Ese mwari muziko ko Shaddy Boo yakeje Mike Kayihura? Soma inkuru

146 0

Mbabazi Shadia wamamaye ku mbuga nkoranyambaga, yagaragaje ko Mike Kayihura ari we muhanzi yemera cyane mu bahanzi bose bo mu Rwanda.

Yavuze ko umuziki we ufite umwihariko wo gutuma abantu bamera neza cyane mu buryo bw’amarangamutima, bitandukanye n’abandi.

Ati “Mike Kayihura ni umwe mu bahanzi nyarwanda nkunda cyane. Umuziki we uroroshye, kandi urihariye mu gutuma abantu bagira amarangamutima cyane. Atanga ikintu cy’umwihariko ku muziki nyarwanda.”

Related Post

Posted by - September 24, 2025 0
Umuhanzi w’umunyanijeriya Davido yagizwe  umunyamuryango mushya uri  mu batora muri Recording Academy, mbere y’igihembo cya Grammys 2026. Nk’umunyamuryango utora, Davido…

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *