{"id":9927,"date":"2026-08-27T09:00:21","date_gmt":"2026-08-27T09:00:21","guid":{"rendered":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=9927"},"modified":"2026-08-27T09:00:24","modified_gmt":"2026-08-27T09:00:24","slug":"burikantu-yemeje-ko-nubwo-yamamazaga-inzoga-yabaga-abizi-ko-arimo-kwica-abantu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=9927","title":{"rendered":"Burikantu  yemeje ko nubwo yamamazaga inzoga yabaga abizi ko arimo kwica abantu"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Burikantu uri mu basore bazwi cyane ku mbuga nkoranyambaga, yavuze ko nubwo yamaze igihe yamamaza inzoga benshi bita \u2018ibyuma\u2019, yabaga azi ko zishobora kwangiza ubuzima bw\u2019abantu.<\/strong><br><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Aganira na Igihe dukesha iyi nkuru yagize ati:&nbsp;<strong>\u201cNjye ntabwo mbeshya, nkora ubucuruzi. Igihe cyose byabyara amafaranga, njyamo. Mu by\u2019ukuri, njye sinywa inzoga. Ndetse no kwica umuntu cyangwa kwibona mara iminota itanu, icumi ntazi ibyo ndimo kubera inzoga, ndabitinya. Ubundi kugeza aho bakabaye bazifunga.\u201d<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Burikantu ukundirwa uburyo we na mugenzi we, Buringuni basetsa, yavuze ko nubwo adakunda inzoga mu buzima busanzwe yazamamazaga kubera amafaranga.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ati<strong>&nbsp;\u201cUretse no kwibona nataye ubwenge kubera inzoga, no kubona umuntu uri mu bihe nk\u2019ibyo ntabwo mbikunda rwose. Njye nazamamazaga kubera amafaranga, ariko mbizi ko ndi kwica abantu. None se iyo ndi kugucuruza ibintu ntanywa [&#8230;] abazi iby\u2019ubuzima barabizi ko nta nzoga nziza ibaho.\u201d<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Burikantu kandi akangurira urubyiruko kubaho ubuzima buzira ibisindisha.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Uyu musore agarutse kuri ibi mu gihe Leta y\u2019u Rwanda imaze iminsi ikora ubukangurambaga bwo kurwanya inzoga zitujuje ubuziranenge, izo benshi bita \u2018Ibyuma\u2019.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Burikantu uri mu basore bazwi cyane ku mbuga nkoranyambaga, yavuze ko nubwo yamaze igihe yamamaza inzoga benshi bita \u2018ibyuma\u2019, yabaga azi ko zishobora kwangiza ubuzima bw\u2019abantu. Aganira na Igihe dukesha iyi nkuru yagize ati:&nbsp;\u201cNjye ntabwo mbeshya, nkora ubucuruzi. Igihe cyose byabyara amafaranga, njyamo. Mu by\u2019ukuri, njye sinywa inzoga. Ndetse no kwica umuntu cyangwa kwibona mara<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":9930,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"pagelayer_contact_templates":[],"_pagelayer_content":"","_monsterinsights_skip_tracking":false,"footnotes":""},"categories":[54,53],"tags":[],"class_list":["post-9927","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-imyidagaduro","category-mu-rwanda"],"aioseo_notices":[],"aioseo_head":"\n\t\t<!-- All in One SEO 5.0.1 - aioseo.com -->\n\t<meta name=\"description\" content=\"Burikantu uri mu basore bazwi cyane ku mbuga nkoranyambaga, yavuze ko nubwo yamaze igihe yamamaza inzoga benshi bita \u2018ibyuma\u2019, yabaga azi ko zishobora kwangiza ubuzima bw\u2019abantu. Aganira na Igihe dukesha iyi nkuru yagize ati: \u201cNjye ntabwo mbeshya, nkora ubucuruzi. Igihe cyose byabyara amafaranga, njyamo. Mu by\u2019ukuri, njye sinywa inzoga. Ndetse no kwica umuntu cyangwa kwibona mara\" \/>\n\t<meta name=\"robots\" content=\"max-image-preview:large\" \/>\n\t<meta name=\"author\" content=\"admin\"\/>\n\t<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=9927\" \/>\n\t<meta name=\"generator\" content=\"All in One SEO (AIOSEO) 5.0.1\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:site_name\" content=\"Ikaze kuri Kigalihit.rw - Kigalihit.rw\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:title\" content=\"Burikantu yemeje ko nubwo yamamazaga inzoga yabaga abizi ko arimo kwica abantu - Ikaze kuri Kigalihit.rw\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:description\" content=\"Burikantu uri mu basore bazwi cyane ku mbuga nkoranyambaga, yavuze ko nubwo yamaze igihe yamamaza inzoga benshi bita \u2018ibyuma\u2019, yabaga azi ko zishobora kwangiza ubuzima bw\u2019abantu. Aganira na Igihe dukesha iyi nkuru yagize ati: \u201cNjye ntabwo mbeshya, nkora ubucuruzi. Igihe cyose byabyara amafaranga, njyamo. Mu by\u2019ukuri, njye sinywa inzoga. Ndetse no kwica umuntu cyangwa kwibona mara\" \/>\n\t\t<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=9927\" \/>\n\t\t<meta property=\"article:published_time\" content=\"2026-08-27T09:00:21+00:00\" \/>\n\t\t<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2026-08-27T09:00:24+00:00\" \/>\n\t\t<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n\t\t<meta name=\"twitter:title\" content=\"Burikantu yemeje ko nubwo yamamazaga inzoga yabaga abizi ko arimo kwica abantu - Ikaze kuri Kigalihit.rw\" \/>\n\t\t<meta name=\"twitter:description\" content=\"Burikantu uri mu basore bazwi cyane ku mbuga nkoranyambaga, yavuze ko nubwo yamaze igihe yamamaza inzoga benshi bita \u2018ibyuma\u2019, yabaga azi ko zishobora kwangiza ubuzima bw\u2019abantu. Aganira na Igihe dukesha iyi nkuru yagize ati: \u201cNjye ntabwo mbeshya, nkora ubucuruzi. Igihe cyose byabyara amafaranga, njyamo. Mu by\u2019ukuri, njye sinywa inzoga. Ndetse no kwica umuntu cyangwa kwibona mara\" \/>\n\t\t<script type=\"application\/ld+json\" class=\"aioseo-schema\">\n\t\t\t{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"BlogPosting\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=9927#blogposting\",\"name\":\"Burikantu yemeje ko nubwo yamamazaga inzoga yabaga abizi ko arimo kwica abantu - Ikaze kuri Kigalihit.rw\",\"headline\":\"Burikantu  yemeje ko nubwo yamamazaga inzoga yabaga abizi ko arimo kwica abantu\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?author=1#author\"},\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/#organization\"},\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/08\\\/images.jpeg\",\"width\":504,\"height\":396},\"datePublished\":\"2026-08-27T09:00:21+00:00\",\"dateModified\":\"2026-08-27T09:00:24+00:00\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=9927#webpage\"},\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=9927#webpage\"},\"articleSection\":\"Imyidagaduro, Mu Rwanda\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=9927#breadcrumblist\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw#listItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\",\"nextItem\":{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?cat=53#listItem\",\"name\":\"Mu Rwanda\"}},{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?cat=53#listItem\",\"position\":2,\"name\":\"Mu Rwanda\",\"item\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?cat=53\",\"nextItem\":{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=9927#listItem\",\"name\":\"Burikantu  yemeje ko nubwo yamamazaga inzoga yabaga abizi ko arimo kwica abantu\"},\"previousItem\":{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw#listItem\",\"name\":\"Home\"}},{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=9927#listItem\",\"position\":3,\"name\":\"Burikantu  yemeje ko nubwo yamamazaga inzoga yabaga abizi ko arimo kwica abantu\",\"previousItem\":{\"@type\":\"ListItem\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?cat=53#listItem\",\"name\":\"Mu Rwanda\"}}]},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/#organization\",\"name\":\"Ikaze kuri Kigalihit.rw\",\"description\":\"Kigalihit.rw\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?author=1#author\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?author=1\",\"name\":\"admin\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=9927#authorImage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/f359dc394d156f302cb68720606d914f7cb486d3641deede66e9d3e5191a8a1f?s=96&d=mm&r=g\",\"width\":96,\"height\":96,\"caption\":\"admin\"}},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=9927#webpage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=9927\",\"name\":\"Burikantu yemeje ko nubwo yamamazaga inzoga yabaga abizi ko arimo kwica abantu - Ikaze kuri Kigalihit.rw\",\"description\":\"Burikantu uri mu basore bazwi cyane ku mbuga nkoranyambaga, yavuze ko nubwo yamaze igihe yamamaza inzoga benshi bita \\u2018ibyuma\\u2019, yabaga azi ko zishobora kwangiza ubuzima bw\\u2019abantu. Aganira na Igihe dukesha iyi nkuru yagize ati: \\u201cNjye ntabwo mbeshya, nkora ubucuruzi. Igihe cyose byabyara amafaranga, njyamo. Mu by\\u2019ukuri, njye sinywa inzoga. Ndetse no kwica umuntu cyangwa kwibona mara\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/#website\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=9927#breadcrumblist\"},\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?author=1#author\"},\"creator\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?author=1#author\"},\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/08\\\/images.jpeg\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=9927\\\/#mainImage\",\"width\":504,\"height\":396},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/?p=9927#mainImage\"},\"datePublished\":\"2026-08-27T09:00:21+00:00\",\"dateModified\":\"2026-08-27T09:00:24+00:00\"},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/\",\"name\":\"Ikaze kuri Kigalihit.rw\",\"description\":\"Kigalihit.rw\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/kigalihit.rw\\\/#organization\"}}]}\n\t\t<\/script>\n\t\t<!-- All in One SEO -->\n\n","aioseo_head_json":{"title":"Burikantu yemeje ko nubwo yamamazaga inzoga yabaga abizi ko arimo kwica abantu - Ikaze kuri Kigalihit.rw","description":"Burikantu uri mu basore bazwi cyane ku mbuga nkoranyambaga, yavuze ko nubwo yamaze igihe yamamaza inzoga benshi bita \u2018ibyuma\u2019, yabaga azi ko zishobora kwangiza ubuzima bw\u2019abantu. Aganira na Igihe dukesha iyi nkuru yagize ati: \u201cNjye ntabwo mbeshya, nkora ubucuruzi. Igihe cyose byabyara amafaranga, njyamo. Mu by\u2019ukuri, njye sinywa inzoga. Ndetse no kwica umuntu cyangwa kwibona mara","canonical_url":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=9927","robots":"max-image-preview:large","keywords":"","webmasterTools":{"miscellaneous":""},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"BlogPosting","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=9927#blogposting","name":"Burikantu yemeje ko nubwo yamamazaga inzoga yabaga abizi ko arimo kwica abantu - Ikaze kuri Kigalihit.rw","headline":"Burikantu  yemeje ko nubwo yamamazaga inzoga yabaga abizi ko arimo kwica abantu","author":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?author=1#author"},"publisher":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/#organization"},"image":{"@type":"ImageObject","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/08\/images.jpeg","width":504,"height":396},"datePublished":"2026-08-27T09:00:21+00:00","dateModified":"2026-08-27T09:00:24+00:00","inLanguage":"en-US","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=9927#webpage"},"isPartOf":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=9927#webpage"},"articleSection":"Imyidagaduro, Mu Rwanda"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=9927#breadcrumblist","itemListElement":[{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw#listItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/kigalihit.rw","nextItem":{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=53#listItem","name":"Mu Rwanda"}},{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=53#listItem","position":2,"name":"Mu Rwanda","item":"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=53","nextItem":{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=9927#listItem","name":"Burikantu  yemeje ko nubwo yamamazaga inzoga yabaga abizi ko arimo kwica abantu"},"previousItem":{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw#listItem","name":"Home"}},{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=9927#listItem","position":3,"name":"Burikantu  yemeje ko nubwo yamamazaga inzoga yabaga abizi ko arimo kwica abantu","previousItem":{"@type":"ListItem","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=53#listItem","name":"Mu Rwanda"}}]},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/#organization","name":"Ikaze kuri Kigalihit.rw","description":"Kigalihit.rw","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?author=1#author","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/?author=1","name":"admin","image":{"@type":"ImageObject","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=9927#authorImage","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/f359dc394d156f302cb68720606d914f7cb486d3641deede66e9d3e5191a8a1f?s=96&d=mm&r=g","width":96,"height":96,"caption":"admin"}},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=9927#webpage","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=9927","name":"Burikantu yemeje ko nubwo yamamazaga inzoga yabaga abizi ko arimo kwica abantu - Ikaze kuri Kigalihit.rw","description":"Burikantu uri mu basore bazwi cyane ku mbuga nkoranyambaga, yavuze ko nubwo yamaze igihe yamamaza inzoga benshi bita \u2018ibyuma\u2019, yabaga azi ko zishobora kwangiza ubuzima bw\u2019abantu. Aganira na Igihe dukesha iyi nkuru yagize ati: \u201cNjye ntabwo mbeshya, nkora ubucuruzi. Igihe cyose byabyara amafaranga, njyamo. Mu by\u2019ukuri, njye sinywa inzoga. Ndetse no kwica umuntu cyangwa kwibona mara","inLanguage":"en-US","isPartOf":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/#website"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=9927#breadcrumblist"},"author":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?author=1#author"},"creator":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?author=1#author"},"image":{"@type":"ImageObject","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/08\/images.jpeg","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=9927\/#mainImage","width":504,"height":396},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=9927#mainImage"},"datePublished":"2026-08-27T09:00:21+00:00","dateModified":"2026-08-27T09:00:24+00:00"},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/#website","url":"https:\/\/kigalihit.rw\/","name":"Ikaze kuri Kigalihit.rw","description":"Kigalihit.rw","inLanguage":"en-US","publisher":{"@id":"https:\/\/kigalihit.rw\/#organization"}}]},"og:locale":"en_US","og:site_name":"Ikaze kuri Kigalihit.rw - Kigalihit.rw","og:type":"article","og:title":"Burikantu yemeje ko nubwo yamamazaga inzoga yabaga abizi ko arimo kwica abantu - Ikaze kuri Kigalihit.rw","og:description":"Burikantu uri mu basore bazwi cyane ku mbuga nkoranyambaga, yavuze ko nubwo yamaze igihe yamamaza inzoga benshi bita \u2018ibyuma\u2019, yabaga azi ko zishobora kwangiza ubuzima bw\u2019abantu. Aganira na Igihe dukesha iyi nkuru yagize ati: \u201cNjye ntabwo mbeshya, nkora ubucuruzi. Igihe cyose byabyara amafaranga, njyamo. Mu by\u2019ukuri, njye sinywa inzoga. Ndetse no kwica umuntu cyangwa kwibona mara","og:url":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=9927","article:published_time":"2026-08-27T09:00:21+00:00","article:modified_time":"2026-08-27T09:00:24+00:00","twitter:card":"summary_large_image","twitter:title":"Burikantu yemeje ko nubwo yamamazaga inzoga yabaga abizi ko arimo kwica abantu - Ikaze kuri Kigalihit.rw","twitter:description":"Burikantu uri mu basore bazwi cyane ku mbuga nkoranyambaga, yavuze ko nubwo yamaze igihe yamamaza inzoga benshi bita \u2018ibyuma\u2019, yabaga azi ko zishobora kwangiza ubuzima bw\u2019abantu. Aganira na Igihe dukesha iyi nkuru yagize ati: \u201cNjye ntabwo mbeshya, nkora ubucuruzi. Igihe cyose byabyara amafaranga, njyamo. Mu by\u2019ukuri, njye sinywa inzoga. Ndetse no kwica umuntu cyangwa kwibona mara"},"aioseo_meta_data":{"post_id":"9927","title":null,"description":null,"keywords":null,"keyphrases":{"focus":{"keyphrase":"","score":0,"analysis":{"keyphraseInTitle":{"score":0,"maxScore":9,"error":1}}},"additional":[]},"primary_term":null,"canonical_url":null,"og_title":null,"og_description":null,"og_object_type":"default","og_image_type":"default","og_image_url":null,"og_image_width":null,"og_image_height":null,"og_image_custom_url":null,"og_image_custom_fields":null,"og_video":"","og_custom_url":null,"og_article_section":null,"og_article_tags":null,"twitter_use_og":false,"twitter_card":"default","twitter_image_type":"default","twitter_image_url":null,"twitter_image_custom_url":null,"twitter_image_custom_fields":null,"twitter_title":null,"twitter_description":null,"schema":{"blockGraphs":[],"customGraphs":[],"default":{"data":{"Article":[],"Course":[],"Dataset":[],"FAQPage":[],"Movie":[],"Person":[],"Product":[],"ProductReview":[],"Car":[],"Recipe":[],"Service":[],"SoftwareApplication":[],"WebPage":[]},"graphName":"BlogPosting","isEnabled":true},"graphs":[]},"schema_type":"default","schema_type_options":null,"pillar_content":false,"robots_default":true,"robots_noindex":false,"robots_noarchive":false,"robots_nosnippet":false,"robots_nofollow":false,"robots_noimageindex":false,"robots_noodp":false,"robots_notranslate":false,"robots_max_snippet":"-1","robots_max_videopreview":"-1","robots_max_imagepreview":"large","priority":null,"frequency":"default","local_seo":null,"breadcrumb_settings":null,"limit_modified_date":false,"ai":{"faqs":[],"keyPoints":[],"schemas":[],"titles":[],"descriptions":[],"socialPosts":{"email":{"subject":"","preview":"","content":""},"linkedin":[],"twitter":[],"facebook":[],"instagram":[]}},"created":"2026-08-27 09:00:24","updated":"2026-08-27 09:48:30","focus_keyword":null,"additional_keywords":null,"truseo_locale":null,"seo_analyzer_scan_date":null},"aioseo_breadcrumb":"<div class=\"aioseo-breadcrumbs\"><span class=\"aioseo-breadcrumb\">\n\t\t\t<a href=\"https:\/\/kigalihit.rw\" title=\"Home\">Home<\/a>\n\t\t<\/span><span class=\"aioseo-breadcrumb-separator\">&raquo;<\/span><span class=\"aioseo-breadcrumb\">\n\t\t\t<a href=\"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=53\" title=\"Mu Rwanda\">Mu Rwanda<\/a>\n\t\t<\/span><span class=\"aioseo-breadcrumb-separator\">&raquo;<\/span><span class=\"aioseo-breadcrumb\">\n\t\t\tBurikantu  yemeje ko nubwo yamamazaga inzoga yabaga abizi ko arimo kwica abantu\n\t\t<\/span><\/div>","aioseo_breadcrumb_json":[{"label":"Home","link":"https:\/\/kigalihit.rw"},{"label":"Mu Rwanda","link":"https:\/\/kigalihit.rw\/?cat=53"},{"label":"Burikantu  yemeje ko nubwo yamamazaga inzoga yabaga abizi ko arimo kwica abantu","link":"https:\/\/kigalihit.rw\/?p=9927"}],"_format-video":{"_edit_lock":["1787821433:1"],"_thumbnail_id":["9930"],"_edit_last":["1"],"_pingme":["1"],"_encloseme":["1"],"_aioseo_title":[null],"_aioseo_description":[null],"_aioseo_og_title":[""],"_aioseo_og_description":[""],"_aioseo_og_article_section":[""],"_aioseo_twitter_title":[""],"_aioseo_twitter_description":[""],"_aioseo_keywords":["a:0:{}"],"_aioseo_og_article_tags":["a:0:{}"],"wp_review_type":["none"],"_post_template_options":["a:1:{s:17:\"single_post_style\";s:0:\"\";}"],"_format_video":["a:1:{s:13:\"embedded_link\";s:0:\"\";}"],"post_views_count":["20"]},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/9927","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=9927"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/9927\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":9931,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/9927\/revisions\/9931"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/9930"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=9927"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=9927"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigalihit.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=9927"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}