Trump yakangishije ibihano bikomeye ku Burusiya nyuma y’igitero bwagabye kuri Ukraine
Perezida w’Amerika Donald Trump yakangishije ibihano bikomeye cyane ku Burusiya nyuma yuko bugabye igitero cya mbere gikaze cyane cyo mu kirere kuri Ukraine kuva intambara itangiye. Icyo gitero cyo ku…
Read More
