
Umugore n’umugabo bakomoka mu mujyi wa Liverpool mu bwongereza bafashwe amashusho bari gusambanira hejuru y’inyubako ikoreramo abakanishi ba telefoni rubanda ruri kubareba.
Uwo mugabo nuwo mugore ibyo babikoreye mu gace kamwe ku bucuruzi mu mujyi wa Liverpool aho abacuruzi bo muri ako gace batunguwe no kubona hejuru ya rimwe mu maduka akorerwa telefoni zapfuye umugabo n’umugore bafunguye idirishya maze bagatangira kuryoherwa no gutera akabariro mu maso ya Rubanda nta nicyo bibabwiye
Benshi mubabaonye ibyo bihutiye gufata amashusho ndetse n’amafoto bayakwirakwiza ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye kugeza ubu ayo mashusho akaba amaze kurebwa na bantu benshi cyane.
Nyuma yo kurebwa cyane ibitekerezo nabyo byakomeje gutanwa na benshi aho bamwe wabonaga bishimiye icyo gikorwa naho abandi bakabaciraho akari urutega kubera iryo shyano bakoze .
287 total views, 1 views today