[mashshare buttons="false"] Papa Léon wa XIV yashimiye abayoboke ba Kiliziya Gatolika mu gihe yizihiza isabukuru y’imyaka 70 Posted by Sean P - September 16, 2025 Ku munsi w’ ejo ku wa mbere nibwo umushumba wa Kiliziya Gatolika Papa Léon wa XIV yizihije imyaka 70 y’amavuko,…
[mashshare buttons="false"] Itsinda ry’abimukira 14 ryirukanwe muri USA ryagejejwe muri Ghana Posted by Sean P - September 16, 2025 Itsinda ry’abantu 14 bo mu Burengerazuba bwa Afurika birukanywe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ryagejejwe muri Ghana, ariko bose…
[mashshare buttons="false"] Frank Gashumba n’Umugore we bibarutse imfura yabo Posted by Sean P - September 15, 2025 Umuherwe akaba n’umusesenguzi wa politiki wo muri Uganda Frank Gashumba, yatangaje ko we n’umugore we Patience Malaika Mutoni baherutse gushyingiranwa…
[mashshare buttons="false"] AFC/M23 yinjije abakomando barenga 7000 basoje imyitozo ya gisirikare Posted by Sean P - September 15, 2025 Kugeza ubu Uburasirazuba bwa Congo, by’umwihariko Kivu ya Ruguru na Kivu y’Amajyepfo birakora ibikorwa nk’ibya Leta isanzwe ifite Perezida n’izindi…
[mashshare buttons="false"] FBI yashyizeho ibihumbi 100 by’amadorali kuzabona uwishe Charlie Kirk, Posted by Sean P - September 12, 2025 Urwego rushinzwe Iperereza muri Leta Zunze Ubumwe za America FBI, rwashyize hanze amafoto n’amashusho agaragaza ukekwaho kwica arasiye mu ruhame…
[mashshare buttons="false"] M23 yakiriye abarwanyi benshi ba Wazalendo bakoranaga na FDLR Posted by admin - September 11, 2025 Umutwe witwaje intwaro wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wakiriye abarwanyi benshi bo mu mutwe wa…
[mashshare buttons="false"] Igikomangoma Harry yongeye guhura na Se nyuma y’amezi 19 batabonana Posted by Sean P - September 11, 2025 Igikomangoma Harry yakoze urugendo rudasanzwe rwo gusura Ubwongereza muri iki cyumweru, aho igice kinini cy’urwo ruzinduko cyari cyuzuyemo ibikorwa rusange…
[mashshare buttons="false"] Trump yasabye ko abanyakoreya y’Epfo b’abimukira baguma muri Amerika Posted by Sean P - September 11, 2025 Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko yari yiteguye kureka amagana y’Abanyakoreya y’Epfo bafashwe mu bikorwa…
[mashshare buttons="false"] Qatar yatangaje ko igiye kwihimura ku bitero yagabweho na Israel Posted by Sean P - September 10, 2025 Minisitiri w’Intebe wa Qatar, Sheikh Mohammed bin Abdulrahman al-Thani, yavuze ko igitero cya Israel ku gihugu cyabo, kitapfa kugenda gutyo…
[mashshare buttons="false"] Brig Gen Olivier Gasita yahunze Uvira Posted by Sean P - September 10, 2025 Brig Gen Olivier Gasita ushinzwe ibikorwa by’igisirikare n’ubutasi mu karere ka gisirikare ka 33 mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi…