Marina yajyanywe mu bitaro kubera Indwara y’Igifu

Marina Debol  ni umwe mu bakobwa  muri iyi minsi uri kwitarwa neza mu ruhando rwa muzika uyu Mukobwa yajyanywe  mu bitaro nyuma yo gufatwa n’Indwara y’Igifu .

Aya makuru amenyekanye kuri iki gicamunsi aho umuyobozi wa The Mane  Bad Rama abinyujije  kuri instagram yashyizeho Ifoto uyu mukobwa  aryamye mu bitaro.

Biciye kuri Telefone ye ngendanwa  Bad rama adutangarije ko marina yajyanywe mu bitaro  muri iki gitondo kubera indwara y’igifu akaba  muasha yashzi yarari kugenda atora Mitende kuko abaganga bo mu bitaro arwariyemo I Remera bari gukoresha uko bashoboye   ngo yoroherwe vuba .

 Bad Rama kandi yakomeje  atubwira ko nubwo Marina yarembye na Safi Madiba   nyuma yo kwizihiza isaburu y’amavuko mu ntangiriro ziki cyumweru nawe arwaye ariko kugeza ubu akaba atangaza byinshi ku burwayi bwe kuko ataramugeraho yabanje  kurangiza ibya Marina akaza gukomereza kwa Safi

Facebook Comments
Share Button

auto ads

Recommended For You

About the Author: Nsanzabera Jean Paul

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *