Ndagijimana Léonard wigeze kuba Umudepite mu Nteko yatorewe kuyobora Ishyaka Riharanira Demokarasi Ihuza Abanyarwanda

41 0

Ndagijimana Léonard wigeze kuba Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yatorewe kuyobora Ishyaka Riharanira Demokarasi Ihuza Abanyarwanda (PDC), muri manda y’imyaka itanu, asimbuye Me Mukabaranga Agnès wari umaze imyaka irenga 10 ayobora iri shyaka.

Byabereye mu matora y’inzego z’ubuyobozi zose z’iri shyaka yabereye i Kigali kuri uyu wa 9 Kanama 2026, yitabirwa n’abahagarariye abandi muri iri shyaka kuva ku nzego z’uturere kugeza ku rwego rw’igihugu.

Byemejwe

Related Post

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *