
Mumagambo ye Shadia ati: “Benshi bangaragarije ko banyifuza , ariko nagerageje kurebamo abajyanye n’amarangamutima yanjye turaganira mbereka amafoto yanjye nabo banyereka ayabo , maze nza guhitamo umusore witwa Emmanuel.
Twarahuye ndetse anyereka ko ari umwana mwiza mu minsi micye tumaranye bituma nemerako twanaryamana nkarebako abashije, ariko sukubasha gusa kuko yarananyemeje. twarishimiranye pe ubu igisigaye nukumenya birambuye ubundi Imana nibishaka tuzanakora ubukwe.”
Ikintu kingenzi yishimiye kuri Emmanuel kindi nuko yasanze ari umusore uteye neza kandi wanize kuburyo azabasha gusigasira ubutunzi by’umuryago akaba anafite uruhushya rumwemerera gutwara ibinyabiziga.
Shadia kandi yakomeje avugako mubatanze ibitekerezo harimo abantu bamugiriye inama nziza barimo nk’abavugagako urukundo arirwo rwambere, n’anadi bavugagako kurangiza vuba bivurwa nubwo ngo uwo bari baratandukanye we yari yaranze kwivuza atazi kumwitaho yiyiririrwa mukazi gusa agataha ananiwe.
N’ibitekerezo byinshi yashimye mubyatanzwe , ariko by’umwihariko agashimira kigalihit.rw byamufashije akaba ageze kubyifuzo bye.
NAWE RERO NIBA USHAKA UMUKUNZI USHOBORA KUTWANDIKIRA UKATUBWIRA UWO WIFUZA UKO YABA AMEZE NDETSE NAWE UKAVUGA UKO UHAGAZE MURI RUSANGE UBUNDI TUKABAHUZA. kigalihit@gmail.com KANDA HANO
6,109 total views, 1 views today