RUBAVU: Ukekwaho gushaka kwiba mu INGANJI Sacco yarashwe mu cyico

75 0

Umusekerite warurinze SACCO yitwa Inganji SACCO Rubavu, Ishami rya Nyamyumba, mu Murenge wa Nyamyumba, mu Karere ka Rubavu, mu ijoro ryo ku wa Gatanu, rishyira kuri uyu wa Gatandatu, yishe umuntu ukekwaho ko yaraje kwiba kuri iyi SACCO arapfa.

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Iburengerazuba, SP Sylvestre Twajamahoro, nawe yemereye Mama Urwagasabo TV dukesha makuru.

Aho yagize ati”Nibyo byabaye koko umusecurity yarashe umuntu wuriraga igipangu cya SACCO ya Microfinance. Inzego zibishinzwe ziracyakora iperereza kugira ngo hamenyekane neza imiterere y’iki kibazo, andi makuru twabameyesha tumaze kumenya icyavuye mu iperereza”.

Related Post

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *