Burikantu yemeje ko nubwo yamamazaga inzoga yabaga abizi ko arimo kwica abantu
Burikantu uri mu basore bazwi cyane ku mbuga nkoranyambaga, yavuze ko nubwo yamaze igihe yamamaza inzoga benshi bita ‘ibyuma’, yabaga azi ko zishobora kwangiza ubuzima bw’abantu. Aganira na Igihe dukesha…
Read More
