0SHARES Zari Hassan yagiriye inama Rema Namakula yo kutita ku rusaku rwo ku mbuga nkoranyambaga” Posted by Sean P - September 10, 2025 Mu gihe ibihuha bikomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga bivuga ko mu rugo rwa Rema Namakula na umugabo we Dr. Hamza…
0SHARES Yemi Alade agiye gutangira gucuruza ibikoresho bye by’ubwiza yise Yem Beauty mu Rwanda Posted by Sean P - September 10, 2025 Umuhanzikazi wo mu gihugu cya Nijeriya Yemi Alade yatangaje ko guhera tariki 1 Ukwakira 2025 azaba yamaze kugeza ku isoko…
0SHARES Weasel yongeye gushimnagira ko akunda Teta Sandra nk’ umugore we Posted by Sean P - September 10, 2025 Weasel Manizzo umaze igihe arembeye iwe mu rugo nyuma yo kugongwa n’umugore we, Teta Sandra, yavuze ko nta kibazo bafitanye.…
0SHARES Bazikoze bagisohoka muri Gereza! Dore indirimbo 7 bamwe mu bahanzi Nyarwanda basohoye bafunguwe Posted by admin - September 9, 2025 Gufungwa ni isomo rikomeye utiga mu ishuri, cyangwa ngo uhabwe n’umwarimu. Ni yo mpamvu umuraperi Jay Polly mu ndirimbo yakoranye…
0SHARES Amafoto: Reba uburanga bw’umukunzi wa Niyo Bosco Posted by admin - September 9, 2025 Niyo Bosco yagaragaje ko yihebeye inkumi yitwa Mukamisha Irene bamaze igihe bakundana, abihamisha imitoma myinshi yamuteye mu rwego rwo kumwifuriza…
0SHARES Cindy Nachap Kezia yegukanye ikamba rya Nyampinga w’Ubukerarugendo muri Uganda Posted by admin - September 9, 2025 Umukobwa witwa Cindy Nachap Kezia yegukanye ikamba rya Nyampinga w’Ubukerarugendo (Miss Tourism Uganda 2025) nyuma y’igihe kirekire hari amatora muri…
0SHARES Kidumu yansiye amasezerano yo kwamamaza ikinyobwa cya Be One Gin Posted by Sean P - September 9, 2025 Kidum uri mu bahanzi bakomeye i Burundi akaba umwe mu bamaranye igihe igikundiro mu muziki w’Akarere ka Afurika y’Iburasirazuba, yahawe…
0SHARES Miss Akaliza Amanda yakoreye ubukwe mu Bufaransa – AMAFOTO Posted by admin - September 8, 2025 Akaliza Amanda wabaye igisonga cya mbere cya Nyampinga w’u Rwanda 2021, yarushinze n’umukunzi we Jonas Treize mu birori by’akataraboneka byabereye…
0SHARES Indirimbo izasohoka ariko sinshyizeho igihe – Bruce Melodie kuri “Pom Pom” yakoranye na Diamond Posted by admin - September 8, 2025 Bruce Melodie yavuze ko indirimbo ye na Diamond izasohoka ariko atavuga ngo izasohokera iki gihe kubera ko ari indirimbo nini…
0SHARES Si umwuga w’uburaya! Impanuro za DJ Flix ku bifuza kujya mu mwuga wo kuvanga imiziki Posted by admin - September 8, 2025 Umunyarwandakazi ukiri muto, wihebeye umwuga wo kuvanga indirimbo, Dj Flix yatunyiriyemo urugendo rwo kugera ku nzozi zo kuba umuvangamiziki ukomeye…