
Umunyamideli akaba n’umukinnyi wa Sinema muri Amerika Lupita Nyong’o na Musaza we Junior Nyong’o muri iyi minsi bakomje kugenda banegwaho ubutinganyi ku mbuga nkoranyambaga kubera amafoto bari kwifotoza .
Ibi byamamare bibiri bizwiho kuba bivuka mu muryango ufite amafaranga menshi kubera ko se ubabyara asanzwe ari Guverineri w’intara ya Kisumu imwe mu zizwiho kwibikaho umutungo muri Kenya.
Umuntu umwe ubakurikira ku mbuga nkoranyambaga yanditse ubutumwa kuri Twitter ye abwira Lupita Nyong’O na musaza we Junior ko nibatareka umuco wo kuryamana n’abo bahuje ibitsina biri mu bizatuma umubyebyi wabo yitaba imana kubera uburwayi bwa Kanseri y’uturerantaga (Prostate).
Muri ubwo butumwa uwo mugabo yagize ati Ati Mu muryango wa Guverineri Anyang Nyong’o , Umuhungu we yigize Umugore naho umukobwa we yigira umugabo ibi si akumiro ,yakomeje agira ati aba bana bafashe umwanzuro wo gutuma umubyeyi wabo wo guhska kwica se urembejwe na Kanseri .
Yakomeje shimanagir ako amafaranga y’iki gihe nta bwiza bwabyo ari mabi cyane kubera atuma abantu bakora nibitari mico y’abanyafurika , yongeye ho ko aho kugira ngo ayatunge arimo ibibazo byarruta ko yakwipfira.
Junior Nyong’O ubusanzwe azwi cyane mu muziki ndeste no mu kinamico we yanze kuripfana amaze amusubiza agira ati ntukwiriye kubabazwa n’amahitamo y’umuntu
Yakomeje agira ati : kubona imbaraga ziza kubimbwira njyenyine byarakunaniye ariko njye mbayeho mu buimza bwanjye bwiza kandi meze neza wowe uraho uraraota gusa .
Mushiki we Lupita Nyong’O uziwho kutajya avuga amagambo menshi nyiyashatse kugira byinshi avuga kubimuvugwaho ko ari umutinganyi nubwo muri iyi minsi biri kuvugwa ko ari ko ari mu rukundo n’Umutinganye uzwi cayen witwa ntiyagize Janelle Monae we unabivuga cyane rwose ko ariwe .
Lupita Nyongo amaze kumemyekana muri Filme nka Queen Of Katwe, 12 years Slaves,Stars wars : The Forces Awakens , stars wars :The last jedi binateganyijwe ko azanongera akagaragara muri Star Wars: The Rise of Skywalker izasohoka mu mpera z’uyu mwaka.