{"id":8895,"date":"2026-07-14T11:55:29","date_gmt":"2026-07-14T11:55:29","guid":{"rendered":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=8895"},"modified":"2026-07-14T11:55:29","modified_gmt":"2026-07-14T11:55:29","slug":"ese-u-rwanda-ruzata-muri-yombi-perezida-omar-al-bashir-wa-sudani-rumushyikirize-urukiko-mpuzamahanga-mpanabyaha-icc","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=8895","title":{"rendered":"Ese u Rwanda ruzata muri yombi Perezida Omar al-Bashir wa Sudani, rumushyikirize Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC?"},"content":{"rendered":"<blockquote><p><em><strong>Igihe nk\u2019iki mu myaka icumi ishize, u Rwanda rwari rurimbanyije imyiteguro ikomeye yo kwakira Inama ya 27 y\u2019Abakuru b\u2019Ibihugu na za Guverinoma bigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, AU.<\/strong><\/em><\/p><\/blockquote>\n<p>Yari imwe mu Nama Mpuzamahanga zikomeye u Rwanda rwari rwakiriye, aho abayobozi b\u2019ibihugu bya Afurika babarirwa muri za mirongo bari bategerejwe i Kigali.<\/p>\n<p>Inama yari yatangiye ku wa 10 Nyakanga 2016, ibikorwa by\u2019abakuru b\u2019ibihugu biteganyijwe ku wa 17 no ku wa 18 Nyakanga. Abaperezida bagera kuri 35 bari bamaze kwemeza ko bazayitabira.<\/p>\n<p>Ariko uko iminsi yegerezaga u Rwanda rwiteguye kwakira abashyitsi, ni ko igitutu cyari gikomeje kuba cyinshi, impaka ari nyinshi kuva La Haye mu Buholandi, zigakomereza i Khartoum muri Sudani n\u2019i Kigali.<\/p>\n<p>Izo mpaka zari zishingiye ku kibazo kimwe: Ese u Rwanda ruzata muri yombi Perezida Omar al-Bashir wa Sudani, rumushyikirize Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC?<\/p>\n<p>Bashir yari yatumiwe mu nama ya AU nk\u2019umukuru w\u2019igihugu kigize uwo muryango. Ku rundi ruhande, yari amaze imyaka irindwi ashakishwa na ICC, aregwa ibyaha by\u2019intambara, ibyibasiye inyokomuntu na Jenoside bivugwa ko byakorewe mu Ntara ya Darfur.<\/p>\n<p>Ku wa 14 Nyakanga 2016, iminsi mike mbere y\u2019uko abakuru b\u2019ibihugu bateranira i Kigali, Guverinoma y\u2019u Rwanda yatangaje ko ICC yari yayandikiye iyisaba guta muri yombi Bashir.<\/p>\n<p><strong>Bashir yari yarabaye ikibazo ku bihugu yakandagizagamo ikirenge<\/strong><\/p>\n<p>Omar Hassan Ahmad al-Bashir wahoze ari umusirikare, yafashe ubutegetsi muri Sudani mu 1989, nyuma yo guhirika Guverinoma ya Minisitiri w\u2019Intebe Sadiq al-Mahdi. Yaje kuba Perezida mu 1993, akomeza kuyobora igihugu kugeza ahiritswe mu 2019.<\/p>\n<p>Izina rye ryatangiye kuvugwa cyane mu butabera mpuzamahanga kubera intambara yatangiye muri Darfur mu 2003.<\/p>\n<p>Ku wa 14 Nyakanga 2008, Ubushinjacyaha bwa ICC bwatangaje ko Bashir yakekwagaho kugira uruhare mu mugambi wo kwibasira amoko ya Fur, Masalit na Zaghawa binyuze mu bwicanyi, gufata abagore ku ngufu no kuvana abaturage mu byabo.<\/p>\n<p>Urukiko rwamushyiriyeho impapuro za mbere zo kumuta muri yombi ku wa 4 Werurwe 2009. Izo mpapuro zari zikubiyemo ibyaha bitanu byibasiye inyokomuntu birimo ubwicanyi, gutsemba, kwimura abaturage ku gahato, iyicarubozo no gufata abagore ku ngufu. Hari kandi ibyaha bibiri by\u2019intambara birimo gusahura no kugaba ibitero ku basivili.<\/p>\n<p>Icyo gihe, abacamanza bavuze ko ibimenyetso byari bihari bitari bihagije kugira ngo Bashir ashinjwe Jenoside.<\/p>\n<p>Ku wa 12 Nyakanga 2010, ICC yashyizeho impapuro za kabiri, noneho zikubiyemo ibyaha bitatu bya Jenoside. Bashir yabaye umukuru w\u2019igihugu wa mbere wari ukiri ku butegetsi ushyiriweho impapuro zo kumuta muri yombi na ICC.<\/p>\n<p>Sudani ntiyari yarasinye ku Masezerano ya Roma yashyizeho ICC kandi ntiyigeze yemera ububasha bw\u2019urwo rukiko. Gusa ikibazo cya Darfur cyari cyarashyikirijwe ICC n\u2019Akanama k\u2019Umuryango w\u2019Abibumbye gashinzwe Umutekano.<\/p>\n<p>Kuva icyo gihe, urugendo rwose Bashir yakoreraga hanze ya Sudani rwahindukaga ikibazo.<\/p>\n<p><strong>Afurika y\u2019Epfo yashatse kumufata<\/strong><\/p>\n<p>Igitutu cyari ku Rwanda cyari gikomeye kurushaho kubera ibyari byarabereye muri Afurika y\u2019Epfo umwaka umwe mbere.<\/p>\n<p>Muri Kamena 2015, Bashir yari yagiye muri Afurika y\u2019Epfo yitabiriye indi nama ya AU. Afurika y\u2019Epfo yasinye ku Masezerano ya Roma, bityo yasabwaga gufata umuntu wese washakishwaga na ICC wari ugeze ku butaka bwayo.<\/p>\n<p>Urukiko rwo muri Afurika y\u2019Epfo rwategetse ko Bashir abuzwa kuva mu gihugu mu gihe rwari rugisuzuma niba agomba gufatwa akoherezwa i La Haye.<\/p>\n<p>Indege ye yaje guhaguruka, asubira i Khartoum. Guverinoma ya Afurika y\u2019Epfo yari yamwemereye kugenda, nubwo urukiko rwari rwategetse ko aguma mu gihugu.<\/p>\n<p>Ibyo byateje impaka zikomeye. ICC n\u2019imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu byashinje Afurika y\u2019Epfo kutubahiriza inshingano zayo, mu gihe bamwe mu bayobozi ba Afurika bavugaga ko Bashir yari afite ubudahangarwa nk\u2019umukuru w\u2019igihugu witabiriye inama ya AU.<\/p>\n<p>Ni yo mpamvu, ubwo u Rwanda rwatangiraga imyiteguro y\u2019inama yo muri Nyakanga 2016, ikibazo cyahise kiba niba ibyabereye muri Afurika y\u2019Epfo byari kongera kwisubiramo mu Rwanda.<\/p>\n<p><strong>Perezida Kagame yatanze umurongo rugikubita<\/strong><\/p>\n<p>Mbere y\u2019uko ICC yandikira u Rwanda, Perezida Paul Kagame yari yaragaragaje ko Bashir natumirwa, azakirwa i Kigali nta nkomyi.<\/p>\n<p>Mu kiganiro yagiranye n\u2019abanyamakuru ku wa 13 Gicurasi 2016, Perezida Kagame yagize ati \u201cAbategura inama nibatumira Bashir, kandi ntekereza ko bazabikora kuko Sudani na yo iri mu Muryango wa Afurika Yunze Ubumwe; icya mbere twaba dushingiye kuki, turi bande bavuga ngo ntugomba kuza hano? Ese byabaho kubera ko ICC yabivuze? Icyo ni ikindi kintu.\u201d<\/p>\n<p>Perezida Kagame yavuze ko umuntu wese wari gutumirwa na AU yari kwakirwa n\u2019u Rwanda nk\u2019igihugu cyari cyakiriye inama. Yibukije kandi ko u Rwanda rutari mu bihugu byari byarashyize umukono ku Masezerano ya Roma.<\/p>\n<p><strong>ICC yandikiye u Rwanda ruyima amatwi<\/strong><\/p>\n<p>Ku wa 14 Nyakanga 2016, Louise Mushikiwabo wari Minisitiri w\u2019Ububanyi n\u2019Amahanga yatangaje ko ICC yari imaze iminsi ibiri isabye u Rwanda gufata Bashir.<\/p>\n<p>Mushikiwabo yavuze ko u Rwanda rutari rufite ububasha bwo kumufata kandi ko umuyobozi wese watumiwe na AU yari guhabwa ikaze akanarindirwa umutekano.<\/p>\n<p>Ati \u201cU Rwanda rwakiriye abayobozi ba Afurika batumiwe na AU, kandi umuntu wese watumiwe azaba ari hano i Kigali, ahawe ikaze kandi azarindwa n\u2019iki gihugu. Perezida Bashir ni umuyobozi w\u2019igihugu cya Afurika, yaratumiwe kandi ashobora kuza muri iyi nama. Nk\u2019igihugu cyakiriye, tuzakira uwo ari we wese.\u201d<\/p>\n<p>Yakomeje avuga ko ubusabe bwa ICC butari bushingiye ku nshingano u Rwanda rwari rufite. Ati \u201cU Rwanda ntirwasinye ku Masezerano ya Roma, bityo nta burenganzira rufite bwo kugira ngo rute muri yombi umuntu uwo ari we wese. Ariko ubusabe bwa ICC kuri Guverinoma y\u2019u Rwanda mu minsi ibiri ishize, twabufashe nk\u2019ubushaka kuturangaza.\u201d<\/p>\n<p>Icyo gisubizo cyakuyeho urujijo ku cyemezo cy\u2019u Rwanda, maze Bashir agera i Kigali ku wa Gatandatu tariki 16 Nyakanga 2016, yakirwa na Sheikh Musa Fazil Harerimana wari Minisitiri w\u2019Umutekano.<\/p>\n<p>Mushikiwabo yavuze ko u Rwanda rudashyigkiye ko abanyabyaha badahanwa, ariko ko rwabonaga imikorere ya ICC yarinjiwemo na politiki.<\/p>\n<p>Ati \u201cU Rwanda nk\u2019igihugu kiri muri AU, turubahiriza mu buryo bwose ibyemezo byawo. Wasabye Akanama ka Loni gashinzwe Umutekano ko abakuru b\u2019ibihugu, igihe bari mu kazi bafite ibyaha baregwa, bagomba guhabwa ubudahangarwa kugeza igihe baviriye mu mirimo.\u201d<\/p>\n<p>Yakomeje avuga ko u Rwanda rudaharanira ko abayobozi badahanwa, ariko ko iyo ubucamanza bujemo politiki, \u201ctugomba guhagarara tukabitandukanya.\u201d<\/p>\n<p>Yongeyeho ati\u201cNta kuntu wasobanura ko imyaka igiye kuba 15, abajyanwe muri ruriya rukiko basabirwa gucibwa imanza ari Abanyafurika.\u201d<\/p>\n<p>Bashir yavuye ku butegetsi ku wa 11 Mata 2019, nyuma y\u2019amezi y\u2019imyigaragambyo yari yaratangiriye mu Ukuboza 2018, abaturage bamagana izamuka ry\u2019ibiciro, ubukene n\u2019ubutegetsi bwe bwari bumaze imyaka 30.<\/p>\n<p>Igisirikare cyaramuhiritse, kiramufata, aza gufungirwa muri Gereza ya Kober i Khartoum.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Igihe nk\u2019iki mu myaka icumi ishize, u Rwanda rwari rurimbanyije imyiteguro ikomeye yo kwakira Inama ya 27 y\u2019Abakuru b\u2019Ibihugu na za Guverinoma bigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, AU. Yari imwe mu Nama Mpuzamahanga zikomeye u Rwanda rwari rwakiriye, aho abayobozi b\u2019ibihugu bya Afurika babarirwa muri za mirongo bari bategerejwe i Kigali. Inama yari yatangiye<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":8898,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"pagelayer_contact_templates":[],"_pagelayer_content":"","_monsterinsights_skip_tracking":false,"footnotes":""},"categories":[116,55,53],"tags":[],"class_list":["post-8895","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-kh","category-mu-mahanga","category-mu-rwanda"],"aioseo_notices":[],"aioseo_head":"\n\t\t<!-- All in One SEO 5.0.1 - aioseo.com -->\n\t<meta name=\"description\" content=\"Igihe nk\u2019iki mu myaka icumi ishize, u Rwanda rwari rurimbanyije imyiteguro ikomeye yo kwakira Inama ya 27 y\u2019Abakuru b\u2019Ibihugu na za Guverinoma bigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, AU. Yari imwe mu Nama Mpuzamahanga zikomeye u Rwanda rwari rwakiriye, aho abayobozi b\u2019ibihugu bya Afurika babarirwa muri za mirongo bari bategerejwe i Kigali. Inama yari yatangiye\" \/>\n\t<meta name=\"robots\" content=\"max-image-preview:large\" \/>\n\t<meta name=\"author\" content=\"FRATERNE MUDATINYA\"\/>\n\t<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=8895\" \/>\n\t<meta name=\"generator\" content=\"All in One SEO (AIOSEO) 5.0.1\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:site_name\" content=\"Ikaze kuri Kigalihit.rw - Kigalihit.rw\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:title\" content=\"Ese u Rwanda ruzata muri yombi Perezida Omar al-Bashir wa Sudani, rumushyikirize Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC? - Ikaze kuri Kigalihit.rw\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:description\" content=\"Igihe nk\u2019iki mu myaka icumi ishize, u Rwanda rwari rurimbanyije imyiteguro ikomeye yo kwakira Inama ya 27 y\u2019Abakuru b\u2019Ibihugu na za Guverinoma bigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, AU. Yari imwe mu Nama Mpuzamahanga zikomeye u Rwanda rwari rwakiriye, aho abayobozi b\u2019ibihugu bya Afurika babarirwa muri za mirongo bari bategerejwe i Kigali. Inama yari yatangiye\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=8895\" \/>\n\t\t<meta property=\"article:published_time\" content=\"2026-07-14T11:55:29+00:00\" \/>\n\t\t<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2026-07-14T11:55:29+00:00\" \/>\n\t\t<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n\t\t<meta name=\"twitter:title\" content=\"Ese u Rwanda ruzata muri yombi Perezida Omar al-Bashir wa Sudani, rumushyikirize Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC? - Ikaze kuri Kigalihit.rw\" \/>\n\t\t<meta name=\"twitter:description\" content=\"Igihe nk\u2019iki mu myaka icumi ishize, u Rwanda rwari rurimbanyije imyiteguro ikomeye yo kwakira Inama ya 27 y\u2019Abakuru b\u2019Ibihugu na za Guverinoma bigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, AU. Yari imwe mu Nama Mpuzamahanga zikomeye u Rwanda rwari rwakiriye, aho abayobozi b\u2019ibihugu bya Afurika babarirwa muri za mirongo bari bategerejwe i Kigali. Inama yari yatangiye\" \/>\n\t\t<script type=\"application\/ld+json\" class=\"aioseo-schema\">\n\t\t\t{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"BlogPosting\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=8895#blogposting\",\"name\":\"Ese u Rwanda ruzata muri yombi Perezida Omar al-Bashir wa Sudani, rumushyikirize Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC? - Ikaze kuri Kigalihit.rw\",\"headline\":\"Ese u Rwanda ruzata muri yombi Perezida Omar al-Bashir wa Sudani, rumushyikirize Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC?\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?author=4#author\"},\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/#organization\"},\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/07\\\/son_arrivee-26c65.webp\",\"width\":600,\"height\":338},\"datePublished\":\"2026-07-14T11:55:29+00:00\",\"dateModified\":\"2026-07-14T11:55:29+00:00\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=8895#webpage\"},\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=8895#webpage\"},\"articleSection\":\"Kh, Mu Mahanga, Mu Rwanda\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=8895#breadcrumblist\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw#listItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\",\"nextItem\":{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?cat=53#listItem\",\"name\":\"Mu Rwanda\"}},{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?cat=53#listItem\",\"position\":2,\"name\":\"Mu Rwanda\",\"item\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?cat=53\",\"nextItem\":{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=8895#listItem\",\"name\":\"Ese u Rwanda ruzata muri yombi Perezida Omar al-Bashir wa Sudani, rumushyikirize Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC?\"},\"previousItem\":{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw#listItem\",\"name\":\"Home\"}},{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=8895#listItem\",\"position\":3,\"name\":\"Ese u Rwanda ruzata muri yombi Perezida Omar al-Bashir wa Sudani, rumushyikirize Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC?