Die Scoop: AstroTalk Links Personen mit über 500 Astrologie Berater wer wird generieren Vorhersagen, die einige von Existenz ‘s Verbrennen Fragen, einschließlich “Wann werde bekommen wirklich Liebe? ” oder “ist tatsächlich mein... Read more »
Wann tatsächlich eine Verbindung vielleicht nicht eine Verbindung? Die Antwort ist einfach: wenn es ist NSA (einfach anders ausgedrückt “keine Zeichenketten angehängt”). NSA Kommunikation sind großartig für Menschen sind das sind versuchen... Read more »

Jules Sentore na Massamba Intore bateguriye abakunzi babo igitaramo cyo kwizihizanya iminsi mikuru isoza umwaka wa 2021, byitezwe ko kizaba ku wa 24 Ukuboza 2021. Iki gitaramo ‘Umurage’ Jules Sentore na Mssamba... Read more »

Perezida Samia Suluhu Hassan niwe wari uyoboye ibirori by’isabukuru y’imyaka 60 y’ubwigenge bwa Tanzania byabereye mu mujyi wa Dar es Salaam. Ubwo Samia yari yinjiye muri stade Uhuru byabereyemo harashwe imizinga 21... Read more »
Subscribe now

Umwe mu bagize itsinda rya muzika Sauti Sol yatangaje ko ari umutinganyi. Willis Austin Chimano uzwi cyane nka Chimano yatangaje ibi ubwo yarimo asobanura impamvu y’indirimbo ye nshya ‘Friday Feeling’. Muri iyi... Read more »

Kutabasha gushimishanya mu mibonano mpuzabitsina hagati y’abashakanye cyangwa abakundana, ni impamvu iza ku isonga mu gutuma habaho gusenya no gucana inyuma. By’umwihariko ku bagabo, kurangiza vuba no kutagira intege zihagije mu gutera... Read more »

Iminsi 16 gusa niyo isigaye ngo hamenyekane umukobwa wegukana ikamba rya Miss East Africa mu irushanwa ryakiriwe na Tanzania. Aba bakobwa bari muri iri rushanwa bari kumwe n’umuyobozi wungirije waryo Miss Mutesi... Read more »

Hari ibintu umugore akora akabifata nk’ibyoroshye kandi ari kwisenyera urugo, akazisanga nta garuriro agifite. Rimwe na rimwe abantu batekereza ko ibintu bisenya urugo ari ibikomeye gusa ariko na bimwe bifatwa nk’ibyoroshye bishobora... Read more »

Muraho nshuti zanjye bagabo, bagore ndetse n’abana mukibyiruka nk’uko nanjye nabyirutse ubu nkaba ndi igisore?!! Nitwa Mubirizi Jean Max Philbert, mbagishije inama nshaka kubabwira agahomamunwa nahuye nako k’ukuntu nagiye gusura i wabo... Read more »

Umuhanzi ukunzwe kandi urimo kuzamuka neza, Papa Cyangwe yavuze ko we na Rocky Entertainment bameranye neza ndetse ko amagambo babonye akakaye bikavugwa ko ari Rocky yabwiraga bazamenya impamvu yayo kuri EP ye... Read more »