UGANDA: ROBERT MUTUNGI yakoresheje $150,000 mu gikorwa yatumiyemo THE BEN

22 0

Umuherwe ROBERT MUTUNGI wo muri Uganda yishuye akayabo $150,000 ATUMIZA MU RWANDA UMUHANZI W’ICYAMAMARE THE BEN MU ISABUKURU Y’UMUGORE WE OLIVIA

Robert Mutungi yakoze ibidasanzwe mu kwizihiza isabukuru y’amavuko y’umugore we Olivia, aho bivugwa ko yakoresheje amafaranga arenga $150,000.

Mu rwego rwo gukora ibirori bidasanzwe, Mutungi yatumiye mu Rwanda icyamamare mu muziki The Ben, anatumiza n’abandi bahanzi bakomeye bo muri Uganda, kugira ngo basusurutse abari bitabiriye ibi birori byihariye.

Ibi birori by’isabukuru byari byateguwe mu buryo bw’ibanga kandi byitabiriwe n’abatumirwa bagera kuri 30 gusa, bituma birushaho kuba ibirori byihariye kandi by’agaciro gakomeye.

Facebook Comments Box

Related Post

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *