Perezida Kagame yashimiye abamwifurije isabukuru nziza

120 0

Ku wa kane  tariki  ya 23 Ukwakira 20225 nibwo Perezida wa Repubulika Paul Kagame yujuje  imyaka 68 y’amavuko ,umunsi abanyarwanda mu nzegi zose  ndetse nabayobozi  bakomeye kw’isi bamwifurije isabukuru nziaa n gukomeza kuramba babinyujije ku mbuga nkoranyamba zabo.

Nawe ntiyazuyaje  gufata  umwanya  wo gushimira abo bise bafashe  umwnaya bakamwifuruza isabukuru nziza y’amavuko .

Perezida Kagame abinyujije kuri X yashimiye buri umwe wamwifurije isabukuru nziza anabasabira umugisha.

Yanditse ati: “Ku nshuti nyinshi, Abayobozi n’abandi banyifurije ibyiza ntabwo nagize amahirwe yo kumenya buri umwe ku giti cye, ndashaka kubashimira byimazeyo ku bwo kunyifuruza ibyiza mu isabukuru y’Amavuko. Imigisha”.

Umukuru w’Igihugu yavutse ku wa Gatatu tariki 23 Ukwakira 1957, avukira ku musozi wa Nyarutovu muri Tambwe, mu Ruhango y’ubu, ku Ngoma y’Umwami Mutara III Rudahigwa.

Yavutse ari umuhererezi mu muryango w’abana batandatu, abahungu babiri n’abakobwa bane kuri se Rutagambwa Deogratias na Bisinda Asteria Rutagambwa.

Perezida Paul Kagame  ayoboye u Rwanda kuva 22 Gicurasi 2000 kugeza ubu

Sean P

NSANZABERA Jean Paul uzwi nka Sean P ni Umwanditsi w’inkuru ufite ubumenyi n’ubushishozi mu ruganda rw’imyidagaduro rwo mu Rwanda , aho amaze kurugiramo uruhare rukomeye kuva mu 2010. Yanakoranye n’itangazamakuru ritandukanye hano mu Rwanda mu gihe kirenga imyaka 15. Afite inyota yo gukurikirana amakuru agezweho no kuyageza ku basomyi mu buryo bwihuse. Ushobora kumumenya no kumukurikira kurushaho unyuze ku mbuga ze nkoranyambaga.

Related Post

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *