
Ni mu centre yahimbwe izina rya coopera, iherereye mu mudugudu wa Manene, akagari ka Bicumbi, mu murenge wa Mwurire mu karere ka Rwamagana, bamwe bavuga ko uburaya bugenda bufata indi ntera kubera... Read more »

Perezida wa Sri Lanka Gotabaya Rajapaksa yahunze igihugu mu ndege ya gisirikare, mu gihe hari imyigaragambyo ikomeye ishingiye ku izahara ry’ubukungu bw’iki gihugu cyo muri Aziya y’amajyepfo. Igisirikare cy’iki gihugu kirwanira mu... Read more »

Umugabo w’imyaka 38 wo mu Murenge wa Mukindo mu Karere ka Gisagara yakubitiwe mu rugo rw’umuturanyi we w’imyaka 31, aranakomeretswa ashinjwa kumusambanyiriza umugore mu gihe yari asize uwe mu rugo ari ku... Read more »

Umugabo wo mu bushinwa yagiye kwivuza ikibazo cyo kwihagarika bya hato na hato agezeyo atungurwa no kumva bamubwiye ko afite udusabo tw’intanga z’abagore kandi amaze imyaka 20 ajya mu mihango. Inkanga dukesha... Read more »
Subscribe now

Hari amagambo amwe n’amwe ushobora gukoresha mu gihe uganiriza umukunzi wawe bikagaragara ko ufite imico itari myiza bikaba byanatuma akunyuzamo ijisho hakiri kare urukundo rwanyu rutaragira aho rugera. Ni byiza rero ko... Read more »

Mu rugo rw’abashakanye cyangwa mu buzima bw’abakundana muri rusange usanga hari ibintu bimwe byagenewe igitsina runaka ku buryo akenshi usanga nko ku bagore hari ibintu bashobora kwishimira mu gihe babikorewe n’abagabo babo... Read more »

Shema Jimmy wubatse izina mu itsinda Just Family, yashyingiranywe n’umugore aherutse gusanga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Yaba urukundo ndetse n’ubukwe bwabo, Jimmy n’umugore we Mangaza Arlette babigize ibanga kugeza ubukwe... Read more »

Mu nkundo zikigihe hasigaye harimo amanyanga akabije kuburyo buri wese aza akwizeza urukundo rudasanzwe naho agamije kukwirirabgusa nta gahunda yo kuzakomezanya ubuzima nawe aguteganyaho.. Ubundi umuntu ukuryarya ku mubano wo kubana kw’ejo... Read more »

Rutahizamu wa APR FC, Byiringiro Lague yasangije abamukurikira amafoto n’amashusho ari kumwe n’umugore we Kelia bari ku mazi, ni mu gihe bigaragara ko mu minsi iri imbere uyu muryango uzaba wakiriye imfura... Read more »

Umubiri w’umuntu wubakanye ibice bitandukanye byuzuye uburyohe no kongera ubushake bw’imibonano mpuzabitsina mu gihe hagize ubikoraho. Ibi bice biri ugutatu : 1. Ibice biza ku mwanya wa mbere ni « Igitsina gabo... Read more »