Wema Sepetu ahangayikishije inshuti ze n’Umuryango we kubera Ikibazo cy’ubutinganyi .

Wema Sepetu   wigize kuba Miss Tanzania akanamenyekana cyane  mu rukundo n’icyamamare Diamond Platnumz  kuri ubu ari mu bakobwa bakomeje kuvugwa cyane muri Tanzania nyuma yo kwamaganirwa kkure n’umubyeyi we amushinja ingeso y’Ubutinganyi .

Uyu mubyeyi bikunze kuvugwa ko akunda umukobwa we  Wema Sepetu binyuze ku mbuga nkoranyambaga humvikanye ijwi  rye avuga ko umukobwa we  asigaye ari inkunguzi  nyuma yo kumenya ko yubuye umuco wo kuryamana n’abagore bagenzi be.

Uwo mubyeyi  yakomeje avuga ko ubusanzwe umukobwa we iyo mico ntayo yagiraga ariko kuri ubu akaba ahararanye n’umukobwa witwa Diana akaba ari nawe  wateye ubwo  burumbo umukobwa we.

Asoza ubwo butumwa bwe mama wa Wema Sepetu yagize ati Ati “Umubyeyi ni we umenya akababaro k’umwana we. Ndambiwe Diana sinshaka kongera kumubona. Buri gihe iyo nshaka ko Wema atera imbere biramunanira kubera uriya mugore.”

Facebook Comments
Share Button

auto ads

Recommended For You

About the Author: Nsanzabera Jean Paul

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *