Keffe D yahamijwe icyaha cyo kugira uruhare mu rupfu rwa Tupac
Duane ‘Keffe D’ Davis wahoze ayobora agatsiko k’abagizi ba nabi, yahamijwe icyaha cyo kugira uruhare mu iyicwa ry’umuraperi w’icyamamare Tupac Shakur, wishwe arashwe tariki 07 Nzeri 1996.
Ubushinjacyaha bwavuze ko nubwo Davis atari we warashe Tupac, ariko niwe wateguye igitero ndetse atanga imbunda yakoreshejwe n’umwishywa we Orlando Anderson, ukekwaho kuba ari we warashe amasasu yishe uyu muraperi.
Facebook Comments Box
