Umuhanzikazi wo muri Nigeria, Tiwa Savage yahishuye ko igitsina gore aricyo gikunda kumwiyegereza cyane bamwereka ko bamukunda urukundo rwinshi ndetse bagerageza kumureshya cyane kurusha abagabo.
Ibi yabitangaje mu kiganiro yagiranye na Radio y’iwabo yitwa ‘The Beat 99.9 FM’, ubwo yari abajijwe abantu abona bakunda kumwifuza cyane.
Icyakora yavuze nawe ubwe atazi impamvu abagore aribo bamwifuza cyane kurusha abagabo.
Facebook Comments Box
