
Icyamamarekazi Zari Hassan ukunze kwyita Zari The Boss lady uyu azwi ubwo yari mu rukundo n’umuhanzi Diamond ariko kuri ubu baratandukanye aherutse gufungirwa ku kibuga cy’Indege cya Londres ashijwa Gukoresa impapuro z’inzira mpimbano .
ibi byabaye mu cyumweru gishize mbere yuko uyu mukobwa yizihiza isaburu ye y’imyaka 38 ubwo yerekezaga mu gihugu cy’ubwongereza yagera ku kibuga cy’indege agafungwa amasaha 16 azira kuba yarafatanywe pasiporo y’impimbano imufasha kwinjira mu bihugu by’Uburayi .
Mu butumwa Zari yashyize kuri Istagram ye yagize ati “Urakoze Mana kuri iyi sabukuru yanjye ureke abatagira aho baba bashyize amadosiye yanjye avuga ku myaka yanjye ku mbuga nkoranyambaga gusa uwaba amukunda cyangwa atamukunda njye iteka mparanira ubwenegihugu cyanjye ku yinshi nshuro ndakumenyesha ko nishimye .ibyo byose yabivugiye ko umwe mu bakobwa ba banzi be b’igihe kirekire w’umutanzaniyakazi wibera muri Amerika uwo akaba yitwa Mange Kimambi .
Nyuma yo Kubona ubwo butumwa nawe yahise ashyira hanze impamvu nyinshi zatumye Zari Hassan afungirwa ku kibuga cy’indege yagize ati “ Zari yafatiwe ku kibuga cy’Indege cya Londres aho mu byangombwa bye by’inzira bimwemerera kwinjira mu gihugu harimo imyaka itariyo ko ahubwo yashatse kwifashisha abatanzaniya kugira ngo bamufashe ahave nubwo yaje kurekurwa akava .
Kugeza ubu amagambo yabaye menshi hagati y’ababakurikira ku mbuga nkoranyambaga zabo aho bamwe bari gushyira buri wese mu cyiciro bashaka bitewe nuwo babakunda .