Winnie Nwagi yakuriye inzira ku murima abatanyurwa n’imyambarire ye

113 0

Umuhanzikazi wo muri Uganda, Winnie Nwagi yeruriye abifuza ko ahindura imyambarire ye, kuko uburyo yambara babona butiyubashye.

Mu kiganiro aherutse kugirana n’ikinyamakuru ‘Bukedde TV’, yavuze ko adateze na rimwe guhindura imyambarire kubera igitutu cy’abantu bashaka ko yambara uko babishaka.

Yashimangiye ko we yambara bigendaye n’ibyo yumva bimushimishije, ariko ntabwo aba agamije gushimisha abantu.

“Nambara ibikwiranye n’umubiri wange. Iyo mbyutse nkumva ndambiwe no kwambara imyenda migufi, mpita nambara imyenda miremire.”

Related Post

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *