
Umunyamakuru Murenzi Emmanuel uzwi nka Emmalito ku Isibo Tv yambitse impeta y’urukundo umukunzi we Umwali Liliane uba mu gihugu cya Canada amusaba ko bazabana akaramata . Uyu muhango wabaye kuri uyu wa... Read more »

Yagaragaje urukundo rudasanzwe akunda radio ivugira ku murongo wa 95.3 B&B UMWEZI. Yandika izina ry’iyi radio kuri Moto atwara imufasha kubaho no kubeshaho umuryango we!. Karangwa Vedaste uzwi nka Papa Messi, uyu... Read more »

Hari abantu benshi baba mu rukundo ariko mu by’ukuri wareba ugasanga igihe cyari kigeze ko batandukana, buri umwe agakomeza ubuzima bwe. Urubuga Elcrema rwakusanyije ibimenyetso bigaragaza ko igihe kigeze ugafata umwanzuro wo... Read more »

Ingo nyinshi zisenyuka kubera impamvu zitandukanye zaba zituruka ku mugabo cyangwa se ku mugore. Ni byiza kumenya uko abashakanye bakwiriye kubana kugira ngo umunezero ukomeze mu rugo rwabo nk’uko bajya gushakana babyifuzaga.... Read more »
Subscribe now

Abenshi bashobora gutekereza ko gukundana n’umuntu uri kure nta byiza byabyo ariko urubuga elcrema rugaragaza ibyiza byo gukundana n’umuntu ukuri kure ku buryo mubonana buri wese yifuza undi. 1. Ntabwo umuburira akanya... Read more »

Hari amagambo amwe n’amwe ushobora gukoresha mu gihe uganiriza umukunzi wawe bikagaragara ko ufite imico itari myiza bikaba byanatuma akunyuzamo ijisho hakiri kare urukundo rwanyu rutaragira aho rugera. Ni byiza rero ko... Read more »

Mu rugo rw’abashakanye cyangwa mu buzima bw’abakundana muri rusange usanga hari ibintu bimwe byagenewe igitsina runaka ku buryo akenshi usanga nko ku bagore hari ibintu bashobora kwishimira mu gihe babikorewe n’abagabo babo... Read more »

Judith Niyonizera akomeje kugaragaza ko aryohewe n’urukundo arimo n’umusore yasimbuje Safi Madiba wari uherutse kumubwira ko adakwiye kongera kumubara nk’umugabo we. Amezi abaye hafi atatu Judith Niyonizera atangiye kugaragaza ko aryohewe n’urukundo... Read more »

Mu nkundo zikigihe hasigaye harimo amanyanga akabije kuburyo buri wese aza akwizeza urukundo rudasanzwe naho agamije kukwirirabgusa nta gahunda yo kuzakomezanya ubuzima nawe aguteganyaho.. Ubundi umuntu ukuryarya ku mubano wo kubana kw’ejo... Read more »

Umubiri w’umuntu wubakanye ibice bitandukanye byuzuye uburyohe no kongera ubushake bw’imibonano mpuzabitsina mu gihe hagize ubikoraho. Ibi bice biri ugutatu : 1. Ibice biza ku mwanya wa mbere ni « Igitsina gabo... Read more »