
Umusore witwa Anderson w’imyaka 24 aherutse guca ibintu mu kwezi gushize ubwo yashyiraga hanze amafoto ari mu munyenga w’urukundo n’umukecuru w’imyaka 55 uruta nyina umubyara.
KANDA HANO UREBE IYI VIDEO
Ikinyamakuru Zambian Observer kivuga ko uyu musore usanzwe ari umwarimu,yavuze ko yemeye gushyingiranwa n’umuforomokazi w’imyaka 55 kubera ko umukobwa we yamuhemukiye akikundira undi mugabo ndetse bakanashyingiranwa.
Yagize ati “Mbere nifuzaga gushyingiranwa n’umwana we wa 5 ariko yarampemukiye mpitamo gushyingiranwa na nyina.”
Uyu mugabo uryohewe n’urushako yakomeje ati “Ndikwishimira urugo rwanjye kandi nizeye ko njye n’umugore wanjye tuzabyarana abana 2.”


1,170 total views, 1 views today
Facebook Comments