Donald Trump ntahuza n’abahisemo Bad Bunny ngo azatarame muri Super Bowl Half Time Show ya 2026

344 0

Donald Trump yanenze abantu bahisemo ko Bad Bunny ariwe uzatarama muri Super Bowl Half Time Show ya 2026.

 

Bad Bunny watwaye ibihembo byinshi bya Grammy, aherutse kwishimira ko ariwe watoranyijwe kuzatarama muri ibi bihembo avuga ko ubu arimo abaho mu nzozi ze.

Donald Trump ntahuza n’abahisemo Bad Bunny ngo azatarame muri Super Bowl Half Time Show ya 2026

Related Post

RDC: Ebola imaze guhitana abasaga 30

Posted by - September 19, 2025 0
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) ryatangaje ko hamaze kuboneka abasaga 48 banduye Ebola muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya…

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *