Umuherwe ROBERT MUTUNGI wo muri Uganda yishuye akayabo $150,000 ATUMIZA MU RWANDA UMUHANZI W’ICYAMAMARE THE BEN MU ISABUKURU Y’UMUGORE WE OLIVIA
Robert Mutungi yakoze ibidasanzwe mu kwizihiza isabukuru y’amavuko y’umugore we Olivia, aho bivugwa ko yakoresheje amafaranga arenga $150,000.
Mu rwego rwo gukora ibirori bidasanzwe, Mutungi yatumiye mu Rwanda icyamamare mu muziki The Ben, anatumiza n’abandi bahanzi bakomeye bo muri Uganda, kugira ngo basusurutse abari bitabiriye ibi birori byihariye.
Ibi birori by’isabukuru byari byateguwe mu buryo bw’ibanga kandi byitabiriwe n’abatumirwa bagera kuri 30 gusa, bituma birushaho kuba ibirori byihariye kandi by’agaciro gakomeye.
Facebook Comments Box