\",\"previousItem\":{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?cat=53#listItem\",\"name\":\"Mu Rwanda\"}}]},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/#organization\",\"name\":\"Ikaze kuri Kigalihit.rw\",\"description\":\"Kigalihit.rw\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?author=4#author\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?author=4\",\"name\":\"FRATERNE MUDATINYA\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=8895#authorImage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/5faeff5fd8feb3d9b401bcb07834ae1fe8a4d747fa835e61078af853d9fa4e42?s=96&d=mm&r=g\",\"width\":96,\"height\":96,\"caption\":\"FRATERNE MUDATINYA\"}},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=8895#webpage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=8895\",\"name\":\"Ese u Rwanda ruzata muri yombi Perezida Omar al-Bashir wa Sudani, rumushyikirize Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC? - Ikaze kuri Kigalihit.rw\",\"description\":\"Igihe nk\\u2019iki mu myaka icumi ishize, u Rwanda rwari rurimbanyije imyiteguro ikomeye yo kwakira Inama ya 27 y\\u2019Abakuru b\\u2019Ibihugu na za Guverinoma bigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, AU. Yari imwe mu Nama Mpuzamahanga zikomeye u Rwanda rwari rwakiriye, aho abayobozi b\\u2019ibihugu bya Afurika babarirwa muri za mirongo bari bategerejwe i Kigali. Inama yari yatangiye\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/#website\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=8895#breadcrumblist\"},\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?author=4#author\"},\"creator\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?author=4#author\"},\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/07\\\/son_arrivee-26c65.webp\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=8895\\\/#mainImage\",\"width\":600,\"height\":338},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=8895#mainImage\"},\"datePublished\":\"2026-07-14T11:55:29+00:00\",\"dateModified\":\"2026-07-14T11:55:29+00:00\"},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/\",\"name\":\"Ikaze kuri Kigalihit.rw\",\"description\":\"Kigalihit.rw\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/#organization\"}}]}\n\t\t<\/script>\n\t\t<!-- All in One SEO -->\n\n","aioseo_head_json":{"title":"Ese u Rwanda ruzata muri yombi Perezida Omar al-Bashir wa Sudani, rumushyikirize Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC? - Ikaze kuri Kigalihit.rw","description":"Igihe nk\u2019iki mu myaka icumi ishize, u Rwanda rwari rurimbanyije imyiteguro ikomeye yo kwakira Inama ya 27 y\u2019Abakuru b\u2019Ibihugu na za Guverinoma bigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, AU. Yari imwe mu Nama Mpuzamahanga zikomeye u Rwanda rwari rwakiriye, aho abayobozi b\u2019ibihugu bya Afurika babarirwa muri za mirongo bari bategerejwe i Kigali. Inama yari yatangiye","canonical_url":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=8895","robots":"max-image-preview:large","keywords":"","webmasterTools":{"miscellaneous":""},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"BlogPosting","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=8895#blogposting","name":"Ese u Rwanda ruzata muri yombi Perezida Omar al-Bashir wa Sudani, rumushyikirize Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC? - Ikaze kuri Kigalihit.rw","headline":"Ese u Rwanda ruzata muri yombi Perezida Omar al-Bashir wa Sudani, rumushyikirize Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC?","author":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?author=4#author"},"publisher":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/#organization"},"image":{"@type":"ImageObject","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/07\/son_arrivee-26c65.webp","width":600,"height":338},"datePublished":"2026-07-14T11:55:29+00:00","dateModified":"2026-07-14T11:55:29+00:00","inLanguage":"en-US","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=8895#webpage"},"isPartOf":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=8895#webpage"},"articleSection":"Kh, Mu Mahanga, Mu Rwanda"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=8895#breadcrumblist","itemListElement":[{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw#listItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/kigalihit.rw","nextItem":{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=53#listItem","name":"Mu Rwanda"}},{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=53#listItem","position":2,"name":"Mu Rwanda","item":"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=53","nextItem":{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=8895#listItem","name":"Ese u Rwanda ruzata muri yombi Perezida Omar al-Bashir wa Sudani, rumushyikirize Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC?"},"previousItem":{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw#listItem","name":"Home"}},{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=8895#listItem","position":3,"name":"Ese u Rwanda ruzata muri yombi Perezida Omar al-Bashir wa Sudani, rumushyikirize Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC?","previousItem":{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=53#listItem","name":"Mu Rwanda"}}]},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/#organization","name":"Ikaze kuri Kigalihit.rw","description":"Kigalihit.rw","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?author=4#author","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/?author=4","name":"FRATERNE MUDATINYA","image":{"@type":"ImageObject","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=8895#authorImage","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/5faeff5fd8feb3d9b401bcb07834ae1fe8a4d747fa835e61078af853d9fa4e42?s=96&d=mm&r=g","width":96,"height":96,"caption":"FRATERNE MUDATINYA"}},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=8895#webpage","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=8895","name":"Ese u Rwanda ruzata muri yombi Perezida Omar al-Bashir wa Sudani, rumushyikirize Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC? - Ikaze kuri Kigalihit.rw","description":"Igihe nk\u2019iki mu myaka icumi ishize, u Rwanda rwari rurimbanyije imyiteguro ikomeye yo kwakira Inama ya 27 y\u2019Abakuru b\u2019Ibihugu na za Guverinoma bigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, AU. Yari imwe mu Nama Mpuzamahanga zikomeye u Rwanda rwari rwakiriye, aho abayobozi b\u2019ibihugu bya Afurika babarirwa muri za mirongo bari bategerejwe i Kigali. Inama yari yatangiye","inLanguage":"en-US","isPartOf":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/#website"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=8895#breadcrumblist"},"author":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?author=4#author"},"creator":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?author=4#author"},"image":{"@type":"ImageObject","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/07\/son_arrivee-26c65.webp","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=8895\/#mainImage","width":600,"height":338},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=8895#mainImage"},"datePublished":"2026-07-14T11:55:29+00:00","dateModified":"2026-07-14T11:55:29+00:00"},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/#website","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/","name":"Ikaze kuri Kigalihit.rw","description":"Kigalihit.rw","inLanguage":"en-US","publisher":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/#organization"}}]},"og:locale":"en_US","og:site_name":"Ikaze kuri Kigalihit.rw - Kigalihit.rw","og:type":"article","og:title":"Ese u Rwanda ruzata muri yombi Perezida Omar al-Bashir wa Sudani, rumushyikirize Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC? - Ikaze kuri Kigalihit.rw","og:description":"Igihe nk\u2019iki mu myaka icumi ishize, u Rwanda rwari rurimbanyije imyiteguro ikomeye yo kwakira Inama ya 27 y\u2019Abakuru b\u2019Ibihugu na za Guverinoma bigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, AU. Yari imwe mu Nama Mpuzamahanga zikomeye u Rwanda rwari rwakiriye, aho abayobozi b\u2019ibihugu bya Afurika babarirwa muri za mirongo bari bategerejwe i Kigali. Inama yari yatangiye","og:url":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=8895","article:published_time":"2026-07-14T11:55:29+00:00","article:modified_time":"2026-07-14T11:55:29+00:00","twitter:card":"summary_large_image","twitter:title":"Ese u Rwanda ruzata muri yombi Perezida Omar al-Bashir wa Sudani, rumushyikirize Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC? - Ikaze kuri Kigalihit.rw","twitter:description":"Igihe nk\u2019iki mu myaka icumi ishize, u Rwanda rwari rurimbanyije imyiteguro ikomeye yo kwakira Inama ya 27 y\u2019Abakuru b\u2019Ibihugu na za Guverinoma bigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, AU. Yari imwe mu Nama Mpuzamahanga zikomeye u Rwanda rwari rwakiriye, aho abayobozi b\u2019ibihugu bya Afurika babarirwa muri za mirongo bari bategerejwe i Kigali. Inama yari yatangiye"},"aioseo_meta_data":{"post_id":"8895","title":null,"description":null,"keywords":null,"keyphrases":{"focus":{"keyphrase":"","score":0,"analysis":{"keyphraseInTitle":{"score":0,"maxScore":9,"error":1}}},"additional":[]},"primary_term":null,"canonical_url":null,"og_title":null,"og_description":null,"og_object_type":"default","og_image_type":"default","og_image_url":null,"og_image_width":null,"og_image_height":null,"og_image_custom_url":null,"og_image_custom_fields":null,"og_video":"","og_custom_url":null,"og_article_section":null,"og_article_tags":null,"twitter_use_og":false,"twitter_card":"default","twitter_image_type":"default","twitter_image_url":null,"twitter_image_custom_url":null,"twitter_image_custom_fields":null,"twitter_title":null,"twitter_description":null,"schema":{"blockGraphs":[],"customGraphs":[],"default":{"data":{"Article":[],"Course":[],"Dataset":[],"FAQPage":[],"Movie":[],"Person":[],"Product":[],"ProductReview":[],"Car":[],"Recipe":[],"Service":[],"SoftwareApplication":[],"WebPage":[]},"graphName":"BlogPosting","isEnabled":true},"graphs":[]},"schema_type":"default","schema_type_options":null,"pillar_content":false,"robots_default":true,"robots_noindex":false,"robots_noarchive":false,"robots_nosnippet":false,"robots_nofollow":false,"robots_noimageindex":false,"robots_noodp":false,"robots_notranslate":false,"robots_max_snippet":"-1","robots_max_videopreview":"-1","robots_max_imagepreview":"large","priority":null,"frequency":"default","local_seo":null,"breadcrumb_settings":null,"limit_modified_date":false,"ai":{"faqs":[],"keyPoints":[],"titles":[],"descriptions":[],"socialPosts":{"email":[],"linkedin":[],"twitter":[],"facebook":[],"instagram":[]}},"created":"2026-07-14 11:55:29","updated":"2026-07-14 12:07:07","focus_keyword":null,"additional_keywords":null,"truseo_locale":null,"seo_analyzer_scan_date":null},"aioseo_breadcrumb":"<div class=\"aioseo-breadcrumbs\"><span class=\"aioseo-breadcrumb\">\n\t\t\t<a href=\"https:\/\/kigalihit.rw\" title=\"Home\">Home<\/a>\n\t\t<\/span><span class=\"aioseo-breadcrumb-separator\">&raquo;<\/span><span class=\"aioseo-breadcrumb\">\n\t\t\t<a href=\"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=53\" title=\"Mu Rwanda\">Mu Rwanda<\/a>\n\t\t<\/span><span class=\"aioseo-breadcrumb-separator\">&raquo;<\/span><span class=\"aioseo-breadcrumb\">\n\t\t\tEse u Rwanda ruzata muri yombi Perezida Omar al-Bashir wa Sudani, rumushyikirize Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC?\n\t\t<\/span><\/div>","aioseo_breadcrumb_json":[{"label":"Home","link":"https:\/\/kigalihit.rw"},{"label":"Mu Rwanda","link":"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=53"},{"label":"Ese u Rwanda ruzata muri yombi Perezida Omar al-Bashir wa Sudani, rumushyikirize Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC?","link":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=8895"}],"_format-video":{"_siteseo_readibility_data":["a:1:{s:16:\"paragraph_length\";i:0;}"],"_edit_lock":["1784030059:4"],"_edit_last":["4"],"_thumbnail_id":["8898"],"_wp_page_template":["default"],"xyz_fbap":["1"],"_aioseo_title":[null],"_aioseo_description":[null],"_aioseo_keywords":["a:0:{}"],"_aioseo_og_title":[""],"_aioseo_og_description":[""],"_aioseo_og_article_section":[""],"_aioseo_og_article_tags":["a:0:{}"],"_aioseo_twitter_title":[""],"_aioseo_twitter_description":[""],"mashsb_timestamp":["1784101919"],"_monsterinsights_sitenote_active":["0"],"_siteseo_robots_primary_cat":["119"],"_siteseo_redirections_type":["301"],"_siteseo_redirections_logged_status":["both"],"_post_template_options":["a:1:{s:17:\"single_post_style\";s:0:\"\";}"],"_format_video":["a:1:{s:13:\"embedded_link\";s:0:\"\";}"],"_wpas_done_all":["1"],"post_views_count":["992"],"_publicize_shares":["a:1:{i:0;a:10:{s:6:\"status\";s:7:\"success\";s:7:\"message\";s:53:\"https:\/\/facebook.com\/501864193215593_1700342098194542\";s:9:\"timestamp\";i:1784030150;s:7:\"service\";s:8:\"facebook\";s:13:\"connection_id\";i:25737017;s:11:\"external_id\";s:15:\"501864193215593\";s:13:\"external_name\";s:13:\"kigalihits.rw\";s:15:\"profile_picture\";s:519:\"https:\/\/scontent-dfw6-1.xx.fbcdn.net\/v\/t39.30808-1\/304874218_611178307110932_6491930694523393984_n.jpg?stp=c0.0.477.477a_cp0_dst-jpg_s50x50_tt6&_nc_cat=101&ccb=1-7&_nc_sid=f907e8&_nc_ohc=CGdwL-YZhFsQ7kNvwFGQjVp&_nc_oc=AdozTwKKTxvAWgjTspri4G0Zov0L_m_KsMU4yWnkLp-WlRMhnA3-6ekgFcnGOGReSHo&_nc_zt=24&_nc_ht=scontent-dfw6-1.xx&edm=AGaHXAAEAAAA&_nc_gid=7jX86cgc1v4x0HSn7TMrJg&_nc_tpa=Q5bMBQFY4W2WfaUiTo70WFpLCdXa0T8nsDv4E8lwLtJ9uPzOLrNgfPsuRPXh8i2g8xo4phDvf-ec&oh=00_AQCQFfh4LU6W4T9CHlYILtUewhup9GejWz3pOmZtuAjRBA&oe=6A5B27F7\";s:12:\"profile_link\";s:40:\"https:\/\/www.facebook.com\/501864193215593\";s:13:\"wpcom_user_id\";i:0;}}"],"mashsb_shares":["0"],"mashsb_jsonshares":["{\"total\":0}"]},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8895","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8895"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8895\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":8899,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8895\/revisions\/8899"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/8898"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8895"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8895"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8895"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}