Shema Fabrice Perezida wa Ferwafa yahawe imirimo muri FIFA
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) Shema Fabrice, yashyizwe mu Kanama gashinzwe kurwanya irondaruhu n’ivangura muri FIFA. Ni nyuma y’Inama y’Inteko Rusange ya 49 y’Impuzamashyirahamwe ry’Umupira w’Amagaru muri Afurika…
Read More
