Umukinnyi w’umunyarwanda ukina muri Sudani y’Epfo, Muhire Kevin yavuze ko nta kintu yavuga ku makuru yamwerekeje muri APR FC

351 0

Kevin Muhire yageze mu Rwanda ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 7 Ukwakira 2025 aho yitabiriye ubutumire bw’ikipe y’igihugu Amavubi izakina imikino ibiri isoza itsinda C mu gushaka itike y’igikombe cy’Isi cya 2026 ya Bénin tariki ya 10 Ukwakira i Kigali na Afurika y’Epfo tariki ya 14 Ukwakira muri Afurika y’Epfo.

Yari avuye muri Afurika y’Epfo mu ikipe ya Jamus yagiyemo mbere yo gusoza amasezerano muri Rayon Sports.

Related Post

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *