
Uko isi itera imbere abaherwe ndetse n’ibyamamare biagakomeza kugenda byiyongera ni nako baba bafite ibibazo byinshi ku mitwe yabo harimo kwanga na benshi , gukundwa na benshi ndetse no gutunga ibintu bya agaciro bituma bashobora kugirirwa nabi.
Ibyo byamamare nabo baherwe bimaze kubona ko ubizima bwabyo bushobora kujya mu kaga byagiye bishyira uburyo bukomeye bwo kwirindira umutekano haba mu bitaramo cyangwa aho bisohokera mu buzima busanzwe kugira ngo imiryango yabyo ijye ihora itekanye kandi yisanzuye mubyo ikora byose .
Nkuko abasomie bacu bahora babidusaba turabagezaho urutonde ry’ibyamamare bitanu bifite ababicungira umutekano bakomeye cyane kw’isi kandi bazwi .

5.Lady Gaga

4. Kim Kardashian

3.Kendrick Lamal


2.Floyd Mayweather

1.Drake