Lupita Nyong’o na Musaza we bakomeje kuvugwaho ubutinganyi

Umunyamideli akaba  n’umukinnyi wa Sinema muri Amerika  Lupita Nyong’o  na Musaza we Junior Nyong’o  muri iyi minsi bakomje kugenda banegwaho ubutinganyi ku mbuga nkoranyambaga kubera amafoto bari kwifotoza .

Ibi byamamare bibiri bizwiho kuba bivuka mu muryango ufite amafaranga menshi kubera ko se ubabyara asanzwe ari Guverineri w’intara ya Kisumu imwe mu zizwiho kwibikaho umutungo muri Kenya.

Umuntu umwe ubakurikira ku mbuga nkoranyambaga  yanditse ubutumwa kuri Twitter ye abwira Lupita Nyong’O  na musaza we Junior ko nibatareka umuco wo kuryamana n’abo bahuje ibitsina biri mu bizatuma umubyebyi wabo  yitaba imana kubera uburwayi bwa Kanseri y’uturerantaga (Prostate).

Muri ubwo butumwa uwo mugabo yagize ati Ati Mu muryango wa Guverineri Anyang Nyong’o , Umuhungu we yigize  Umugore naho umukobwa we yigira umugabo  ibi si akumiro ,yakomeje agira ati  aba bana bafashe umwanzuro wo gutuma  umubyeyi wabo wo guhska kwica se urembejwe na Kanseri .

Yakomeje shimanagir ako amafaranga y’iki gihe nta bwiza bwabyo ari mabi cyane kubera atuma abantu bakora nibitari mico y’abanyafurika , yongeye ho ko aho kugira ngo ayatunge arimo ibibazo byarruta ko yakwipfira.

Junior Nyong’O  ubusanzwe azwi cyane mu muziki ndeste no mu kinamico we yanze kuripfana amaze amusubiza agira  ati ntukwiriye kubabazwa n’amahitamo y’umuntu

Yakomeje agira ati  : kubona imbaraga ziza  kubimbwira njyenyine  byarakunaniye ariko njye mbayeho mu buimza bwanjye bwiza  kandi meze neza wowe uraho uraraota gusa .

Mushiki we Lupita Nyong’O uziwho kutajya avuga amagambo menshi nyiyashatse  kugira byinshi  avuga kubimuvugwaho ko ari umutinganyi nubwo  muri iyi minsi biri kuvugwa ko ari  ko ari mu rukundo n’Umutinganye uzwi cayen witwa  ntiyagize  Janelle Monae we unabivuga cyane rwose ko ariwe .

Lupita Nyongo amaze  kumemyekana muri Filme nka  Queen Of Katwe, 12 years Slaves,Stars wars : The Forces Awakens , stars wars :The last jedi binateganyijwe ko azanongera akagaragara muri  Star Wars: The Rise of Skywalker izasohoka mu mpera z’uyu mwaka.

Facebook Comments
Share Button

auto ads

Recommended For You

About the Author: Nsanzabera Jean Paul

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *