Menya bimwe mubyo abasore bakundira umukinnyikazi wa sinema Assia

Mutoni assia  ni umukobwa umaze kubaka izina  hano mu Rwanda mu gukina sinema  akaba numwe mu bakobwa bakora muri icyo gisata ukunzwe cyane  kubera ubuhanga akinana filime  akagira n’umutima ukunda abantu

Mu minsi ishize nibwo yagiranye ikiganiro nimwe mu maradiyo akomeye hani mu gihugu maze mu bibazo bitangaje yabajijwe  ni ikintu kimwe  yumva kimushimisha ku mubiri we  ndetse nico abona bakunzi be  bamukurikiranira hafi buri munsi  bamukundaho  maze nawe mu nseko nziza nkuko ariyo akund agira ati . ikintu niyiziho cyane  ndetse mbwira kenshi n’inshuti zanjye nuko nseka neza

Yakomeje yongeraho ko kuri ubu akataje mu ruhando rwo gukora filime ndetse ashimira abafana be ndetse n’inshutii ze bamushyigikira mu bikorwa bitandukanye birimo inama bamugira ndetse no kumuba hafi mu buzima bwe bwa buri munsi nawe abizeza ko azajya akomeza kubagezaho ubutumwa bwiza abinyujije muri cinema.

auto ads

Recommended For You

About the Author: Kigalihit

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *