Umukobwa yishyize mu kagozi nyuma yo kubengwa n’umukunzi we

Ishyano riragwira  muri Kenya Umukobwa witwa Muguume Rosalie  yishyize mu kagozi ahita apfa  kubera urukundo yakundaga umuhungu wari waramusezeranyije  ko bazabana ariko mu mezi abiri ashize akaba yari yaramubwiye ko butakibaye.

 

Umusore bakundanaga nuyu mukobwa bari bamaranye  imyaka ibiri  yafashe  umwanzuro  wo kwiyambura ubuzima  kuko  yari yaramaza igihe  amubwiye ko batakibanye .

Inkuru dukesha ikinyamakuru Gafla dukesha iyi nkuru  cyatangaje ko kuri uyu wa gatatu  aribwo uyu mukobwa ayasanzwe yimanitse mu kagozi aciye muri etaje ya 2  aho yahise ashiramo umwuka .

 

Alex umusore bivugwa yuko ariwe wakundanga na Rosalie ubu ari guhsakishwa na polisi kugira ngo abazwe  neza ibijyanye n’urupfu rw’uwari ukunzi we  no kugira ngo avuge  ikibazo bari bafitanye  kugeza aho umukobwa yiyahura .

NSANZABERA JEAN PAUL

www.kigalihit.rw

Loading

Facebook Comments
Share Button

Subscribe now

k

auto ads

Recommended For You

About the Author: Kigalihit

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *