0SHARES Inzu 600 zigezweho zigiye kubakwa mu gace ka Kibiraro na Kangongo Posted by Sean P - September 12, 2025 Inzu zigera kuri 600 zigiye kubakwa mu buryo bugezweho mu midugudu ya Kangongo na Kibiraro mu Mujyi wa Kigali, zikazatuza…
0SHARES Gatsibo: Umugobo yafunzwe azira gutema insina 100 za mugenzi we bari bashwanye Posted by admin - September 12, 2025 Inzego z’umutekano zo mu Karere ka Gatsibo, zataye muri yombi umugabo ukekwaho gutema insina 100 za mugenzi we, nyuma yo…
0SHARES Nyamirambo : Polisi yataye muri yombi umwe mu basore bagaragaye batema umukobwa Posted by Sean P - September 12, 2025 Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yamaze guta muri yombi umwe mu basore batatu bagaragaraye mu mashusho bakubita, kwambura, bakanakomeretsa umukobwa…
0SHARES Nyarugenge: Polisi iri guhigisha uruhindu abasore bagaragaye bakomeretsa umukobwa Posted by admin - September 12, 2025 Polisi y’u Rwanda yatangaje ko iri gushakisha abasore batatu bagaragaraye mu mashusho bakubita bakanakomeretsa umukobwa mu Murenge wa Nyarugenge. …
0SHARES Guverinoma y’u Rwanda yamaganye ibitero Israel yagabye kuri Qatar Posted by admin - September 11, 2025 Guverinoma y’u Rwanda yamaganye ibitero Israel yagabye kuri Qatar tariki 9 Nzeri 2025, igambiriye kwivugana abayobozi b’Umutwe wa Hamas bari…
0SHARES Leta yu Rwanda n’iya Liberia byasinyanye amasezerano yo gukuriraho abaturage Visa Posted by Sean P - September 11, 2025 Guverinoma y’u Rwanda n’iya Liberia byasinyanye amasezerano yo gushyiraho Komisiyo ihuriweho iziga ku bijyanye n’imikoranire n’ikurwaho rya visa hagati y’ibihugu…
0SHARES U Rwanda rwaciriye ku mayange DRC, ko irimo igerageza kurenga umurongo utukura. Posted by Kwizera Elly - September 10, 2025 Guverinoma y’ U Rwanda yagaragarije amahanga ko Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje gukora igisa n’ubushotoranyi bukabije mu buryo butandukanye…
0SHARES Perezida Kagame yakiriye Umuyobozi w’Ibiro by’Igihugu by’Itangazamakuru muri UAE Posted by Sean P - September 10, 2025 Kuri uyu wa 09 Nzeri 2025, Perezida Paul Kagame yakiriye mu biro bye Sheikh Abdulla bin Mohammed bin Butti Al…
0SHARES Gasabo, Bari mu rujijo nyuma yo kujya gukosoza ibyangombwa by’ubutaka bagerayo bagasanga butakitwa ubwabo Posted by admin - September 10, 2025 Bamwe mu baturage bo mu Mudugudu wa Gashuri mu Kagari ka Kibagabaga Umurenge wa Kimironko mu Karere ka Gasabo, baravuga…
0SHARES U Rwanda na Sénégal byasinye amasezerano ajyanye n’ubwikorezi bwo mu kirere Posted by Sean P - September 9, 2025 Ku wa Mbere tariki ya 8 Nzeri, u Rwanda na Senegal byasinyanye amasezerano yo guhererekanya serivisi z’indege (BASA), agamije kongerera…