
Kunywa ni byiza ariko bikaba agahebuzo iyo unyweye ikintu kiryoshye ukumva ushatse kwiyongeza.
Monaco Café idahwema kugeza ku banyarwanda ndetse n’abaturarwanda ibyiza byinshi bijyanye n’ibyo kurya ndetse no kunywa;kuri ubu noneho yazanye ikinyobwa gishyashya mu Rwanda gikunzwe ku isi cyane cyane muri Spain aho gikorerwa.
Inzoga ya “Estrella”bisobanura “Star”izwi ku isi yose yamamaye cyane kubera uburyohe bwayo bwamamazwa n’ikipe y’umupira w’amaguru ya Barcelona yo muri Spain;Monaco Café yafashe iyambere izanira abaturaRwanda iyi nzoga inywebwa cyane mu bihugu bya Australia, Brazil, Peru, Bulgaria, Canada, Cyprus, Croatia, Greece, Ukraine, Norway, Poland, Portugal, Sweden, Taiwan, Georgia, Honduras na UK.
- Muri Monaco Café niho kugeza ubu wasanga iyi nzoga ukayisangiza amafunguro meza yaho
“Uburyohe,ubwiza bwayo ku mafaranga 1,200 y’amanyarwanda iyi nzoga igura biri gutuma abakiliya benshi bagana Monaco Café bagaruka bakiyongezanya n’abo bazanye“.Iradukunda Gabby(sales man muri Monaco Café) aganira na imirasire.com
Akomeza avuga kandi ko ku bantu bashaka kuyirangura ngo bayegereze ababagana;ko imiryango ifunguye baza bakayirangura ku giciro cyo hasi.
- Iyi nzoga ni umuterankunga wemewe wa Barcelona
Monaco Café iherereye mu mugi mu nyubako ya T2000.Naho abashaka kurangura “ESTRELLA” bahamagara kuri numero ya telefone 0784586722 maze nabo bagasangiza abakiliya babo uburyohe abakinnyi nka ba Lionnel Messi,Iniesta,Suarez,umutoza Pep Guardiola bo bahoramo.