
Irushanwa rya Nyampinga w’U Rwanda ku nshuri yaryo ya 8 rigiye gutangirira mu karere ka Musanze aho abakobwa biyandikishije batangira gutoranywamo abazahagarira intara y’amajyaruguru..
Dusubiye inyuma mu mateka ya Nyampinga w’u Rwanda ubundi yatangiye mu mwaka wa 1993 ahatowe Uwera Dalila akaba ariwe wabaye nyampinga wa mbere w’U Rwanda .
Nyuma ya Jenoside yakorewe abatutsi muri 1994 ku bufatanye na na Rwandatel hongewe gusubukurwa ibikorwa bya Nyampinga w’U Rwanda muri 2009 aho icyo gihe ryegukanywe na Bahati Grace wari uhagarariye intara y’amajyepfo .Mu mwaka wa 1012 ryagukanwa na Kayibanda Mutesi wamaze imyaka ibiri atarabona umusimbura kugeza aho iryo rushanwa rishyiriwe mu maboko ya Rwanda Inspiration Back Up aho mu mwaka wa 2014 ryagukanywe na Colombe Akiwacu ,Mu mwaka wa 2015 ritwara na Kundwa Doriane ,muri 2016 Jolly Mutesi ,Muri 2017 ritwarwa na Iradukunda Elsa ,Muri 2018 rifitwe na Iradukunda Liliane .
Ubusanzwe irushanwa rya Nyampinga w’U Rwanda rigamije gutora umukobwa ufite ubwiza ,ubwenge n’umuco .
Biteganyijwe ko kw’isaha ya Saa munani abakobwa bose baraba biyandikishije bari butangire guca imbere y’akanama nkemurampaka kugira ngo harebwemo abakobwa bari buhagararire intara y’amajyaruguru.
Reba uko byifashe ahagiye kubera uwo muhango mu mafoto





Abakobwa batangiye gutanga Imyorondoro yabo Ababyeyi baherekeje abana babo ari benshi Abakobwa biyandikisha nta gihunga kibagaragaraho Abakobwa bakomeje kwiyandikisha ari benshi Imyirondoro bari kuyitanga ari benshi Abakora mu Rwanda Inspiration back bari kwakira neza abakobwa
???????????????????????????????????? Abakobwa biyandikishije ari benshi cyane Barareba ko umusatsi utabagira barebare Abakobwa bari guhabwa amabwiriza yo kwiyandikisha Bafite amatsiko menshi bamubazaga uburebure bwe Uwo basanga yujuje uburebure arakomeza ?


???????????????????????????????????? ???????????????????????????????????? ???????????????????????????????????? ???????????????????????????????????? ???????????????????????????????????? ????????????????????????????????????