KIBUNGO: Babyeyi mwihutire kujyana abana banyu muri MDABUC TVET SCHOOL hasigaye imyanya mbarwa

689 0

Iri shuri ryigisha imyuga rikorera mu karere ka NGOMA ryitwa NDABUC TVET SCHOOL ryashyize hanze itangazo ko ryatangiye kwandika abanyeshuri bose bashaka kuza kuhiga imyuga ko imyanya ihari.

Mu itangazo ikigo cyashyize hanze batangaje ko bigisha “KUDODA, GUKORA INKWETO no GUTUNGANYA IMISATSI”

Mu itangazo ubuyobozi bwikigo bwashyize hanze harimo ko abanyeshuri bahoze kuza 2014 kugeza 2022 ko bakihutira kujya gufata impamyabushobozi zabo bitarenze 15/09/2025 uzarenza icyo gihe azacibwa amande yamafaranga y’uRwanga angana n’ibihumbi bitanu (5000Frws).

Kubabyeyi bashaka kuzana abana babo kurahura ubumenyi muri NDABUC TVET SCHOOL babazana aho ikigo gukorera mu Ntara y’iburengerazuba mu karere ka NGOMA mu murenge wa Kibungo mu kagari ka Karengo mu midugudu wa Kabeza mu masaha y’akazi kuva kuwa mbere kugeza kuwa gatanu (08:00 AM kugeza 16:00PM).

Hagataho twatangariza ababyeyi bashaka kuhazana abana babo ko bashobora guhamagara umuyobozi w’ikigo witwa HANGANIMANA Houssein kuri +250788 682 828 akabasha kubaha amakuru atandukanye bashaka kumenya muri NDABUC TVET SCHOOL.

Related Post

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *