RWANDA: Ubuyobozi bwa BIDEC GROUP LTD bucuruza ifumbire y’umwimerere y’imborera bwashyize igorora abahinzi bunagabanya ibiciro

548 0

Ubuyobozi bwa BIDEC Group Ltd bukora bukanacuruza ifumbire yimborera y’umwimerere Kampani ikorera mu turere twa Huye mu murenge waSovu, Musanze mu murenge wa Cyuve, Rubavu mu murenge wa Rutagara bakoreramo ifumbire ikorwa mubisigazwa byo mu mago n’ibyatsi bibora ,bahuriza hamwe n’ifumbire z’amatungo arizo izi nka, iz’inkoko, Iz’ingurube biva mu migi yungirije kigali.


‎Iyi fumbire y’imborera bakora bayikora mu bishingwe biboneka mu kimoteri biva mu ngo zitandukanye biva mu migi yegereye umugi wa Kigali.

‎Yagize ati:” Iyo tumaze tubiboza rero, tuvangamo n’ibyamatungo harimo:  Inka,ingurube n’inkoko n’ikiganga cy’amatungo cyane cyane cy’inka ariko by’umwihariko iyo turimo gukora ifumbire ijya mu turere dufite ubutaka busharira nka Ngororero naza Nyamagabe dushyiramo n’ishwagara kugira ngo turusheho gukora ya fumbire yujuje ibisabwa kugira ngo Ibyo bihingwa dukenera bishobore kumera neza nuko twifashisha ibibora biva mungo ibibora byose tukavangamo n’ibyamatungo ndetse n’ikiganga n’ishwagara kugira ngo tugere kuri karite n’abwa butaka busharira babushe kwibonamo.

‎Yakomeje avuga ko bafite agashya kambere kuri iyo fumbire isohoka iwabo mu ruganda ibe ipakinze mu mufuko mushyashya inariho ibirango bya BIDEC CAMPANY. Ibyo birango bya BIDEC GROUP LTD uyibonye wese akabona handitseho BIDEC GROUP LTD haba hanariho nimero za Telephone z’umuyobozi wayo ze bwite n’iza chairman wiyi kampani.

‎Iyi fumbire rero by’umwihariko kubari Musanze iyo bajya kujya nkaza sopyrwa zikora ifumbire nayo y’imborera ariko ifumbire yacu ibajyana mu butaka bwabo kuburyo beza ibihingwa bitandukanye. Wajya muri Nyamagabe ugasanga abaturage baho bishimira BIDEC GROUP LTD.

‎Udushya turi muri iyi fumbire ni twinshi cyane kubera ko ibihingwa bifumbizwa iyi fumbire birabikika bikamara igihe kinini muri stock kubera ko biba bifumbijwe ifumbire y’umwimerere itarimo bwa burozi na chemical’s z’imvaruganda avuga ko bararikira abantu bashaka guhinga ibihingwa bifite ubuziranenge butarimo imvaruganda kuyoboka iyo fumbire akaba ariyo bajya bahingisha kubera ko abantu benshi bamaze gukunda ibihingwa bihingishwa ifumbire yimborera gusa.

‎Yasoje avuga ko iyo basoje gukora iyi fumbire ko bayicisha muri Laboratory igasomwa bakareba byose birimo anabasha kuvuga ko umufuka uba urimo ibiro 50 bakawugurisha amafaranga y’uRwanda ibihumbi bitanu (5000Frws) kuruganda umukiliya akipakiriza ifumbire aguze akayijyana aho ashaka.

‎Yasabye abahinzi cyane cyane icyambere kubanza kuza gusura aho BIDEC CAMPANY bakorera mu Rwanda bakayisura bakayibonera kugira ngo batavuga ko babwirwa amagambo y’amasigaracyicaro bareba ukuntu depo twahubatse zirimo iyo fumbire zipakiye Kandi bakabona na nimero z’abantu basura bamaze kuyimenya mbere bakajya kureba ukuntu imyaka yabo imeze neza aho bagiye bayifumbiza.

‎Yanabashije gukomoza kubagura ifumbire y’umwimerere muri BIDEC CAMPANY ko beza ibihingwa byabo bavuga ko ubundi mbere hose mwari mwaragiye hehe? Bitewe nuko nama kampani ya Leta aza kugura iyi fumbire baba babona ko itegurwa neza cyane bitewe n’uko iteguranwa uburambe.

‎Uyu muyobozi wa BIDEC GROUP LTD bwana NGARUKIYE Evariste yasoje atangaza ko kampani zose n’amakoperative bigiye kujya biza kugura ifumbire y’imborera iri hejuru ya Toni 1000 abo ngabo bazabashyiriraho igabanyirizwa rya 10% kubera ari abakiliya bafatika bahoraho ati”Turamenyesha abaturage bo mu mirenge yaho dukorera hose mu Rwanda ko bajya bagerageza bagategura amakoperative, bagategura amademoporote, tukazana ifumbire n’abo bakazana imbuto tugafumbira tukereka abaturage bose bakamenya ukuri kw’ibintu uko bihagaze”.

‎Ubuyobozi bwa BIDEC Group Ltd bukora bukanacuruza ifumbire yimborera y’umwimerere Kampani ikorera mu turere twa Huye mu murenge waSovu, Musanze mu murenge wa Cyuve, Rubavu mu murenge wa Rutagara bakoreramo ifumbire ikorwa mubisigazwa byo mu mago n’ibyatsi bibora ,bahuriza hamwe n’ifumbire z’amatungo arizo izi nka, iz’inkoko, Iz’ingurube biva mu migi yungirije kigali.

‎Iyi fumbire y’imborera bakora bayikora mu bishingwe biboneka mu kimoteri biva mu ngo zitandukanye biva mu migi yegereye umugi wa Kigali.

‎Yagize ati:” Iyo tumaze tubiboza rero, tuvangamo n’ibyamatungo harimo:  Inka,ingurube n’inkoko n’ikiganga cy’amatungo cyane cyane cy’inka ariko by’umwihariko iyo turimo gukora ifumbire ijya mu turere dufite ubutaka busharira nka Ngororero naza Nyamagabe dushyiramo n’ishwagara kugira ngo turusheho gukora ya fumbire yujuje ibisabwa kugira ngo Ibyo bihingwa dukenera bishobore kumera neza nuko twifashisha ibibora biva mungo ibibora byose tukavangamo n’ibyamatungo ndetse n’ikiganga n’ishwagara kugira ngo tugere kuri karite n’abwa butaka busharira babushe kwibonamo.

‎Yakomeje avuga ko bafite agashya kambere kuri iyo fumbire isohoka iwabo mu ruganda ibe ipakinze mu mufuko mushyashya inariho ibirango bya BIDEC CAMPANY. Ibyo birango bya BIDEC GROUP LTD uyibonye wese akabona handitseho BIDEC GROUP LTD haba hanariho nimero za Telephone z’umuyobozi wayo ze bwite n’iza chairman wiyi kampani.

‎Iyi fumbire rero by’umwihariko kubari Musanze iyo bajya kujya nkaza sopyrwa zikora ifumbire nayo y’imborera ariko ifumbire yacu ibajyana mu butaka bwabo kuburyo beza ibihingwa bitandukanye. Wajya muri Nyamagabe ugasanga abaturage baho bishimira BIDEC GROUP LTD. 

‎Udushya turi muri iyi fumbire ni twinshi cyane kubera ko ibihingwa bifumbizwa iyi fumbire birabikika bikamara igihe kinini muri stock kubera ko biba bifumbijwe ifumbire y’umwimerere itarimo bwa burozi na chemical’s z’imvaruganda avuga ko bararikira abantu bashaka guhinga ibihingwa bifite ubuziranenge butarimo imvaruganda kuyoboka iyo fumbire akaba ariyo bajya bahingisha kubera ko abantu benshi bamaze gukunda ibihingwa bihingishwa ifumbire yimborera gusa.

‎Yasoje avuga ko iyo basoje gukora iyi fumbire ko bayicisha muri Laboratory igasomwa bakareba byose birimo anabasha kuvuga ko umufuka uba urimo ibiro 50 bakawugurisha amafaranga y’uRwanda ibihumbi bitanu (5000Frws) kuruganda umukiliya akipakiriza ifumbire aguze akayijyana aho ashaka.

‎Yasabye abahinzi cyane cyane icyambere kubanza kuza gusura aho BIDEC CAMPANY bakorera mu Rwanda bakayisura bakayibonera kugira ngo batavuga ko babwirwa amagambo y’amasigaracyicaro bareba ukuntu depo twahubatse zirimo iyo fumbire zipakiye Kandi bakabona na nimero z’abantu basura bamaze kuyimenya mbere bakajya kureba ukuntu imyaka yabo imeze neza aho bagiye bayifumbiza.

‎Yanabashije gukomoza kubagura ifumbire y’umwimerere muri BIDEC CAMPANY ko beza ibihingwa byabo bavuga ko ubundi mbere hose mwari mwaragiye hehe? Bitewe nuko nama kampani ya Leta aza kugura iyi fumbire baba babona ko itegurwa neza cyane bitewe n’uko iteguranwa uburambe. 

‎Uyu muyobozi wa BIDEC GROUP LTD bwana NGARUKIYE Evariste yasoje atangaza ko kampani zose n’amakoperative bigiye kujya biza kugura ifumbire y’imborera iri hejuru ya Toni 1000 abo ngabo bazabashyiriraho igabanyirizwa rya 10% kubera ari abakiliya bafatika bahoraho ati”Turamenyesha abaturage bo mu mirenge yaho dukorera hose mu Rwanda ko bajya bagerageza bagategura amakoperative, bagategura amademoporote, tukazana ifumbire n’abo bakazana imbuto tugafumbira tukereka abaturage bose bakamenya ukuri kw’ibintu uko bihagaze”.

Abagura ifumbire y’imborera imyaka yabo iba isa neza cyane iteye amabengeza
Iyi fumbire ni nziza cyane
BIDEC Group Ltd ni abahanga mu gutegura neza iyi fumbire
Ifumbire yabo ikoranwa ubuhanga
Aho bayitegurira ni uku haba hameze

YANDITSWE NA FRATERNE MUDATINYA JR.

Related Post

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *