Uko iminsi n’Imyaka bishira Ikawa y’U Rwanda ikomeje gufata umwaya wa mbere muziryoha kandi ziteguranye ubuhanga n’umwimrere w’abayitegura mu Rwanda Hose aho abakerarugendo n’abandi banyamahanaha basura urw’Imisozi bakomeje kugda bayivuga Imyato aho bageze hose .
Ni muri urwo rwego uyu munsi twabateguriye inkuru y’uko ikawa yateguriwe muri Damour Coffe Shop ikomeje gushimwa n’abanyamahanga batemberera u Rwanda cyane cyane mu Imbuga City walk cyangwa muri Car Free Zone .
Ni nyuma y’uko muri iki gihe cy’Impeshyi umujyi wa Kigali wakira abanyamahanaga benshi biganjemo ba Mukerarugendo ndets enabandi baza baje kwitabira inama mpuzamahanga zibera I Kigai abenshi ku mwnya wabo wa Nimugoroba baagatemberera mu bice bitandukanye by’uyu mujyi bari gusangira n’inshuti zabo abandi bahaha ibintu bitandukanye biranga umuco wacu , tutibagiwe nababa bashaka aho bakwicara bagasangira ikawa nyum y’ingendo ziatandukaye aho mubo twaganiriye badushimiye Ikaw yateguriwe muri Damour Coffe Shop.
Ubwo Umunyamakuru wacu yagera aho Damour Coffe Shop Ikorera mu mujyi w Kigali mu mpera z’icyumweru gishize yagiranye ikiganiro na bamwe mu bakiliya ba banyamahanga barimo basangira ikawa n’ibindi bitandukaye bitegurura aho bamusangiza byisnhi kubituma bakund aikawa nyarwanda .
Mubwo baganiriye harimo abakomoka muri Leta zunze ubumwe z’Amerika , Ubwongereza no mu bindi bihugu by’Iburayi badutangarije ko kuba barahizemo kujya bafatira Ikawa ku mugoroba kuri Damour Coffe Shop , icya mbere ari uko ikawa yahoo iba iteguranye ubuhanga ndets en”ubushishozi kandi ikaba ibaryohera cyane kurusha ahandi bagiye banyura mu bice bitandukanye by’u Rwanda .
Ikindi badutangarije nuko iyo wicaye muri Damour Coffe Shop ku mugoroba umuntu aba atuje anezerewe aganira n’Inshuti ndetse anabona abantu batanbuka bakeye kandi bafite umutekano usesuye ntawubangamira undi muntu mu nzira .
Mu bindi badutangarije ni amahirwe bahabwa yo kwihitiramo ubwoko butandukanye bw’ikawa bifuza kunywa zirimo espresso, cappuccino, latte n’izindi zikunzwe ku isi, zose zitegurwa hifashishijwe ikawa y’u Rwanda izwi ku rwego mpuzamahanga kubera ubwiza n’impumuro yayo.
Umuyobozi wa Damour Coffe Shop Bwana Shyirambere Jean Damour yadutangarije ko ari ibya gaciro cyane kuba Ikawa yo muri coffe shop yishimirwa n’abanyamahanga ndetse n’abandi bashyitsi babagana akaba ariyo mpamvu muri gahunda afite ari ugukomeza gutegura ikawa nziza iryoshye kugira abashyitsi bagenderera igihugu cyacu nabob age bataha bafite icyo bakiziho ndetse banatwaye ikawa y’U Rwanda muri Rusange .
Kimwe mu bitandukanya Damour Barista Coffee Shop n’ahandi ni uko ifite working space ituje kandi ifite internet yihuta (Wi-Fi), bituma iba ahantu heza ku banyeshuri, abakorera kuri mudasobwa, ba rwiyemezamirimo ndetse n’abategura inama z’ubucuruzi. Abakiriya bavuga ko kuba iri muri Car Free Zone bituma babasha gukora cyangwa kuganira batuje, batabangamiwe n’urusaku rw’imodoka.
Ku bakunzi b’ikawa y’umwimerere, abakunda ahantu heza ho kuruhukira cyangwa abakenera aho gukorera mu mutuzo, Damour Barista Coffee Shop ni imwe mu mahitamo akomeye mu mujyi wa Kigali. Ni ahantu hahuza uburyohe bw’ikawa nyarwanda, serivisi zigezweho n’ikirere cyiza gituma buri wese yifuza kuhagaruka inshuro nyinshi.







