Konka yadabagije abakiliya bayo ibashyiriraho igabanyirizwa rya 50% ku bikoresho yabazaniye (Amafoto)

Mu rwego rwo gukomeza korohereza abakiriya bayo, Konka Group yashyiriyeho abakiriya bayo igabanya ry’ibiciro kugera no kuri 50 % kuri bimwe mu bicuruzwa byayo.

Iri gabanya riri gukorwa ku bikoresho byose bya Konka guhera ku 10 % kugeza kuri 50 % bitewe n’ubwiko bw’ibikoresho.

Mu maduka ya Konka uhasanga ibikoresho by’ikoranabuhanga n’ibyo mu ngo bigezweho, byizewe kandi bidatwara umuriro mwinshi.

Muri ibi bikoresho harimo firigo ‘Fridge Guard’ na televiziyo ‘TV Guard’, imashini zimesa imyenda, izifite kg 8 na kg 12, ibyuma byo muri saloon byumutsa imisatsi, ‘Hair Driers’, utwuma tubasha kugutekera umuceri utavunitse bita ‘Rice Cooker’, mudasobwa ngendanwa ‘Laptops’ nziza, telephone z’ubwenge (Smart Phones).

Hari ibyuma bitanga ubushyuhe cyangwa ubukonje ‘Air conditioners’, Kettles, cuisinieres zijyanye n’igihe, utwuma tw’amazi tuzwi nka ‘Water Dispenser’ na za kizimyamwoto.

Ibi bikoresho byose bikoranye ikoranabuhanga rituma bikoresha umuriro muke mu buryo bwose bushoboka . Akarusho ni uko KONKA iguha garanti (Warrant) y’amezi 14.

Hano mu Rwanda KONKA Group Company wayisanga mu mujyi wa Kigali Rwagati mu nzu ya KCT no ku muhanda ugana ku bitaro bya CHUK imbere gato ya KCB Bank cyangwa ku isoko rishya rya Nyarugenge.

Ushobora kandi kuyisanga ku cyicaro cyayo kuri T2000 nshya imbere yo ku kwa Ndamage ku muhanda ugana muri gare, ndetse n’irindi riri ku muhanda ugana kuri Sulfo ukabasha kugerwaho n’iri gabanuka .

Ukeneye ibindi bisobanuro bigendanye n’iyi promosiyo wabahamagara kuri nimero ya telefoni ngendanwa 0788547212.

Irebere amafoto meza y’ibikoresho wasanga Muri Konka Group Ltd

auto ads

Recommended For You

About the Author: Kigalihit

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *