Umusore witwa Djihad watutse umunyamakuru Phil Peter yatawe muri yombi na RIB

Uko Iminsi ishira niko mu  kw’isi Hose Ikoranabuhanga rigenda rikomeza kugenda ritera imbere mu buryo bwinshi butandukanye aho ubu binuze ku mbunga nkoranyambaga bamwe bahakura umukiro abandi bagakoreraho ibyaha  bituma bamwe bisanga Mu butabera .

Kuri  uyu  wa gatanu tariki ya 24 Gicurasi  nibwo  binyuze  ku mbuga nkoranyambaga   hagaragaye amafoto   y’umusore  witwa Uwihanganye Djihad    ari mu biro by’ubugenzacyaha  yambaye amapingu  aho ashinjwa icyaha cyo gusebya no guharabika umunyamakuru Phil Peter .

Bijya gutangira uyu musore babifashijwemo n’inshutii ze bagiye ku mbuga nkoranyambaga zabo maze   batangira gutuka no gusebya Umunyamakuru wa isango Tv  Phil Peter bamushinja kwaka ruswa abahanzi bose baba bamusaba ko yabacuranira indirimbo “ Aho bagira bati Phil Peter wowe akawe karaje gashoboke  nudahindura imikorere yo kugenda usaba amadorlai abahanzi biraje bigukoreho .

Nyuma  yo  kubona ibyo Umunyamakuru  Phil Peter  yatanze ikirego mu rwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB .

Nyuma yo gutaga Ikirego Phil Peter yadutanagarije yuko we  icyo yakoze byari ukwitabaza Ubugenzacyaha akaba yaratanze ikirego cyuko uwo Djihad  yamusebeje akanamutuka cyane abinyujije ku mbuga nkorambaga  yatawe muri yombi akaba agiye  kubazwa ku byaha aregwa

Aya mashusho uyu musore yahise akura kuri Instagram ye yavugaga ukuntu afite ibimenyetso ko Phil Peter kugira ngo acurange umuhanzi cyangwa amuhe Interview bisaba kuba yamuhaye amafaranga n’ibindi byinshi byiganjemo kugaragaza ko Phil Peter atari umunyamwuga. Ibi rero nibyo biri mubyatumye atabwa muri yombi akaba ari gukurikiranywa n’ubugenzacyaha bw’u Rwanda mu mujyi wa Kigali.

auto ads

Recommended For You

About the Author: Kigalihit

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *