{"id":7863,"date":"2026-05-28T12:52:59","date_gmt":"2026-05-28T12:52:59","guid":{"rendered":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=7863"},"modified":"2026-05-28T12:52:59","modified_gmt":"2026-05-28T12:52:59","slug":"rulindo-yiyahuye-nyuma-yo-kumenya-ko-yasangiraga-umugabo-numukobwa-we","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=7863","title":{"rendered":"Rulindo: Yiyahuye nyuma yo kumenya ko yasangiraga umugabo n\u2019umukobwa we"},"content":{"rendered":"<div align=\"left\">\n<p dir=\"ltr\"><b>Umugore wo mu mu Kagali ka Murama mu Murenge wa Kisaro,Akarere ka Rulindo yiyahuje umuti wa roketi wica udukoko, ahita apfa.<\/b><\/p>\n<\/div>\n<div align=\"left\">\n<p dir=\"ltr\">Abaturanyi ba nyakwigendera bemeza ko nta kibazo yari afitanye n\u2019umugabo we, ahubwo yamenye ko asangira umugabo n\u2019umukobwa we, bagakeka ko ari cyo cyatumye yiyahura.<\/p>\n<\/div>\n<div align=\"left\">\n<p dir=\"ltr\">Aba baturanyi be babwiye TV1 ko yiyahuye ntiyahita apfa abanza kujyanwa ku kigo nderabuzima, kugeza yoherejwe i Kigali, ariko birangira apfiriye mu nzira.<br \/>\nUmwe yagize ati \u201cHari amakimbirane yari afitanye n\u2019umukobwa we ashobora kuba ari yo yatumye ibyo bindi bibaho.\u201d<br \/>\nUndi yavuze ko hari umugabo wundi muri aka gace batuyemo bari bafitanye umubano wihariye, bivugwa ko uyu mugabo yaje no kugera ku mukobwa wa nyakwigendera, nawe bakaryamana.<br \/>\nYagize ati \u201cUgahindukira ugasanga wa wundi uri ku mwana wawe mwararyamanye ntabwo byakugwa neza, byaguhangayikisha ukaba wakora n\u2019ibi. Ngo bashobora kuba barasangiye umugabo akaba ari byo byatumye agira agahinda kenshi.\u201d<br \/>\nUmunyamabanga Nshingabikorwa w\u2019Umurenge wa Kisaro, T\u00e9lesphore Uwamahoro, we yemeje ko bataramenya impamvu uyu mugore yiyahuye kuko nta makimbirane yari mu rugo rwa nyakwigendera n\u2019umugabo we babanaga mu rugo.<\/p>\n<\/div>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umugore wo mu mu Kagali ka Murama mu Murenge wa Kisaro,Akarere ka Rulindo yiyahuje umuti wa roketi wica udukoko, ahita apfa. Abaturanyi ba nyakwigendera bemeza ko nta kibazo yari afitanye n\u2019umugabo we, ahubwo yamenye ko asangira umugabo n\u2019umukobwa we, bagakeka ko ari cyo cyatumye yiyahura. Aba baturanyi be babwiye TV1 ko yiyahuye ntiyahita apfa abanza<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"pagelayer_contact_templates":[],"_pagelayer_content":"","_monsterinsights_skip_tracking":false,"footnotes":""},"categories":[116,53],"tags":[],"class_list":["post-7863","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-kh","category-mu-rwanda"],"aioseo_notices":[],"aioseo_head":"\n\t\t<!-- All in One SEO 5.0.1 - aioseo.com -->\n\t<meta name=\"description\" content=\"Umugore wo mu mu Kagali ka Murama mu Murenge wa Kisaro,Akarere ka Rulindo yiyahuje umuti wa roketi wica udukoko, ahita apfa. Abaturanyi ba nyakwigendera bemeza ko nta kibazo yari afitanye n\u2019umugabo we, ahubwo yamenye ko asangira umugabo n\u2019umukobwa we, bagakeka ko ari cyo cyatumye yiyahura. Aba baturanyi be babwiye TV1 ko yiyahuye ntiyahita apfa abanza\" \/>\n\t<meta name=\"robots\" content=\"max-image-preview:large\" \/>\n\t<meta name=\"author\" content=\"Sean P\"\/>\n\t<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=7863\" \/>\n\t<meta name=\"generator\" content=\"All in One SEO (AIOSEO) 5.0.1\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:site_name\" content=\"Ikaze kuri Kigalihit.rw - Kigalihit.rw\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:title\" content=\"Rulindo: Yiyahuye nyuma yo kumenya ko yasangiraga umugabo n\u2019umukobwa we - Ikaze kuri Kigalihit.rw\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:description\" content=\"Umugore wo mu mu Kagali ka Murama mu Murenge wa Kisaro,Akarere ka Rulindo yiyahuje umuti wa roketi wica udukoko, ahita apfa. Abaturanyi ba nyakwigendera bemeza ko nta kibazo yari afitanye n\u2019umugabo we, ahubwo yamenye ko asangira umugabo n\u2019umukobwa we, bagakeka ko ari cyo cyatumye yiyahura. Aba baturanyi be babwiye TV1 ko yiyahuye ntiyahita apfa abanza\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=7863\" \/>\n\t\t<meta property=\"article:published_time\" content=\"2026-05-28T12:52:59+00:00\" \/>\n\t\t<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2026-05-28T12:52:59+00:00\" \/>\n\t\t<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n\t\t<meta name=\"twitter:title\" content=\"Rulindo: Yiyahuye nyuma yo kumenya ko yasangiraga umugabo n\u2019umukobwa we - Ikaze kuri Kigalihit.rw\" \/>\n\t\t<meta name=\"twitter:description\" content=\"Umugore wo mu mu Kagali ka Murama mu Murenge wa Kisaro,Akarere ka Rulindo yiyahuje umuti wa roketi wica udukoko, ahita apfa. Abaturanyi ba nyakwigendera bemeza ko nta kibazo yari afitanye n\u2019umugabo we, ahubwo yamenye ko asangira umugabo n\u2019umukobwa we, bagakeka ko ari cyo cyatumye yiyahura. Aba baturanyi be babwiye TV1 ko yiyahuye ntiyahita apfa abanza\" \/>\n\t\t<script type=\"application\/ld+json\" class=\"aioseo-schema\">\n\t\t\t{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"BlogPosting\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=7863#blogposting\",\"name\":\"Rulindo: Yiyahuye nyuma yo kumenya ko yasangiraga umugabo n\\u2019umukobwa we - Ikaze kuri Kigalihit.rw\",\"headline\":\"Rulindo: Yiyahuye nyuma yo kumenya ko yasangiraga umugabo n\\u2019umukobwa we\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?author=2#author\"},\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/#organization\"},\"datePublished\":\"2026-05-28T12:52:59+00:00\",\"dateModified\":\"2026-05-28T12:52:59+00:00\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=7863#webpage\"},\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=7863#webpage\"},\"articleSection\":\"Kh, Mu Rwanda\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=7863#breadcrumblist\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw#listItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\",\"nextItem\":{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?cat=53#listItem\",\"name\":\"Mu Rwanda\"}},{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?cat=53#listItem\",\"position\":2,\"name\":\"Mu Rwanda\",\"item\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?cat=53\",\"nextItem\":{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=7863#listItem\",\"name\":\"Rulindo: Yiyahuye nyuma yo kumenya ko yasangiraga umugabo n\\u2019umukobwa we\"},\"previousItem\":{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw#listItem\",\"name\":\"Home\"}},{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=7863#listItem\",\"position\":3,\"name\":\"Rulindo: Yiyahuye nyuma yo kumenya ko yasangiraga umugabo n\\u2019umukobwa we\",\"previousItem\":{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?cat=53#listItem\",\"name\":\"Mu Rwanda\"}}]},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/#organization\",\"name\":\"Ikaze kuri Kigalihit.rw\",\"description\":\"Kigalihit.rw\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?author=2#author\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?author=2\",\"name\":\"Sean P\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=7863#authorImage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2025\\\/09\\\/516660811_10162286580433300_4319557065086265650_n-150x150.jpeg\",\"width\":96,\"height\":96,\"caption\":\"Sean P\"}},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=7863#webpage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=7863\",\"name\":\"Rulindo: Yiyahuye nyuma yo kumenya ko yasangiraga umugabo n\\u2019umukobwa we - Ikaze kuri Kigalihit.rw\",\"description\":\"Umugore wo mu mu Kagali ka Murama mu Murenge wa Kisaro,Akarere ka Rulindo yiyahuje umuti wa roketi wica udukoko, ahita apfa. Abaturanyi ba nyakwigendera bemeza ko nta kibazo yari afitanye n\\u2019umugabo we, ahubwo yamenye ko asangira umugabo n\\u2019umukobwa we, bagakeka ko ari cyo cyatumye yiyahura. Aba baturanyi be babwiye TV1 ko yiyahuye ntiyahita apfa abanza\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/#website\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=7863#breadcrumblist\"},\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?author=2#author\"},\"creator\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?author=2#author\"},\"datePublished\":\"2026-05-28T12:52:59+00:00\",\"dateModified\":\"2026-05-28T12:52:59+00:00\"},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/\",\"name\":\"Ikaze kuri Kigalihit.rw\",\"description\":\"Kigalihit.rw\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/#organization\"}}]}\n\t\t<\/script>\n\t\t<!-- All in One SEO -->\n\n","aioseo_head_json":{"title":"Rulindo: Yiyahuye nyuma yo kumenya ko yasangiraga umugabo n\u2019umukobwa we - Ikaze kuri Kigalihit.rw","description":"Umugore wo mu mu Kagali ka Murama mu Murenge wa Kisaro,Akarere ka Rulindo yiyahuje umuti wa roketi wica udukoko, ahita apfa. Abaturanyi ba nyakwigendera bemeza ko nta kibazo yari afitanye n\u2019umugabo we, ahubwo yamenye ko asangira umugabo n\u2019umukobwa we, bagakeka ko ari cyo cyatumye yiyahura. Aba baturanyi be babwiye TV1 ko yiyahuye ntiyahita apfa abanza","canonical_url":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=7863","robots":"max-image-preview:large","keywords":"","webmasterTools":{"miscellaneous":""},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"BlogPosting","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=7863#blogposting","name":"Rulindo: Yiyahuye nyuma yo kumenya ko yasangiraga umugabo n\u2019umukobwa we - Ikaze kuri Kigalihit.rw","headline":"Rulindo: Yiyahuye nyuma yo kumenya ko yasangiraga umugabo n\u2019umukobwa we","author":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?author=2#author"},"publisher":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/#organization"},"datePublished":"2026-05-28T12:52:59+00:00","dateModified":"2026-05-28T12:52:59+00:00","inLanguage":"en-US","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=7863#webpage"},"isPartOf":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=7863#webpage"},"articleSection":"Kh, Mu Rwanda"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=7863#breadcrumblist","itemListElement":[{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw#listItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/kigalihit.rw","nextItem":{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=53#listItem","name":"Mu Rwanda"}},{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=53#listItem","position":2,"name":"Mu Rwanda","item":"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=53","nextItem":{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=7863#listItem","name":"Rulindo: Yiyahuye nyuma yo kumenya ko yasangiraga umugabo n\u2019umukobwa we"},"previousItem":{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw#listItem","name":"Home"}},{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=7863#listItem","position":3,"name":"Rulindo: Yiyahuye nyuma yo kumenya ko yasangiraga umugabo n\u2019umukobwa we","previousItem":{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=53#listItem","name":"Mu Rwanda"}}]},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/#organization","name":"Ikaze kuri Kigalihit.rw","description":"Kigalihit.rw","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?author=2#author","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/?author=2","name":"Sean P","image":{"@type":"ImageObject","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=7863#authorImage","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/09\/516660811_10162286580433300_4319557065086265650_n-150x150.jpeg","width":96,"height":96,"caption":"Sean P"}},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=7863#webpage","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=7863","name":"Rulindo: Yiyahuye nyuma yo kumenya ko yasangiraga umugabo n\u2019umukobwa we - Ikaze kuri Kigalihit.rw","description":"Umugore wo mu mu Kagali ka Murama mu Murenge wa Kisaro,Akarere ka Rulindo yiyahuje umuti wa roketi wica udukoko, ahita apfa. Abaturanyi ba nyakwigendera bemeza ko nta kibazo yari afitanye n\u2019umugabo we, ahubwo yamenye ko asangira umugabo n\u2019umukobwa we, bagakeka ko ari cyo cyatumye yiyahura. Aba baturanyi be babwiye TV1 ko yiyahuye ntiyahita apfa abanza","inLanguage":"en-US","isPartOf":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/#website"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=7863#breadcrumblist"},"author":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?author=2#author"},"creator":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?author=2#author"},"datePublished":"2026-05-28T12:52:59+00:00","dateModified":"2026-05-28T12:52:59+00:00"},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/#website","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/","name":"Ikaze kuri Kigalihit.rw","description":"Kigalihit.rw","inLanguage":"en-US","publisher":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/#organization"}}]},"og:locale":"en_US","og:site_name":"Ikaze kuri Kigalihit.rw - Kigalihit.rw","og:type":"article","og:title":"Rulindo: Yiyahuye nyuma yo kumenya ko yasangiraga umugabo n\u2019umukobwa we - Ikaze kuri Kigalihit.rw","og:description":"Umugore wo mu mu Kagali ka Murama mu Murenge wa Kisaro,Akarere ka Rulindo yiyahuje umuti wa roketi wica udukoko, ahita apfa. Abaturanyi ba nyakwigendera bemeza ko nta kibazo yari afitanye n\u2019umugabo we, ahubwo yamenye ko asangira umugabo n\u2019umukobwa we, bagakeka ko ari cyo cyatumye yiyahura. Aba baturanyi be babwiye TV1 ko yiyahuye ntiyahita apfa abanza","og:url":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=7863","article:published_time":"2026-05-28T12:52:59+00:00","article:modified_time":"2026-05-28T12:52:59+00:00","twitter:card":"summary_large_image","twitter:title":"Rulindo: Yiyahuye nyuma yo kumenya ko yasangiraga umugabo n\u2019umukobwa we - Ikaze kuri Kigalihit.rw","twitter:description":"Umugore wo mu mu Kagali ka Murama mu Murenge wa Kisaro,Akarere ka Rulindo yiyahuje umuti wa roketi wica udukoko, ahita apfa. Abaturanyi ba nyakwigendera bemeza ko nta kibazo yari afitanye n\u2019umugabo we, ahubwo yamenye ko asangira umugabo n\u2019umukobwa we, bagakeka ko ari cyo cyatumye yiyahura. Aba baturanyi be babwiye TV1 ko yiyahuye ntiyahita apfa abanza"},"aioseo_meta_data":{"post_id":"7863","title":null,"description":null,"keywords":null,"keyphrases":{"focus":{"keyphrase":"","score":0,"analysis":{"keyphraseInTitle":{"score":0,"maxScore":9,"error":1}}},"additional":[]},"primary_term":null,"canonical_url":null,"og_title":null,"og_description":null,"og_object_type":"default","og_image_type":"default","og_image_url":null,"og_image_width":null,"og_image_height":null,"og_image_custom_url":null,"og_image_custom_fields":null,"og_video":"","og_custom_url":null,"og_article_section":null,"og_article_tags":null,"twitter_use_og":false,"twitter_card":"default","twitter_image_type":"default","twitter_image_url":null,"twitter_image_custom_url":null,"twitter_image_custom_fields":null,"twitter_title":null,"twitter_description":null,"schema":{"blockGraphs":[],"customGraphs":[],"default":{"data":{"Article":[],"Course":[],"Dataset":[],"FAQPage":[],"Movie":[],"Person":[],"Product":[],"ProductReview":[],"Car":[],"Recipe":[],"Service":[],"SoftwareApplication":[],"WebPage":[]},"graphName":"BlogPosting","isEnabled":true},"graphs":[]},"schema_type":"default","schema_type_options":null,"pillar_content":false,"robots_default":true,"robots_noindex":false,"robots_noarchive":false,"robots_nosnippet":false,"robots_nofollow":false,"robots_noimageindex":false,"robots_noodp":false,"robots_notranslate":false,"robots_max_snippet":"-1","robots_max_videopreview":"-1","robots_max_imagepreview":"large","priority":null,"frequency":"default","local_seo":null,"breadcrumb_settings":null,"limit_modified_date":false,"ai":{"faqs":[],"keyPoints":[],"titles":[],"descriptions":[],"socialPosts":{"email":[],"linkedin":[],"twitter":[],"facebook":[],"instagram":[]}},"created":"2026-05-28 12:52:59","updated":"2026-05-28 12:55:20","focus_keyword":null,"additional_keywords":null,"truseo_locale":null,"seo_analyzer_scan_date":null},"aioseo_breadcrumb":"<div class=\"aioseo-breadcrumbs\"><span class=\"aioseo-breadcrumb\">\n\t\t\t<a href=\"https:\/\/kigalihit.rw\" title=\"Home\">Home<\/a>\n\t\t<\/span><span class=\"aioseo-breadcrumb-separator\">&raquo;<\/span><span class=\"aioseo-breadcrumb\">\n\t\t\t<a href=\"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=53\" title=\"Mu Rwanda\">Mu Rwanda<\/a>\n\t\t<\/span><span class=\"aioseo-breadcrumb-separator\">&raquo;<\/span><span class=\"aioseo-breadcrumb\">\n\t\t\tRulindo: Yiyahuye nyuma yo kumenya ko yasangiraga umugabo n\u2019umukobwa we\n\t\t<\/span><\/div>","aioseo_breadcrumb_json":[{"label":"Home","link":"https:\/\/kigalihit.rw"},{"label":"Mu Rwanda","link":"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=53"},{"label":"Rulindo: Yiyahuye nyuma yo kumenya ko yasangiraga umugabo n\u2019umukobwa we","link":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=7863"}],"_format-video":{"_siteseo_readibility_data":["a:1:{s:16:\"paragraph_length\";i:0;}"],"_edit_lock":["1779973410:2"],"_edit_last":["2"],"_wp_page_template":["default"],"xyz_fbap":["1"],"_aioseo_title":[null],"_aioseo_description":[null],"_aioseo_keywords":["a:0:{}"],"_aioseo_og_title":[""],"_aioseo_og_description":[""],"_aioseo_og_article_section":[""],"_aioseo_og_article_tags":["a:0:{}"],"_aioseo_twitter_title":[""],"_aioseo_twitter_description":[""],"mashsb_timestamp":["1780065516"],"wp_review_type":["none"],"_monsterinsights_sitenote_active":["0"],"_siteseo_robots_primary_cat":["119"],"_siteseo_redirections_type":["301"],"_siteseo_redirections_logged_status":["both"],"_post_template_options":["a:1:{s:17:\"single_post_style\";s:0:\"\";}"],"_format_video":["a:1:{s:13:\"embedded_link\";s:0:\"\";}"],"_wpas_done_all":["1"],"post_views_count":["892"],"_publicize_shares":["a:1:{i:0;a:10:{s:6:\"status\";s:7:\"success\";s:7:\"message\";s:53:\"https:\/\/facebook.com\/501864193215593_1656305049264914\";s:9:\"timestamp\";i:1779972797;s:7:\"service\";s:8:\"facebook\";s:13:\"connection_id\";i:25737017;s:11:\"external_id\";s:15:\"501864193215593\";s:13:\"external_name\";s:13:\"kigalihits.rw\";s:15:\"profile_picture\";s:519:\"https:\/\/scontent-dfw6-1.xx.fbcdn.net\/v\/t39.30808-1\/304874218_611178307110932_6491930694523393984_n.jpg?stp=c0.0.477.477a_cp0_dst-jpg_s50x50_tt6&_nc_cat=101&ccb=1-7&_nc_sid=f907e8&_nc_ohc=jXPwTSUbUXsQ7kNvwFmjXco&_nc_oc=Adpi-8nR4eYE4-jOGZQi1Ema6wshJ2z60UzUVFy6Mnqhhes8IIh2koBgTsH_Yk8f8s4&_nc_zt=24&_nc_ht=scontent-dfw6-1.xx&edm=AGaHXAAEAAAA&_nc_gid=mPxkKfz2v9JHmhXDg8Cy_Q&_nc_tpa=Q5bMBQF9spR-spFyklRyT2s9buEpIFnL0ft_LP3INPJ2i8LqTHgHiDkq0yIhgAdE4NMCVxCZwXwh&oh=00_Af5AQq0QR7Quoosn_MgsSKXyw-s1yB8hUwOds_lyfuAAng&oe=6A1E1277\";s:12:\"profile_link\";s:40:\"https:\/\/www.facebook.com\/501864193215593\";s:13:\"wpcom_user_id\";i:0;}}"],"mashsb_shares":["0"],"mashsb_jsonshares":["{\"total\":0}"]},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7863","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7863"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7863\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":7876,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7863\/revisions\/7876"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7863"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7863"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7863"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}