
Marina Debol ni umwe mu bakobwa muri iyi minsi uri kwitarwa neza mu ruhando rwa muzika uyu Mukobwa yajyanywe mu bitaro nyuma yo gufatwa n’Indwara y’Igifu .
Aya makuru amenyekanye kuri iki gicamunsi aho umuyobozi wa The Mane Bad Rama abinyujije kuri instagram yashyizeho Ifoto uyu mukobwa aryamye mu bitaro.
Biciye kuri Telefone ye ngendanwa Bad rama adutangarije ko marina yajyanywe mu bitaro muri iki gitondo kubera indwara y’igifu akaba muasha yashzi yarari kugenda atora Mitende kuko abaganga bo mu bitaro arwariyemo I Remera bari gukoresha uko bashoboye ngo yoroherwe vuba .
Bad Rama kandi yakomeje atubwira ko nubwo Marina yarembye na Safi Madiba nyuma yo kwizihiza isaburu y’amavuko mu ntangiriro ziki cyumweru nawe arwaye ariko kugeza ubu akaba atangaza byinshi ku burwayi bwe kuko ataramugeraho yabanje kurangiza ibya Marina akaza gukomereza kwa Safi