_tt6&_nc_cat=101&ccb=1-7&_nc_sid=f907e8&_nc_ohc=1W8LFQShWO4Q7kNvwFAeXVQ&_nc_oc=AdqT7RX9YQOp_uMdQfleHlvn8HyN0lSyUMNZBxzVFOoSRR0_dzjjH6Zhn-MChAYMiRY&_nc_zt=24&_nc_ht=scontent-dfw5-3.xx&edm=AGaHXAAEAAAA&_nc_gid=ELs07qDD5JlMFS_AegUS4A&_nc_tpa=Q5bMBQFihfRU7j-mvbUnCrIrr9gsCH0Du5rV-AwEDT6DEVAgM55x80AN05uxkxHcgbojll16SbPP&oh=00_Af3TRbt1nEvkBsxoNP5c-hqLJmbebKhPZd8wx_NmkBvoGg&oe=69D4AEF7\";s:12:\"profile_link\";s:40:\"https:\/\/www.facebook.com\/501864193215593\";s:13:\"wpcom_user_id\";i:0;}}"],"mashsb_shares":["0"],"mashsb_jsonshares":["{\"total\":0}"],"_thumbnail_id":["5886"],"_wpas_skip_publicize_25737017":["1"],"wp_review_positive_count":["0"],"wp_review_negative_count":["0"]},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5875","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5875"}],"version-history":[{"count":3,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5875\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":5888,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5875\/revisions\/5888"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/5886"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5875"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5875"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5875"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}