Weasel aranyomoza amakuru avuga ko agiye gusimbuza Radio Muri goodlyfe

Umuhanzi  Douglas Mayanja uzwi nka Weasel ahakana  ko haba hari undi muhanzi wasimbuye nyakwigendera Moses Nakitinje Sekibogo wari uzwi nka Radio mu itsinda rya Goodlyfe.

Abakunzi b’uyu muhanzi bamaze iminsi bamubaza ku ngingo yo kuba yarasimbuje  Radio muri  Goodlyfe agashyiramo uwitwa King Saha.

Ni nyuma y’aho Weasel abinyjije ku rukuta rwe rwa instagrma yashyize hanze ifoto ari kumwe n’umuhanzi King Saha bari muri Sitidiyo ya Coke.

Uyu muhanzi na none yifashishije instagram yavuze ko  kugeza na n’ubu agihagaze nk’umusirikari umwe.

Mowzey Radio yitabye Imana muri Gashyantare 2018. Kugeza ubu mugenzi we Weasel bafatanyaga mu muziki nta wundi muhanzi aragaragaza ko azasimbura mugenzi we witabye Imana.

 

auto ads

Recommended For You

About the Author: Kigalihit

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *