Red Sky Bar yateguriye abanyakigali igitaramo bazifurizanyamo Noheli nziza

Mu gihe  abanyarwanda  bari kwitegura  kwinjira mu  gihe cy’iminsi mikuru ya Nohelu n’Ubunani ahantu henshi  abantu bahurirza bakishima bakomeje gutegura  ibitaramo  bitandukanye abenshi bazahuriramo n’inshuti  zabo .

Ni muri  Urwo rwego kamwe mu tubari dukunzwe cyane I Remera Kazwi nka Red Sky  kateguriye abakiliya bako igitaramo  bise  Happy People aho  abantu bazahura  bagasangira bakaboneraho n’umwanya wo kwifurizanya iminsi mikuru myinza.

Mu kiganiro  n’umwe  mu bari gutegura  icyo  gitaramo uzwi nka manager Bosco yadutangarije y’uko icyo gitaramo  bagiteguye  mu Rwego rwo  gusoza  Umwaka wa 2019 mu byishimo aho  muri icyo  gitaramo abazakitabira bazabasha gusangira umunezero wo kuba bagiye gusoza  umwaka mu mahoro.

Biteganyjwe ko igitaramo cya Happy People kizaba  ku wagatanu tariki 20 Ukuboza 2019 muri  Red Sky Bar I remera ahateganye na Bahamas Bari  hirya ya Rosty  ya mbere  ,Kwinjira bikana  biza ari ukwiguriza ikinyobwa cya Heineken maze ukizihirwa  kikaba  kizatangira I saa Kumi n’ebyiri z’Umugoroba , ahonabazakitabira bazavangirwa  umuziki utandukanye na Dj KhizzBeats

Loading

Facebook Comments
Share Button

Subscribe now

k

auto ads

Recommended For You

About the Author: Kigalihit

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *