0SHARES Abiratabiriye Gen Z Comedy ntibakanzwe n’imvura Posted by Sean P - September 26, 2025 Ku mugoroba wo ku wa 25 Nzeri 2025 mu ihema rinini ryo muri Camp Kigali nkuko bimaze kumneyerwa n’abakunzi b’iseka…
0SHARES Umufaransa David Lappartient yongeye gutorerwa kuyobora UCI muri manda y’imyaka 4 Posted by Sean P - September 26, 2025 Umufaransa, David Lappartient yongeye gutorerwa kuyobora Impuzamashyirahamwe y’Umukino w’Amagare ku Isi (UCI) mu myaka ine iri imbere. Mu gihe mu…
0SHARES Dj Brianne agiye guhurira mu birori bimwe Sheila Gashumba I Kampala Posted by Sean P - September 25, 2025 Gateka Esther umaze kumenyekana nka Dj Brianne mu kuvanga umuziki ndetse no gukora ibiganiro bitandukanye ku mbuga nkoranyambaga nka Youtube…
0SHARES Perezida Paul yashimiye UCI ku cyizere yagiriye u Rwanda Posted by Sean P - September 25, 2025 Perezida wa Repubulika Paul Kagame, kuri uyu wa Kane, tariki ya 25 Nzeri 2025, yashimiye Umuyobozi mukuru wa UCI David…
0SHARES Gentil Misigaro wari ukumbuwe na benshi yashyize hanze indirmbo nshya yise Antsindira Intambara Posted by Sean P - September 25, 2025 Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Gentil Misigaro, nyuma y’imyaka 4 asa n’utuje yongeye gukora mu nganzo asohora indirimbo…
0SHARES Rihanna na A$AP Rocky bari mu byishimo byo kwibaruka umwana wabo wa 3 Posted by Sean P - September 25, 2025 Umuhanzikazi w’icyamamare Robyn Rihanna Fenty wammaye nka Rihanna n’umuraperi Rakim Athelston Mayer [A$AP Rocky] bibarutse umwana wabo wa gatatu mu…
0SHARES Muganga Chantal yaciwe akayabo ka Miliyoni ikirego cye giteshwa Agaciro Posted by Sean P - September 25, 2025 Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwemeje ko ikirego cya Muganga Chantal aregamo Dr. Nsabimana Ernest wahoze ari Minisitiri w’Ibikorwaremezo, kumubeshya urukundo…
0SHARES Ahantu heza wasohokera mu mpera z’icyumweru muri Kigali Posted by Sean P - September 24, 2025 Muri iyi minsi abanyarwanda ndetse n’abanyamahanga benshi bishimira shampiyona y’isi y’amagare iri kubera mu Rwanda benshi muribo mu gihe bari…
0SHARES Posted by Sean P - September 24, 2025 Umuhanzi w’umunyanijeriya Davido yagizwe umunyamuryango mushya uri mu batora muri Recording Academy, mbere y’igihembo cya Grammys 2026. Nk’umunyamuryango utora, Davido…
0SHARES U Rwanda na Misiri byasinyanye amasezerano yo kongera umubano mu by’ishoramari Posted by Sean P - September 24, 2025 Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 23 Nzeri, u Rwanda na Misiri byasinyanye amasezerano atandukanye arimo ayo kongera umubano mu…