UPDATES: NIYONKURU Florence usiganwa ku maguru yegukanye umudali w’Umuringa muri ekose

38 0

Umunyarwandakazi Niyonkuru Florence usiganwa ku maguru yegukanye umudali w’Umuringa, nyuma yo kuba uwa gatatu mu mikino ya Commonwealth iri kubera i Glasgow muri Écosse, akoresheje iminota 31, amasegonda 55 n’ibyijana 47.

Uyu mudali wabaye uwa mbere u Rwanda rubonye muri iyi mikino rwawukuye mu cyiciro cyo gusiganwa mu ntera ua metero 10.000 mu bagore.

AMAFOTO:

Related Post

Umusizi Rumaga yahawe umusozi wa Kiruri

Posted by - January 9, 2026 0
Umusizi Rumaga yagabiwe umusozi wa Kiruri ufatwa nk’igicumbi Umusizi  Rumaga  ugeze  kure  umushinga uri gutegura  Iserukiramuco Ngarukamwaka  ndetse  no kubaka…

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *