Kuri uyu munsi taliki ya 14 Nzeri 2026 mu Karere ka Musanze habereye igikorwa cyo kugaragaza ibyagezweho na njyanama mu myaka itanu ishize (2021-2026) no kurebera hamwe gahunda yiterambere ry’Akarere.

Minisitiri w’Ingabo akaba n’imboni y’Akarere ka Musanze Rtd MBARIZAMUNDA Juvenal nawe yitabiriye iyi gahunda

Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru bwana MUGABOWAGAHUNDE Maurice nawe yitabiriye iyi gahunda
Mayor w’akarere ka Musanze Bwana NSENGIMANA Claudien yagize ati:” Uyu munsi ni umwanya mwiza wo gusubiza amaso inyuma kugira ngo tubashe kureba ibyagezweho mu myaka itanu ishize.

Umuyobozi w’akarere ka Musanze NSENGIMANA Claudien ubwo yatangaga ikaze muri iyi gahunda anabasha kugaragaza impinduka zabayeho mu bikorwa batandukanye byakozwe mu gihe cy’imyaka itanu byatanze ubukungu

Iyi gahunda yitabiriwe n’abayobozi batandukanye




